Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yongeye gukora munda Iran iyo bihanganye bikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2025
in World News
0
Israel yongeye gukora munda Iran iyo bihanganye bikomeye.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yongeye gukora munda Iran iyo bihanganye bikomeye.

You might also like

U Bushinwa bwivanze mu ntambara ya Israel na Iran.

Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

Byakomeye, intambara ya Iran na Israel yahinduye isura mu buryo budasanzwe.

Nyuma y’iminsi itatu gusa, Israel yishe umugaba mukuru w’Ingabo za Iran zirwanira mu kirere, General Gholamali Rashid, yishe kandi n’uwa musimbuye, General Ali Shadmani.

Amakuru avuga ko Gen.Ali Shadmani yishwe mu gitero igisirikare cya Israel cyagabye mu rukerera rw’ir’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 17/06/2025.

Gen. Ali Shadmani wishwe yari yahawe kuyobora igisirikare kirwanira mu kirere cya Iran nyuma y’urupfu rwa Gen.Gholamali Rashid na we wishwe arashwe mu mpera zakiriya cyumweru gishize. Bivugwa ko yapfanye n’abahanga babanya-Iran bakoraga intwaro ziremereye zirimo iza kirimbuzi.

Ndetse kandi yapfanye n’abandi bayobozi bakuru b’iki gisirikare cya Iran, kuko amakuru agaragaza ko umubare w’abapfuye uri hejuru ya cyenda (9).

Ibitero ku mpande zombi birakomeje aho na Iran yagabye igitero gikaze ku biro bikuru by’ubutasi bwa Israel bizwi nka Mossad biherereye i Tel Aviv. Nubwo ntabizwi byoba byarangijwe.

Ijoro ryo ku wa mbere w’iki cyumweru ryari ribi cyane i Tehran kimwe no mu mijyi itandukanye yo muri Israel. Ku mugoroba kandi w’ahar’ejo Israel yarashe televiziyo ya Iran .

Bimwe mu bitangaza makuru byegamiye kuri Tehran byatangaje ko misile zayo zageze ku ntego yayo mu mujyi wa Tel Aviv n’ahandi hantu hatandukanye muri Israel. Ibi kandi ngo byatumye Israel itabaza Amerika kuyiba hafi ngo kuko ubwirinzi bwayo busa nubwacyogoye. Ariko ibi ntacyo Israel irabivugaho, usibye ko yatangaje ko Amerika ikwiye kubafasha ngo kuko Iran na yo izayirasa kubera ko yatinyutse gutera ibisasu i Jerusalem.

Netanyahu yagize ati: “Amerika muraramuka mutadufashije, Iran yatinyutse gutera ibisasu i Jerusalem izabitera ni Washington DC.”

Amakuru akomeza avuga ko ku wa mbere humvikanye ibintu biturikira i Jerusalem, ariko Israel yo ikavuga ko ibyo bitero ko byakomerekeyemo abantu bake.

Ku rundi ruhande, kugeza ubu nta we uramenya aho iyi ntambara igana. Hari ababona ko ishobora kuramba, ni mu gihe Iran ivuga ko itarakoresha intwaro zayo ziremereye. Kandi ikavuga ko idashobora kwemera ibiganiro mu gihe Israel izaba itarahagarika ibitero kuri yo.

Ibihugu bitandukanye byasabye abaturage babyo kuva muri Israel no kutajyayo kimwe no muri Iran.

Bimwe muri ibyo bihugu harimo u Bushinwa bwasabye abaturage babwo kuva muri Israel, mu gihe u Bwongereza bwo bwababujije kujyayo.

Uko ibyo bihugu bisaba abantu babyo kuva muri Israel no kutajyayo ni ko kandi babasaba kuva muri Iran no kutajyayo.

Tags: Gen.Shadmani AliIntambaraIsraelYakoze munda Iran
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bushinwa bwivanze mu ntambara ya Israel na Iran.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Auto Draft

U Bushinwa bwivanze mu ntambara ya Israel na Iran. Nyuma y'aho intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya Israel na Iran, indege y'ubwikorezi ya Cargolux, ya sosiyete yo muri...

Read moreDetails

Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

Afrika y'Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y'ijisho ry'Imana. Igihugu cya Afrika y'Epfo cyatangaje ko gihangayikishijwe n'ibitero Israel ikomeje kugaba ku butaka bwa...

Read moreDetails

Byakomeye, intambara ya Iran na Israel yahinduye isura mu buryo budasanzwe.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Byakomeye, intambara ya Iran na Israel yahinduye isura mu buryo budasanzwe.

Byakomeye, intambara ya Israel na Iran yahinduye isura mu buryo butangaje! Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump wari waravuze ko atazazivanga mu ntambara ya Israel na...

Read moreDetails

Hamenyekanye amabanga akomeye Israel iziranyeho na Amerika ku gitero giheruka .

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Hamenyekanye amabanga akomeye Israel iziranyeho na Amerika ku gitero giheruka . Igitero cya gisirikare gikaze Israel iheruka ku gaba muri Iran kikagwamo abayobozi ba gisirikare ba Iran ngo...

Read moreDetails

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yasuye mu gace Iran yarashemo k'i Tel Aviv muri Israel, agera aho ibisasu byaraye bisenyaguye. Abantu icumi...

Read moreDetails
Next Post
Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?