• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yongeye gukora munda Iran iyo bihanganye bikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2025
in World News
0
Israel yongeye gukora munda Iran iyo bihanganye bikomeye.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yongeye gukora munda Iran iyo bihanganye bikomeye.

You might also like

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Nyuma y’iminsi itatu gusa, Israel yishe umugaba mukuru w’Ingabo za Iran zirwanira mu kirere, General Gholamali Rashid, yishe kandi n’uwa musimbuye, General Ali Shadmani.

Amakuru avuga ko Gen.Ali Shadmani yishwe mu gitero igisirikare cya Israel cyagabye mu rukerera rw’ir’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 17/06/2025.

Gen. Ali Shadmani wishwe yari yahawe kuyobora igisirikare kirwanira mu kirere cya Iran nyuma y’urupfu rwa Gen.Gholamali Rashid na we wishwe arashwe mu mpera zakiriya cyumweru gishize. Bivugwa ko yapfanye n’abahanga babanya-Iran bakoraga intwaro ziremereye zirimo iza kirimbuzi.

Ndetse kandi yapfanye n’abandi bayobozi bakuru b’iki gisirikare cya Iran, kuko amakuru agaragaza ko umubare w’abapfuye uri hejuru ya cyenda (9).

Ibitero ku mpande zombi birakomeje aho na Iran yagabye igitero gikaze ku biro bikuru by’ubutasi bwa Israel bizwi nka Mossad biherereye i Tel Aviv. Nubwo ntabizwi byoba byarangijwe.

Ijoro ryo ku wa mbere w’iki cyumweru ryari ribi cyane i Tehran kimwe no mu mijyi itandukanye yo muri Israel. Ku mugoroba kandi w’ahar’ejo Israel yarashe televiziyo ya Iran .

Bimwe mu bitangaza makuru byegamiye kuri Tehran byatangaje ko misile zayo zageze ku ntego yayo mu mujyi wa Tel Aviv n’ahandi hantu hatandukanye muri Israel. Ibi kandi ngo byatumye Israel itabaza Amerika kuyiba hafi ngo kuko ubwirinzi bwayo busa nubwacyogoye. Ariko ibi ntacyo Israel irabivugaho, usibye ko yatangaje ko Amerika ikwiye kubafasha ngo kuko Iran na yo izayirasa kubera ko yatinyutse gutera ibisasu i Jerusalem.

Netanyahu yagize ati: “Amerika muraramuka mutadufashije, Iran yatinyutse gutera ibisasu i Jerusalem izabitera ni Washington DC.”

Amakuru akomeza avuga ko ku wa mbere humvikanye ibintu biturikira i Jerusalem, ariko Israel yo ikavuga ko ibyo bitero ko byakomerekeyemo abantu bake.

Ku rundi ruhande, kugeza ubu nta we uramenya aho iyi ntambara igana. Hari ababona ko ishobora kuramba, ni mu gihe Iran ivuga ko itarakoresha intwaro zayo ziremereye. Kandi ikavuga ko idashobora kwemera ibiganiro mu gihe Israel izaba itarahagarika ibitero kuri yo.

Ibihugu bitandukanye byasabye abaturage babyo kuva muri Israel no kutajyayo kimwe no muri Iran.

Bimwe muri ibyo bihugu harimo u Bushinwa bwasabye abaturage babwo kuva muri Israel, mu gihe u Bwongereza bwo bwababujije kujyayo.

Uko ibyo bihugu bisaba abantu babyo kuva muri Israel no kutajyayo ni ko kandi babasaba kuva muri Iran no kutajyayo.

Tags: Gen.Shadmani AliIntambaraIsraelYakoze munda Iran
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

by Bruce Bahanda
August 12, 2025
0
U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera. U Bushinwa bwanenze Leta Zunze ubumwe z'Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera zishingiye kukuba bugurira peteroli mu Burusiya. Byagarutsweho na...

Read moreDetails

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe. Indege y'igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b'igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana. Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku...

Read moreDetails

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Rwanda has officially embarked on the rollout of its new Single Digital Identification System (SDIS), a cutting-edge platform designed to revolutionize identity management in the country. The initiative,...

Read moreDetails

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano. Muri Israel abantu babarirwa mu bihumbi imirongo biraye mu mihanda y'umujyi w'i Tel Aviv, mu myigaragambyo yo kwamagana...

Read moreDetails

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, na perezida Vladimir Putin w'u Burusiya, bemeranyije...

Read moreDetails
Next Post
Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?