• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Itsinda Mukuralinda yarakuriye ryemeje ko yapfuye.

minebwenews by minebwenews
April 4, 2025
in Regional Politics
0
The history of the late Alain Mukuralinda, who was the Deputy Governor Spokesperson of Rwanda.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Itsinda Mukuralinda yarakuriye ryemeje ko yapfuye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 04/04/2025.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ikipe ye y’umupira w’amaguru yarakuriye yitwa “Tsinda Batsinde, aho yashyize itangazo hanze rimenyesha ko iyo kipe itacyitabiriye umukino wa shampiyona yarifitanye na Gicumbi FC ngo kubera urupfu rw’uwari umuyobozi wayo.

Igaragaza ko uwo mukino wari uteganyijwe kuba ku cyumweru tariki ya 06/04/2025, kandi ko Mukuralinda yitabye Imana muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu.

Ubwo amakuru yatangira kuvuga iby’urupfu rwa Mukuralinda ku mugoroba w’ahar’ejo, yavuze ko yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal biherereye i Kigali mu Rwanda. Gusa, andi makuru yaje kuvuguruza aya mbere avuga ko atapfuye hubwo ko ari muri koma.

Ariya yo ku mugoroba yavugaga ko azize indwara ya stroke iterwa no guturika kw’imitsi y’ubwonko.

Ahagana mu mwaka wa 2021 ni bwo inama y’abaminisitiri yemeje Alain Mukuralinda nk’umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda.

Ni mu gihe mbere yagiye akora imirimo itandukanye , irimo kuba yarigeze kuba Umushinjacyaha mukuru; n’umwanya yavuyeho mu 2015 ubwo yasezeraga by’igihe kitazwi.

Ubundi kandi uyu mugabo yarasanze ari n’umuhanzi w’indirimbo zitandukanye, aho hari imwe mu ndirimbo ye yamamaye cyane yise “Tsinda Batsinde,” yaririmbiye ikipe y’igihugu amavubi.

Tags: Umuvugiziyapfuye
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye umubare w’abasirikare b’Ababiligi bamaze gupfira muri RDC.

Hamenyekanye umubare w'abasirikare b'Ababiligi bamaze gupfira muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?