• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, February 16, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 13, 2025
in World News
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

You might also like

Ikimenyetso cy’Ubwiyongere bw’Umwuka Mubi mu Karere k’Uburasirazuba bwo Hagati

Intambwe Ishobora Gukaza Umwuka w’Intambara Hagati ya Israel n’Abanya-Palestine

Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye

Israel ibinyujije kuri minisitiri wayo w’intebe, Benjamin Netanyahu yakuriye inzira ku murima buri wese utekereza ko hazabaho Leta ya Palestine, avuga ko ibice byayo byose ko ari ibyabo.

Ni nyuma y’aho ku wa gatanu tariki ya 12/09/2025, ibihugu biri mu muryango w’Abibumbye byatoye bishigikira amahame yiswe aya New York, ajanye no gushyinga Leta ya Palestine.

Aya mahame bivugwa ko agizwe n’ingingo zirindwi zagizwemo uruhare n’u Bufaransa na Arabie Saudite. Akaba yaremejwe muri uyu mwaka wa 2025 mu nama y’umuryango wa Loni wo kugabanya abanya-Israel n’Abanya-Palestine igihugu.

Iki gitekerezo cyo kugabanya Abanya-Palestine n’Abanya-Israel igihugu ntabwo ari gishya, kuko cyemejwe bwa mbere muri Loni 1947, gusa ishyirwa mu bikorwa ryacyo ryagiye rizamo ibibazo, ari na yo mpamvu ryongeye kuganirwaho.

Bivugwa ko aya mahame ya New York agaragaza ko gahunda yo kugabanya abanya-Israel n’Abanya-Palestine igihugu agomba gushyirwa mu bikorwa mu gihe cy’amezi 15 agabanyije mu byiciro bitandukanye.

Avuga ko hakwiye kubaho igihugu cyitwa Palestine gifite ubusugire, cyigenga, giteye imbere mu bukungu kandi kigendera kuri demokarasi, ariko ntikigire igisirikare.

Agena kandi ko Hamas ikwiye kurambika intwaro hasi, ubuyobozi bwa Gaza ikabushyira mu biganza bya Palestine, hanyuma ibihugu by’amahanga bikemera Palestine nk’igihugu.

Rero kuri uyu wa gatanu ibihugu bigize umuryango w’Abibumbye, birimo u Bufaransa, u Bwongereza, u Bubiligi, Qatar n’ibindi byaratoye bishyigikira ari ya mahame yo kugira Palestine igihugu cyigenga.

Hanyuma ibihugu byatoye yego ni 142, ibyatoye oya ni 10 birimo Israel, Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Tonga na Hongrie.

Ibihugu byifashe ni 12 birimo Repubulika ya demokarasi ya Congo Guatemala, Ethiopia, Fiji, Sudan y’Epfo, Somalia n’ibindi.

Nyuma yayo matora, minisitiri w’intebe wa Israel, yavuze ko iyo Leta itazabaho.

Yagize ati: “Nta na rimwe hazabaho Leta ya Palestine, ibice byayo byose ni bya Israel.”

Yashimangiye ibi ati: “Nu tekereza ko iyo Leta izabaho agende abyibagirwe guhera uyu munsi.”

Ibi bisa no gukurira inzira ku murima buri wese utekereza ku mahoro n’ibisubizo binyuze muri Leta ya Palestine.

Tags: IsraelLoniPalestine
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ikimenyetso cy’Ubwiyongere bw’Umwuka Mubi mu Karere k’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Ikimenyetso cy’Ubwiyongere bw’Umwuka Mubi mu Karere k’Uburasirazuba bwo Hagati

Ikimenyetso cy’Ubwiyongere bw’Umwuka Mubi mu Karere k’Uburasirazuba bwo Hagati Ubwato rutura bw’intambara bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwasatiriye amazi yegereye igihugu cya Iran, mu gihe umwuka wa...

Read moreDetails

Intambwe Ishobora Gukaza Umwuka w’Intambara Hagati ya Israel n’Abanya-Palestine

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Intambwe Ishobora Gukaza Umwuka w’Intambara Hagati ya Israel n’Abanya-Palestine

Intambwe Ishobora Gukaza Umwuka w’Intambara Hagati ya Israel n’Abanya-Palestine Guverinoma ya Isiraheli yemeje gahunda nshya igamije gutangira kwiyandikishaho ubutaka bwo mu gace ka West Bank nk’“ubutaka bwa Leta”....

Read moreDetails

Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye

by Bahanda Bruce
February 12, 2026
0
Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye

Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakiriye Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko

by Bahanda Bruce
February 11, 2026
0
Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko

Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11/02/2026, inteko ishinga amategeko ya Turukiya iherereye i Ankara yahuye n’imvururu zikomeye, ubwo abadepite bahanganye...

Read moreDetails

Perezida Emmanuel Macron Yatunguranye Atangaza Amagambo Akakaye ku Butegetsi bwa Donald Trump

by Bahanda Bruce
February 11, 2026
0
Perezida Emmanuel Macron Yatunguranye Atangaza Amagambo Akakaye ku Butegetsi bwa Donald Trump

Perezida Emmanuel Macron Yatunguranye Atangaza Amagambo Akakaye ku Butegetsi bwa Donald Trump Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump “buhagaze ku mugaragaro burwanya u...

Read moreDetails
Next Post
U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y'u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?