Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Itombwe: Rwongeye kwambikana hagati ya Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 25, 2024
in Regional Politics
0
Itombwe: Rwongeye kwambikana hagati ya Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Itombwe: Rwongeye kwambikana hagati ya Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24/10/2024, mu duce two muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga hongeye kuba imirwano ikaze hagati ya barwanyi ba Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi zo mu itsinda rya TAFOC, nk’uko iy’inkuru tuyikesha amasoko yacu atandukanye.

Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi turimo, umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wakomeje kugabwaho ibitero by’ingabo z’u Burundi ku bufasha bw’ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (Fardc) na Maï Maï.

N’i bitero byagiye bigabwa mu karere ka Mibunda, akari kamaze kuba indiro y’abarwanyi ba Red-Tabara, aho ndetse iz’i nyeshmba zahise zinahungira mu mashyamba ya Mwenga nka za Rungurungu n’ahandi, nyuma yuko aba barwanyi bari bamaze gusenyerwa ibirindiro byabo byo muri aka gace ka Mibunda.

Amasoko yacu avuga kur’iy’inkuru, avuga ko “ahar’ejo tariki ya 24/10/2024, habaye urugamba rukomeye hagati y’aba barwanyi ba Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi, Maï Maï na FARDC.” Bikavugwa ko iyo mirwano yabereye ahitwa Asembwe ho muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga, iyi mirwano yatangiye amasaha y’igicamunsi, isaha zitandatu zija gushyira muri saa Saba ku musaha yo mu Burasirazuba bwa RDC, iza kugeza mu kagoroba kajoro, nyuma yuko Red-Tabara yari yayabangiye ingata ihungira muri ariya mashyamba ya Mwenga.

Nubwo iyi mirwano isa niyoroshye, ariko imaze kwangiriza byinshi harimo ko abaturage babarigwa muri mirongo bo muri ibyo bice biberamo iyi mirwano bamaze guta amazu yabo, amatungo yabo anyagwa umunsi ku wundi, ndetse Inka z’Abanyamulenge zirenga 50, ejo nyine zaranyazwe, tutibagiwe n’abasivili barindwi bamaze kuyitakarizajemo ubuzima.

Ahanini abaturage bataye ibyabo, ni abo muri Gipupu, Asembwe no mu nkengero zaho.

Hati aho, kugeza ubu impande zihanganye, zikomeje kurebana ayingwe.

             MCN.
Tags: ImirwanoIngabo z'u BurundiMibundaRed tabara
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Barack Obama mu rugendo rwo kwamamaza Kamala Harris.

Barack Obama mu rugendo rwo kwamamaza Kamala Harris.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?