• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yibwe amakuru yo mu ibanga ryayo rikomeye.

minebwenews by minebwenews
June 9, 2025
in World News
0
Israel yibwe amakuru yo mu ibanga ryayo rikomeye.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yibwe amakuru yo mu ibanga ryayo rikomeye.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Iran yigambye kwiba amakuru y’ibanga y’ubutsi bwa Leta ya Israel arimo ajyanye n’intwaro kirimbuzi n’uburyo iki gihugu cyirinda ibitero ndetse n’uburyo gihagaze ku mitegurire y’intambara.

Ni amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru bya Iran , aho na televiziyo y’icyo gihugu yabitangaje ivuga ko intasi za Iran zabonye amakuru akomeye ya Leta ya Israel.

Bivugwa ko Iran yari imaze iminsi ifite intasi nyinshi muri Israel, kandi ko zayigezemo nyuma y’igitero cyagabwe muri icyo gihugu, kigahitana Ismail Haniyeh wari umuyobozi mukuru wa Hamas.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2025, Israel yatangiye kwikanga ko hari amakuru y’ubutasi bwayo ari kubonwa na Iran, bitewe n’uburyo icyo gihugu cyari kirimo kwitwara.

Amwe mu makuru yafashwe arangaho intwaro kirimbuzi za Israel ziherereye, ubushobozi bwazo n’andi makuru y’ingenzi kuri zo. Ni amakuru ngo izi ntasi zafatiye muri Israel mbere yuko zisubira mu gihugu cyazo, akaba akubiye mu nyandiko zirenga ibihumbi, amashusho n’amakarita menshi.

Bamwe mu basirikare ba Israel barimo Roy Mizrahi na Almog Atias, baheruka gutabwa muri yombi bazira kuba ari bo bagurishije ayo makuru, nk’uko biriya binyamakuru byo muri Iran byakomeje bibitangaza.

Bikavuga ko bafatiwe mu gace ka Khaf Ahim, aho minisitiri w’ingabo za Israel, Katz atuye. Bivugwa ko bari barahawe telefone zidashobora kugaragara ku minara isanzwe, kugira ngo bajye bashobora gutanga amakuru kuri Iran.

Abashinzwe ubutasi muri Iran ni bo batangaga amabwiriza kuri aba bagabo bombi bafite imyaka 24. Inzego z’ubutasi za Israel ziri mu gikorwa cyo guhiga bukware abatasi ba Iran.

Ibyo bibaye kandi mu gihe mu mpera z’umwaka ushize nabwo, Israel yataye muri yombi abagabo 30 bakekwaho gukorera Iran ubutasi.

Iran ikomeje kongera ibikorwa by’ubutasi muri Israel, ariko bikozwe n’abaturage ba Israel ubwabo, aho koherezayo intumwa.

Iran ngo itangira ibaha inshingano nto, zirimo nko kuganiriza abayobozi, gushaka aho batuye n’ibindi. Uko iminsi ishira, bagenda bongera inshingano bahabwa, zirimo no kwica ndetse no kwiba amakuru y’ibanga.

Tags: AmakuruIranIsraelUbutasi
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo yakoreye abaturage igikorwa kigayitse ngo iri guhima AFC/M23.

Wazalendo yakoreye abaturage igikorwa kigayitse ngo iri guhima AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?