Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ituze ryo ngeye kugaruka mu misozi ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano ikaze yahuje Wazalendo na Polisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Ituze ryo ngeye kugaruka mu misozi ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano ikaze yahuje Wazalendo na Polisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Nyange ho muri secteur ya Ngandja, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hongeye gutekana.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni nyuma y’uko muri ibyo bice hari habaye guhangana gukaze bakoresheje imbunda hagati ya polisi na Wazalendo, aho barimo bapfa agasuzuguro ku Mzalendo wari wasinze, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ay’amakuru avuga ko ayo matsinda abiri ko “barasanye” mu ijoro ryo ku wa Gatatu, rishira ku wa Kane, tariki ya 21/03/2024, ko kandi bari bapfuye ubusinzi.

Ni mu gihe Umzalendo wari wasinze yanze gutanga inzira kuba Polisi bari berekeje mu mihana iraho muri byo bice byo kwa Nyange, maze biza kuviramo impaka zaje kubyara intambara hagati yabo.

Nyuma haje kuza itsinda rinini rya Wazalendo, dore ko n’abapolisi byavuzwe ko batari bake. Baza kurwana; ubu bushamirane bwa Polisi na Wazalendo, byavuzwe ko bw’umvikanyemo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito.

Amasoko yacu akavuga kandi ko muri uko guhangana, harashwemo n’imbunda za MAG(mashin gun) ndetse n’izindi zirasa amabombe.

Ibi byaje gutuma abaturage bahunga ibyo bice abenshi barara mu mashamba no ku mikikira y’ibisambu.

Ay’amakuru akomeza avuga ko “k’uwa Kane, bumaze guca neza, haje kuba ituze, ariko ko nanone habaye kuganira ku mpande zari zarwanye.”

Gusa, iy’i mirwano ibaye mu gihe n’ubundi Wazalendo bari bagize igihe batavuga rumwe n’abapolisi ba leta ya Congo(PNC)bakorera muri ibyo bice, aho bivugwa ko bakunze “gupfa” amabuye y’agaciro yimbwa mu birombe biherereye i Nyange, muri Secteur ya Ngandja, teritware ya Fizi.

Tu bibutsa ko i Nyange ha herereye mu ntera y’ibirometre nka 60 n’u Mujyi wa Komine Minembwe.

              MCN.
Tags: FiziHagati ya polisi na WazalendoIngambaraNgandjaNyange
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kera kabaye, abaturage bafunze imihanda nyuma y’urupfu rwa Mutula.

Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, kera kabaye, abaturage bafunze imihanda nyuma y'urupfu rwa Mutula.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?