Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Itsinda Mukuralinda yarakuriye ryemeje ko yapfuye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 4, 2025
in Regional Politics
0
The history of the late Alain Mukuralinda, who was the Deputy Governor Spokesperson of Rwanda.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Itsinda Mukuralinda yarakuriye ryemeje ko yapfuye.

You might also like

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 04/04/2025.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ikipe ye y’umupira w’amaguru yarakuriye yitwa “Tsinda Batsinde, aho yashyize itangazo hanze rimenyesha ko iyo kipe itacyitabiriye umukino wa shampiyona yarifitanye na Gicumbi FC ngo kubera urupfu rw’uwari umuyobozi wayo.

Igaragaza ko uwo mukino wari uteganyijwe kuba ku cyumweru tariki ya 06/04/2025, kandi ko Mukuralinda yitabye Imana muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu.

Ubwo amakuru yatangira kuvuga iby’urupfu rwa Mukuralinda ku mugoroba w’ahar’ejo, yavuze ko yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal biherereye i Kigali mu Rwanda. Gusa, andi makuru yaje kuvuguruza aya mbere avuga ko atapfuye hubwo ko ari muri koma.

Ariya yo ku mugoroba yavugaga ko azize indwara ya stroke iterwa no guturika kw’imitsi y’ubwonko.

Ahagana mu mwaka wa 2021 ni bwo inama y’abaminisitiri yemeje Alain Mukuralinda nk’umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda.

Ni mu gihe mbere yagiye akora imirimo itandukanye , irimo kuba yarigeze kuba Umushinjacyaha mukuru; n’umwanya yavuyeho mu 2015 ubwo yasezeraga by’igihe kitazwi.

Ubundi kandi uyu mugabo yarasanze ari n’umuhanzi w’indirimbo zitandukanye, aho hari imwe mu ndirimbo ye yamamaye cyane yise “Tsinda Batsinde,” yaririmbiye ikipe y’igihugu amavubi.

Tags: Umuvugiziyapfuye
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye umubare w’abasirikare b’Ababiligi bamaze gupfira muri RDC.

Hamenyekanye umubare w'abasirikare b'Ababiligi bamaze gupfira muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?