• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Isi yose ibireba amateka y’iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y’amagare yakurikiwe bidasanzwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 29, 2025
in sport & entertainment
0
Isi yose ibireba amateka y’iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y’amagare yakurikiwe bidasanzwe
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Isi yose ibireba amateka y’iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y’amagare yakurikiwe bidasanzwe

You might also like

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Mu isiganwa ryagaragayemo amazina ayoboye ayandi mu mukino w’amagare, Tadej Pogacare, w’Umunya-Slovania ni we wegukanye umwanya wa mbere w’iyi shampiyona yaberaga mu Rwanda ku mugabane wa Afrika.

Iri rushanwa ry’itabiriwe hafi n’isi yose, kuko Abanyamerika, Abanyaburayi, Abanyazia n’Abanyafrika ndetse n’abaturutse mu bice byose by’isi, wabonaga bitwaje amabendera y’ibihugu byose byitabiriye iri rushanwa.

Ku munsi wa nyuma wa shampiyona y’amagare ari na wo wa munani, hakinwe icyiciro cy’abagabo cyarimo abakinyi 162, bakora intera y’ibirometero 267,5 babanje gutangirira i Kigali Convention center, bakabanza kuzenguruka inshuro icyenda mu bice birimo Gishushu, Nyarutarama, Kimihurura bagasubira kuri KCC.

Nyuma yaziriya nshuro, bahise berekeza i Karama kuri Ruliba, banahasangaga abantu ibihumbi n’ibihumbi babategereje by’umwihariko Nyabugogo ho hari hakubise huzuye.

Umunya-Slovania, Tadej Pogacare ni mero ya mbere ku isi mu mukino w’amagare, yahagurukije igare, yanikira abandi, ahita akurikirarwa n’Umunya-Mexico Isaac Del Toro bakinana mu ikipe ya UAE Team Emirates xrg, banamanukanye Nyamirambo bakanazamukana ku gasozi gaterera kurusha utundi ahazwi nko kwa Mutwe.

Ni agasozi amashusho agaragaza ko bakazamutse bonyine, ibyatumye bakomeza kuyobora isiganwa ry’amagare, barakomeza bagera kuri Kigali Convention center bakiyoboye , ubundi batangira kongera kuzenguruka inshuro zari zisigaye.

Umubiligi Remco Evenepoel na we wahabwaga amahirwe yo kwegukana iyi shampiyona, ubwo yasatiraga kuri KCC, yabanje guhindura igare , ariko riza ku mutenguha bamaze kuzenguruka inshuro imwe, agasaba ubufasha kugira ngo bamusubize iryo yajanye i Karama, ariko bagatinda kurimushyikiriza, byageze aho akanafata ibyemezo cyo guhagarara kuko irindi ryari ryagize ikibazo, akanagaragaza umujinya mwinshi ko bari ku mutindira.

Uretse uyu munya-slovania wegukanye umudali wa Zahabu, ku mwanya wa kabiri haje Umubiligi, Remco Evenepoel na we wahabwaga amahirwe ko ashobora kwegukana iyi shampiyona, we yegukanye umudali wa feza arushwa umunota 01: 28 na Pogacare.

Umwanya wa gatatu wajemo Umunya-Irelande Ben Heavly wasizwe iminota 02:13 na we yakunze guhatana cyane n’Umunya-Denmark Mattias Skjelmose, akaza kumusiga mu birometeri bitanu bya nyuma, ariko na we akaza kwegukana uyu mwanya wa gatatu, yarushijwe iminota 02: 53.

Indi myanya yo mu bakinnyi icumi ba mbere:

Uwa kane wegukanwe na Mattias Skjelmose, ni Umunya-Denmark
Uwa gatanu wegukanwa na Toms Skujins ni umunya-Latvian
Uwa gatandatu utwara Giulio Ciccone wo muri Italie
Uwa karindwi wegukanwa na Toro Romero wo muri Mexico
Naho Juan Ayuso wo muri Espanye yegukana umwanya wa munani

Afonso Eulalio wo muri Portugal yegukana uwa cyenda, mu gihe Thomas Pidcock wo muri Great Britain yegukanye uwa cumi.

Abakinyi batandatu ba Banyarwanda bari muri iri rushanwa ntanumwe wabashije kurisoza.

Ni na ko byagenze no kubandi bakinyi hafi yabose bo kumugabane wa Afrika, usibye umunya-Eritrea Manual Ghebrezghbier wenyine, mu gihe abandi benshi bavuyemo hatarabaho kwerekeza i Karama.

Tags: KigaliShampiyona y'amagare
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend Weekend y’iki cyumweru yari yuzuyemo ibihe bishimishije muri shampiyona ya Premier League, aho amakipe menshi yakinnye imikino ishimishije, abakinnyi...

Read moreDetails
Next Post
Igiterane cya Eben-Ezer mu Minembwe cyabayemo umunezero udasanzwe

Igiterane cya Eben-Ezer mu Minembwe cyabayemo umunezero udasanzwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?