Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yagize ibyo yemera kugira ngo amahoro agaruke.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 2, 2025
in World News
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yagize ibyo yemera kugira ngo amahoro agaruke.

You might also like

Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda.

Indege y’ingabo za Uganda yakoze impanuka.

Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye.

Leta ya Israel yemeye ibikenewe byose kugira ngo hashyirweho ihagarikwa ry’intambara muri Gaza hagati yayo na Hamas iyo bavuga ko ishigikiwe na Iran.

Ni byatangajwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump watangaje ko Israel yemeye ibikenewe byose kugira ngo hasinywe amasezerano yo guhagarika imirwano mu gihe cy’iminsi 60. Muri icyo gihe ngo azakomeza gukorana n’impande zose harebwa uko intambara yarangira.

Iyi gahunda izagezwa kuri Hamas n’abahuza bo muri Qatar na Misiri.

Ibi bibaye nyuma y’aho perezida Trump yagiye inama Hamas, abibutsa ko kwanga kwemera ayo masezerano bizateza ibibazo biruhije.

Ariko avuga ko intumwa za Qatar na Misiri ari zo zizashyikiriza Hamas ubu busabe bwa nyuma.

Yagize ati: “Nizere ko ku nyungu z’akarere k’uburasirazuba bwo hagati, Hamas yemera aya masezerano, kuko nta cyiza izabona kirenze ibi, kuko ibizakurikira bizaba kurushaho.”

Mu kiganiro kindi Trump yagiranye n’abanyamakuru mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/07/2025, yatangaje ko yizeye ko amasezerano yo guhagarika imirwano no kurekura imbohe hagati ya Israel na Hamas, ashobora kugerwaho mu cyumweru gitaha, ari na bwo biteganyijwe ko azahura na minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu muri White House.

Ku rundi ruhande Hamas yatangaje ko yiteguye kurekura imbohe za Israel zasigaye ziri muri Gaza mu gihe cyose habayeho amasezerano arangiza intambara.

Israel yo yari yatangaje mbere ko intambara izahagarara ari uko Hamas yambuwe intwaro kandi ikavaho burundu.

Intambara ya Israel na Hamas yatangiye tariki ya 07/10/2023, ubwo umutwe wa Hamas wagabaga igitero kuri Israel, byahitanye abantu barenga 1200 abandi barenga 251 bagafatwa bugwate n’uyu mutwe wa Hamas.

Tags: Guhagarika intambaraHamasIsrael
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda.

Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda. Abasirikare ba Uganda barimo ba ofisiye n'ufite ipeti rya General bakoraga mu ishami ry'ubwubatsi byategetswe ko bafungwa. Ni umugaba mukuru w'Ingabo...

Read moreDetails

Indege y’ingabo za Uganda yakoze impanuka.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Indege y’ingabo za Uganda yakoze impanuka.

Indege y'ingabo za Uganda yakoze impanuka. Indege y'igisirikare cya Uganda yo mu bwoko bwa Kajugujugu yaritwaye abantu yakoze impanuka nyuma y'aho yari maze kugera ku kibuga mpuzamahanga cya...

Read moreDetails

Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye.

Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye. Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuganye na mugenzi we w'u Burusiya Vradimir Putin, ikiganiro cyabo...

Read moreDetails

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

by Bruce Bahanda
July 1, 2025
0
Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy'amahoro. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko ari ngombwa ko Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, akwiye igihembo...

Read moreDetails

Iran yasabye L’oni ikintu gikomeye gukora kuri America na Israel.

by Bruce Bahanda
June 30, 2025
0
Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

Iran yasabye L'oni ikintu gikomeye gukora kuri America na Israel. Iran yasabye umuryango w'Abibumbye guhatiriza Israel na Leta Zunze ubumwe z'Amerika kwemera ko aribyo byazanye intambara yamaze iminsi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?