• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Isi igiye kubona ikintu gikomeye nyuma y’impinduka zagaragaye ku ntambara ya Israel na Iran.

minebwenews by minebwenews
June 20, 2025
in World News
0
Isi igiye kubona ikintu gikomeye nyuma y’impinduka zagaragaye ku ntambara ya Israel na Iran.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Isi igiye kubona ikintu gikomeye nyuma y’impinduka zagaragaye ku ntambara ya Israel na Iran.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Yaba uruhande rwa Israel cyangwa urwa Iran, buri rumwe rugenda rurushaho gutera urwabo ubwoba, mu rwego rwo kugaragaza umurego w’uburakari ku ntamabara ihanganishije ibi bihugu byombi, kimwecyo, isi yaba igiye kubona akaga nyuma y’aho Israel inaniwe gusenya ikigo cya Fordo gitunganya ingufu za nucléaire cya Iran cyubatse ikuzimu.

Minisitiri w’ingabo za Israel, Katz, ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 19/06/2025, yatangaje amagambo akakaye kandi agwiriyemo uburakari bukomeye, ndetse yasaga n’uri gutera ubwoba umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ali Ayatollah.

Uyu muyobozi wo muri Israel yavuze aya magambo nyuma y’igitero cy’ibisasu bya misile bya Iran byibasiye ibitaro by’i Tel Aviv ku murwa mukuru w’iki gihugu cye.

Associated Press, yatanze aya makuru yavuze ko “Katz yayibwiye ko ingabo za Israel zahawe amabwiriza n’intego zose zishoboka yuko, Ali Ayatollah adakwiye kubaho.”

Mubutumwa Katz yanyujije ku rukuta rwa x, yavuze ko Khmenei Ayatollah Ali, “ari umugome w’umugira nabi.”

Yongeraho kandi ati: “Ni umutegetsi w’umunyagitugu, uri kwihisha mubuvumo bukomeye kandi akohereza ibisasu bigamije kwica abaturage, birimo n’ibitaro n’inzu zituwe n’abantu.

Undi wavuze ibikakaye ni minisitiri w’intebe w’iki gihugu cya Israel, Benjamin Netanyahu, aho nawe yatangaje ko Iran igiye kuryozwa igitero yakoze ku bitaro.

Yagize ati: “Iran izaryozwa igitero yaraye ikoze ku bitaro.”

Netanyahu yanarahiriye ko umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Khmenei Ayatollah Ali, azicwa, ati: “Khmenei agomba kwicwa , ni bwo Iran izareka gutera ibisasu muri Israel.”

Ibyo babivuze mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika zari mu nama idasanzwe yiga icyo yakora ku ntambara ihanganishije Iran na Israel.

Amakuru avuga ko iyo nama yabereye mu cyumba kireberwamo uko ibintu bimeze (Situation room).

Ni nama yahuje perezida Donald Trump n’abakuru b’igisirikare b’iki gihugu cy’igihangange ku isi.

Iyi nama wayita ko ari mwe muzishobora kuzaba mbi mu mateka y’isi, ishobora kurangira hamenyekanye umugambi wo gutera igisasu kiremereye cyane GBU57/A/B mop, iki kikaba ari kabuhariwe mu guturitsa ubuvumo.

Aya makuru anagaragaza ko Amerika yagiye muri iyi nama nyuma y’aho Israel yemeye ko yananiwe gusenya ikigo cya Fordo cyo muri Iran gitunganya ingufu kirimbuzi za nucléaire. Bityo Israel ihitamo gusaba Amerika kuyifasha ku gisenya.

Ni ikigo amakuru akomeza avuga ko kiri mubikomeye ku Isi. Kandi kugira ngo Amerika izagisenye bizayisaba kukirasisha ibisasu biremereye nk’ibyo twavuze haruguru.

Hagataho, iyi ntambara irakomeje hagati y’impande zombi.

Tags: AmerikaFardoIranIsrael
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
I Mulenge: Herekanwe imbunda iheruka gufatwa ibabaza Wazalendo.

Haravugwa igitero cyerekeje mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?