• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yibwe amakuru yo mu ibanga ryayo rikomeye.

minebwenews by minebwenews
June 9, 2025
in World News
0
Israel yibwe amakuru yo mu ibanga ryayo rikomeye.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yibwe amakuru yo mu ibanga ryayo rikomeye.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Iran yigambye kwiba amakuru y’ibanga y’ubutsi bwa Leta ya Israel arimo ajyanye n’intwaro kirimbuzi n’uburyo iki gihugu cyirinda ibitero ndetse n’uburyo gihagaze ku mitegurire y’intambara.

Ni amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru bya Iran , aho na televiziyo y’icyo gihugu yabitangaje ivuga ko intasi za Iran zabonye amakuru akomeye ya Leta ya Israel.

Bivugwa ko Iran yari imaze iminsi ifite intasi nyinshi muri Israel, kandi ko zayigezemo nyuma y’igitero cyagabwe muri icyo gihugu, kigahitana Ismail Haniyeh wari umuyobozi mukuru wa Hamas.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2025, Israel yatangiye kwikanga ko hari amakuru y’ubutasi bwayo ari kubonwa na Iran, bitewe n’uburyo icyo gihugu cyari kirimo kwitwara.

Amwe mu makuru yafashwe arangaho intwaro kirimbuzi za Israel ziherereye, ubushobozi bwazo n’andi makuru y’ingenzi kuri zo. Ni amakuru ngo izi ntasi zafatiye muri Israel mbere yuko zisubira mu gihugu cyazo, akaba akubiye mu nyandiko zirenga ibihumbi, amashusho n’amakarita menshi.

Bamwe mu basirikare ba Israel barimo Roy Mizrahi na Almog Atias, baheruka gutabwa muri yombi bazira kuba ari bo bagurishije ayo makuru, nk’uko biriya binyamakuru byo muri Iran byakomeje bibitangaza.

Bikavuga ko bafatiwe mu gace ka Khaf Ahim, aho minisitiri w’ingabo za Israel, Katz atuye. Bivugwa ko bari barahawe telefone zidashobora kugaragara ku minara isanzwe, kugira ngo bajye bashobora gutanga amakuru kuri Iran.

Abashinzwe ubutasi muri Iran ni bo batangaga amabwiriza kuri aba bagabo bombi bafite imyaka 24. Inzego z’ubutasi za Israel ziri mu gikorwa cyo guhiga bukware abatasi ba Iran.

Ibyo bibaye kandi mu gihe mu mpera z’umwaka ushize nabwo, Israel yataye muri yombi abagabo 30 bakekwaho gukorera Iran ubutasi.

Iran ikomeje kongera ibikorwa by’ubutasi muri Israel, ariko bikozwe n’abaturage ba Israel ubwabo, aho koherezayo intumwa.

Iran ngo itangira ibaha inshingano nto, zirimo nko kuganiriza abayobozi, gushaka aho batuye n’ibindi. Uko iminsi ishira, bagenda bongera inshingano bahabwa, zirimo no kwica ndetse no kwiba amakuru y’ibanga.

Tags: AmakuruIranIsraelUbutasi
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo yakoreye abaturage igikorwa kigayitse ngo iri guhima AFC/M23.

Wazalendo yakoreye abaturage igikorwa kigayitse ngo iri guhima AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?