• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Itangazo ry’amagana u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, na Tshisekedi wagize icyarivugaho ryiswe ikinyoma cyambaye ubusa.

minebwenews by minebwenews
February 6, 2024
in Regional Politics
0
Itangazo ry’amagana u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, na Tshisekedi wagize icyarivugaho ryiswe ikinyoma cyambaye ubusa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Itangazo rya vugako leta Zunze Ubumwe z’Amerika zokeje i gitutu i Gihugu cy’u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ryiswe ko ari ibihimbano bya Banyekongo.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

N’itangazo ryagaragaza ko ryasohotse ku munsi w’ejo hashize tariki ya 05/02/2024, rikaba rigaragaza ko ryashizwe hanze n’ambasade y’Amerika, ir’i Kinshasa, mu gihugu cya RDC.

Ir’i tangazo ryavugako Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye u Rwanda kuvana Ingabo zabo k’u butaka bwa RDC vuba nabwangu ndetse no guhagarika ubufasha baha u mutwe wa M23, u rwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ir’itangazo bari barisohoye mugihe u butegetsi bwa Kinshasa bwatinya ko M23 yigarurira u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, n’inyuma y’imirwano ikaze yabaye mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, yasize M23 y’igaruriye ibice byinshi byingenzi ku Mujyi wa Goma.

Mugenzi Félix, umwe mu Banyekongo ukurikiranira hafi ibya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yavuze ko ririya tangazo ari Fake (ibihimbano), n’ibyo yanenze akoresheje urubuga rwe rwa X, yavuze ko itangazo ryasohotse ejo atari ry’ukuri ko ahubwo Abanyekongo bakorera mu kwaha k’ubutegetsi bwa Kinshasa aribo barihimbye, avuga kandi ko bari himbye mugihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zari zasabye ubutegetsi bwa Kinshasa kuganira na M23, ibyo perezida Félix Tshisekedi atarigera y’umva n’umunsi n’umwe.

Mugenzi Félix, yagize ati: “Abanyekongo baratangaje cyane, Blinken yahamagaye Tshisekedi amusaba kuganira na M23, depite Andre Carson w’umunyamerika aheruka gusohora inyandiko zamagana ihohoterwa n’itsemba bwoko rikorerwa Abatutsi b’Abanyekongo muri RDC.”

Yakomeje agira ati: “Abanyekongo bakoreye imyigaragambyo kuri Ambasade y’Amerika i Kinshasa. Rero abamamaza ibinyoma bya Patrick Muyaya bo bari gusohora amatangazo y’ibinyoma . Ririya tangazo ni Fake.”

Nyuma MCN yaje kureba ku rukuta rwa Ambasade y’Amerika i Kinshasa, dusanga iryo tangazo ntari hari ndetse tureba no kurukuta rw’uhagarariye Amerika muri RDC, Lucy Tamlyn, dusanga ririya tangazo ntari hari.

Urebye inyandiko za Perezida Félix Tshisekedi yashize hanze ku mugoroba w’ejo hashize ubona zifitanye isano na ririya tangazo, aho yagize ati: “Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye leta y’u Rwanda kuvana Ingabo zabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, no guhagarika gutera igihugu cyacu.”

Ubutegetsi bwa Kinshasa bwakomeje gushinja Guverinoma y’u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23, ibyo Kigali yakomeje gutera utwatsi hubwo bagashinja ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi gukona byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, mu 1994.

Kugeza ubu imirwano irakomeje mu Burasirazuba bwa RDC, aho iy’i mirwano yamaze kwinjira muri Kivu y’Amajy’epfo, ni mugihe ibisasu biri kurasirwa muri Minova, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: AmerikaItangazoRwandaRyiswe ikinyoma cyambaye ubusaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa RDC, bakinguye inzira y’ibiganiro n’u Rwanda, ariko bashiramo amananiza.

Ubutegetsi bwa RDC, bakinguye inzira y'ibiganiro n'u Rwanda, ariko bashiramo amananiza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?