• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yongeye gukora munda Iran iyo bihanganye bikomeye.

minebwenews by minebwenews
June 17, 2025
in World News
0
Israel yongeye gukora munda Iran iyo bihanganye bikomeye.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yongeye gukora munda Iran iyo bihanganye bikomeye.

You might also like

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Nyuma y’iminsi itatu gusa, Israel yishe umugaba mukuru w’Ingabo za Iran zirwanira mu kirere, General Gholamali Rashid, yishe kandi n’uwa musimbuye, General Ali Shadmani.

Amakuru avuga ko Gen.Ali Shadmani yishwe mu gitero igisirikare cya Israel cyagabye mu rukerera rw’ir’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 17/06/2025.

Gen. Ali Shadmani wishwe yari yahawe kuyobora igisirikare kirwanira mu kirere cya Iran nyuma y’urupfu rwa Gen.Gholamali Rashid na we wishwe arashwe mu mpera zakiriya cyumweru gishize. Bivugwa ko yapfanye n’abahanga babanya-Iran bakoraga intwaro ziremereye zirimo iza kirimbuzi.

Ndetse kandi yapfanye n’abandi bayobozi bakuru b’iki gisirikare cya Iran, kuko amakuru agaragaza ko umubare w’abapfuye uri hejuru ya cyenda (9).

Ibitero ku mpande zombi birakomeje aho na Iran yagabye igitero gikaze ku biro bikuru by’ubutasi bwa Israel bizwi nka Mossad biherereye i Tel Aviv. Nubwo ntabizwi byoba byarangijwe.

Ijoro ryo ku wa mbere w’iki cyumweru ryari ribi cyane i Tehran kimwe no mu mijyi itandukanye yo muri Israel. Ku mugoroba kandi w’ahar’ejo Israel yarashe televiziyo ya Iran .

Bimwe mu bitangaza makuru byegamiye kuri Tehran byatangaje ko misile zayo zageze ku ntego yayo mu mujyi wa Tel Aviv n’ahandi hantu hatandukanye muri Israel. Ibi kandi ngo byatumye Israel itabaza Amerika kuyiba hafi ngo kuko ubwirinzi bwayo busa nubwacyogoye. Ariko ibi ntacyo Israel irabivugaho, usibye ko yatangaje ko Amerika ikwiye kubafasha ngo kuko Iran na yo izayirasa kubera ko yatinyutse gutera ibisasu i Jerusalem.

Netanyahu yagize ati: “Amerika muraramuka mutadufashije, Iran yatinyutse gutera ibisasu i Jerusalem izabitera ni Washington DC.”

Amakuru akomeza avuga ko ku wa mbere humvikanye ibintu biturikira i Jerusalem, ariko Israel yo ikavuga ko ibyo bitero ko byakomerekeyemo abantu bake.

Ku rundi ruhande, kugeza ubu nta we uramenya aho iyi ntambara igana. Hari ababona ko ishobora kuramba, ni mu gihe Iran ivuga ko itarakoresha intwaro zayo ziremereye. Kandi ikavuga ko idashobora kwemera ibiganiro mu gihe Israel izaba itarahagarika ibitero kuri yo.

Ibihugu bitandukanye byasabye abaturage babyo kuva muri Israel no kutajyayo kimwe no muri Iran.

Bimwe muri ibyo bihugu harimo u Bushinwa bwasabye abaturage babwo kuva muri Israel, mu gihe u Bwongereza bwo bwababujije kujyayo.

Uko ibyo bihugu bisaba abantu babyo kuva muri Israel no kutajyayo ni ko kandi babasaba kuva muri Iran no kutajyayo.

Tags: Gen.Shadmani AliIntambaraIsraelYakoze munda Iran
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails
Next Post
Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?