Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Itsinda Mukuralinda yarakuriye ryemeje ko yapfuye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 4, 2025
in Regional Politics
0
The history of the late Alain Mukuralinda, who was the Deputy Governor Spokesperson of Rwanda.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Itsinda Mukuralinda yarakuriye ryemeje ko yapfuye.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 04/04/2025.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ikipe ye y’umupira w’amaguru yarakuriye yitwa “Tsinda Batsinde, aho yashyize itangazo hanze rimenyesha ko iyo kipe itacyitabiriye umukino wa shampiyona yarifitanye na Gicumbi FC ngo kubera urupfu rw’uwari umuyobozi wayo.

Igaragaza ko uwo mukino wari uteganyijwe kuba ku cyumweru tariki ya 06/04/2025, kandi ko Mukuralinda yitabye Imana muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu.

Ubwo amakuru yatangira kuvuga iby’urupfu rwa Mukuralinda ku mugoroba w’ahar’ejo, yavuze ko yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal biherereye i Kigali mu Rwanda. Gusa, andi makuru yaje kuvuguruza aya mbere avuga ko atapfuye hubwo ko ari muri koma.

Ariya yo ku mugoroba yavugaga ko azize indwara ya stroke iterwa no guturika kw’imitsi y’ubwonko.

Ahagana mu mwaka wa 2021 ni bwo inama y’abaminisitiri yemeje Alain Mukuralinda nk’umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda.

Ni mu gihe mbere yagiye akora imirimo itandukanye , irimo kuba yarigeze kuba Umushinjacyaha mukuru; n’umwanya yavuyeho mu 2015 ubwo yasezeraga by’igihe kitazwi.

Ubundi kandi uyu mugabo yarasanze ari n’umuhanzi w’indirimbo zitandukanye, aho hari imwe mu ndirimbo ye yamamaye cyane yise “Tsinda Batsinde,” yaririmbiye ikipe y’igihugu amavubi.

Tags: Umuvugiziyapfuye
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye umubare w’abasirikare b’Ababiligi bamaze gupfira muri RDC.

Hamenyekanye umubare w'abasirikare b'Ababiligi bamaze gupfira muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?