• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 15, 2025
in World News
0
Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye.

You might also like

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yasuye mu gace Iran yarashemo k’i Tel Aviv muri Israel, agera aho ibisasu byaraye bisenyaguye.

Abantu icumi ni bo bahitanywe n’ibitero bya Iran byagabwe hirya no hino mu gihugu kuva biriya bitero bitangiye mugitondo cyo ku wa gatanu.

Perezida wa Israel, Isaac Herzog na we yasuye agace ka Beit Yam, mu majy’Epfo y’i Tel Aviv nyuma y’ibitero bya Iran.

Aba bayobozi bombi bo muri Israel bashinja Iran kugaba ibitero bigamije kwica abana basinziriye barokotse genocide ya Holocaust, abaisilamu bahitwa Tamra, abayahudi, abanyaisraeli n’abanyapalestine.

Perezida w’iki gihugu, Isaac Herzog yanavuze ko Israel iri mu kiriyo kandi ko irimo kurwana ngo ikureho icyago.

Hagataho, igisirikare cya Iran cyemeje ko Israel yabiciye abasirikare barwanira mu kirere barindwi barimo n’umugaba mukuru wabo, Amir Ali Hajizadeh; iki gisirikare kandi gihamya ko bapfuye ku wa gatanu, nubwo andi makuru yo avuga ko hapfuye abasirikare 9 ba Iran kandi bose ngo bari abayobozi bo hejuru.

Nyuma y’iyicwa ry’abariya basirikare bakuru ba Iran, barimo n’umugaba mukuru wabo, bahise bamusimbuza undi witwa Sayyid Majid Mousavi.

Tags: IbisasuNetanyahuYasuye
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe. Indege y'igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b'igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana. Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku...

Read moreDetails

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Rwanda has officially embarked on the rollout of its new Single Digital Identification System (SDIS), a cutting-edge platform designed to revolutionize identity management in the country. The initiative,...

Read moreDetails

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano. Muri Israel abantu babarirwa mu bihumbi imirongo biraye mu mihanda y'umujyi w'i Tel Aviv, mu myigaragambyo yo kwamagana...

Read moreDetails

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, na perezida Vladimir Putin w'u Burusiya, bemeranyije...

Read moreDetails

Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege muri Ghana.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege muri Ghana.

Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y'indege muri Ghana. Dr Edward Omane Boamah wari minisitiri w'ingabo na minisitiri w'ibidukikije, Siyansi n'ikoranabuhanga, Ibrahim Murtala Muhammad bishwe n'impanuka y'indege ya gisirikare,...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Nyuma yo guhura n'abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?