Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Itangazo ry’amagana u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, na Tshisekedi wagize icyarivugaho ryiswe ikinyoma cyambaye ubusa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 6, 2024
in Regional Politics
0
Itangazo ry’amagana u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, na Tshisekedi wagize icyarivugaho ryiswe ikinyoma cyambaye ubusa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Itangazo rya vugako leta Zunze Ubumwe z’Amerika zokeje i gitutu i Gihugu cy’u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ryiswe ko ari ibihimbano bya Banyekongo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’itangazo ryagaragaza ko ryasohotse ku munsi w’ejo hashize tariki ya 05/02/2024, rikaba rigaragaza ko ryashizwe hanze n’ambasade y’Amerika, ir’i Kinshasa, mu gihugu cya RDC.

Ir’i tangazo ryavugako Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye u Rwanda kuvana Ingabo zabo k’u butaka bwa RDC vuba nabwangu ndetse no guhagarika ubufasha baha u mutwe wa M23, u rwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ir’itangazo bari barisohoye mugihe u butegetsi bwa Kinshasa bwatinya ko M23 yigarurira u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, n’inyuma y’imirwano ikaze yabaye mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, yasize M23 y’igaruriye ibice byinshi byingenzi ku Mujyi wa Goma.

Mugenzi Félix, umwe mu Banyekongo ukurikiranira hafi ibya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yavuze ko ririya tangazo ari Fake (ibihimbano), n’ibyo yanenze akoresheje urubuga rwe rwa X, yavuze ko itangazo ryasohotse ejo atari ry’ukuri ko ahubwo Abanyekongo bakorera mu kwaha k’ubutegetsi bwa Kinshasa aribo barihimbye, avuga kandi ko bari himbye mugihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zari zasabye ubutegetsi bwa Kinshasa kuganira na M23, ibyo perezida Félix Tshisekedi atarigera y’umva n’umunsi n’umwe.

Mugenzi Félix, yagize ati: “Abanyekongo baratangaje cyane, Blinken yahamagaye Tshisekedi amusaba kuganira na M23, depite Andre Carson w’umunyamerika aheruka gusohora inyandiko zamagana ihohoterwa n’itsemba bwoko rikorerwa Abatutsi b’Abanyekongo muri RDC.”

Yakomeje agira ati: “Abanyekongo bakoreye imyigaragambyo kuri Ambasade y’Amerika i Kinshasa. Rero abamamaza ibinyoma bya Patrick Muyaya bo bari gusohora amatangazo y’ibinyoma . Ririya tangazo ni Fake.”

Nyuma MCN yaje kureba ku rukuta rwa Ambasade y’Amerika i Kinshasa, dusanga iryo tangazo ntari hari ndetse tureba no kurukuta rw’uhagarariye Amerika muri RDC, Lucy Tamlyn, dusanga ririya tangazo ntari hari.

Urebye inyandiko za Perezida Félix Tshisekedi yashize hanze ku mugoroba w’ejo hashize ubona zifitanye isano na ririya tangazo, aho yagize ati: “Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye leta y’u Rwanda kuvana Ingabo zabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, no guhagarika gutera igihugu cyacu.”

Ubutegetsi bwa Kinshasa bwakomeje gushinja Guverinoma y’u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23, ibyo Kigali yakomeje gutera utwatsi hubwo bagashinja ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi gukona byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, mu 1994.

Kugeza ubu imirwano irakomeje mu Burasirazuba bwa RDC, aho iy’i mirwano yamaze kwinjira muri Kivu y’Amajy’epfo, ni mugihe ibisasu biri kurasirwa muri Minova, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: AmerikaItangazoRwandaRyiswe ikinyoma cyambaye ubusaTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa RDC, bakinguye inzira y’ibiganiro n’u Rwanda, ariko bashiramo amananiza.

Ubutegetsi bwa RDC, bakinguye inzira y'ibiganiro n'u Rwanda, ariko bashiramo amananiza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?