• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka rya Ensemble pour La République, riri mu Nama idasanzwe i Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga.

minebwenews by minebwenews
February 5, 2024
in Regional Politics
0
Ishyaka rya Ensemble pour La République, riri mu Nama idasanzwe i Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 05/02/2024, i Lubumbashi k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga, ha huriye abagize i Shyaka rya Ensemble pour La République, aho bagiye kwigira hamwe kubakandida babo batowe ku mwanya wabadepite k’u rwego rw’igihugu.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Abagera kuri makumyabiri n’abatatu(23), bo muri ir’i Shyaka rya Ensemble pour La République, riyobowe na Moïse Katumbi Chapwe, nibo babashe gutsinda Amatora y’abadepite aheruka kuya 20/12/2023.

Nk’uko iy’inkuru ikomeza ivuga n’uko i Nama yakoranijwe n’ubuyobozi bukuru bw’i Shyaka rya Ensemble pour La République, bivugwa ko i Nama ya yobowe n’u muyobozi mukuru Moïse Katumbi, bateranye kugira ngo bigire hamwe ibi bikurikira:

Kurebera hamwe uko bazakora mu Inteko Nshinga mategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo no ku rwego rw’Intara ndetse n’uburyo abajanama bazakora mukigize Komine.

Ikindi baraza kureberahamwe icyo bakora mu matora ya ba Guverineri ateganijwe kuba muri RDC.

Biteganijwe ko iyo Nama izashira imyanzuro hanze k’u munsi w’ejo hazaza tariki ya 06/02/2024, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bukuru bw’i Shaka rya Ensemble pour La République.

Tu bibutseko ko Moïse Katumbi Chapwe, uyoboye iryo Shyaka yari mu bakandida biyamamariza ga umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora aheruka kuba muri RDC, akaba yarabonye amajwi muri ayo matora angana na 18%, mu gihe perezida Félix Tshisekedi watsinze amatora yabonye amajwi 73%.

Bruce Bahanda.

Tags: Ensemble pour La RépubliqueRiri mu Nama idasanzwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Minisiteri y’Ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yemeje ko ingabo z’iki gihugu ko zikomeje gutsindwa urugamba bahanganyemo na M23.

Minisiteri y'Ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yemeje ko ingabo z'iki gihugu ko zikomeje gutsindwa urugamba bahanganyemo na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?