• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2025
in Religion
0
Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

You might also like

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

Abantu benshi burya buri munsi bararota, abandi nabo bibwira ko batarota ariko sibyo, bararota ahubwo bakabyibagirwa.

Abantu bamwe bizera ko inzozi ari bumwe mu buryo tuboneramo ubutumwa bwerekanye n’ubuzima bwacu, ariko bukaba ari uburyo bwihariye bukora aruko dusinziriye burya umuntu aba atuje yiteguye kwakira ndetse agasobanukirwa.

Ariko nyamara hari abahanga basobanura ko inzozi ntabintu bikomeye bidasanzwe ahubwo nyinshi zituruka ku bintu tubamo umunsi ku wundi bityo bikagaruka mu ntekerezo zacu turyamye.

Nanone igihari ni kimwe, rimwe na rimwe koko ubwonko bwacu hari igihe bugarura ibyo twiriwemo cyangwa ibyo tumazemo iminsi, ariko nanone hari igihe mu nzozi haziramo ubutumwa koko, kuko hari ibiza ntumenye n’impamvu yabyo kuko uba utarigeze unabitekerezaho n’umunsi umwe, bamwe bemeza ko ari uburyo bwo kwibona mu mpande zose tutabasha kubona mu buzima busanzwe. Ariko se kuba umuntu yarota umuntu utakiriho byo bisobanura iki?

Izi nzozi benshi bazigereranya nuko umuntu aba atangiye kwiyakira cyangwa se kwakira ko koko wa muntu atakibaho, umuhanga mu nzozi yavuze ko ntaho bihurira n’uwapfuye cyangwa n’umwuka we benshi bakeka ko uba wagarutse gusura abasigaye ku Isi. Avuga ko kurota uwapfuye ari inzozi zigarukira umuntu ariko yemeza ko mwene izi nzozi zinakunda kubaho cyane iyo umuntu yimukiye ahantu hashya cyangwa se yatangiye kugira umubano n’abantu bashya, ibi nabyo ngo bikunda kugaruka mu nzozi.

Hagataho, kurota umuntu utakiriho ntibikwiye kugutera ubwoba na gato ndetse nta n’igisobanuro kinini bifite ahubwo abahanga babigereranya nuko ubwonko buba buri gushyira ibintu ku murongo mu gihe dusinziriye noneho bikamera nk’aho bugiye kumwanya mwiza.

Tags: IbisibanuroInoziKurota uwapfuye
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC Nyuma yo gusoma isengesho rya Angélus ku Cyumweru, Papa Léon XIV yahamagariye amahanga yose gusengera...

Read moreDetails

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu Olive Lembe Kabila, umugore wa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC),...

Read moreDetails

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

by Bahanda Bruce
January 4, 2026
0
“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete Mu mateka y’intambara yabaye mu Buyapani, hakomeje kuvugwa inkuru ikora ku mitima ya benshi hirya no hino...

Read moreDetails

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

by Bahanda Bruce
January 1, 2026
0
Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza Mu butumwa bukomeye bwerekeye ubuhanuzi bw’umwaka wa 2026, Apôtre Dr Gitwaza yagarutse ku Ijambo...

Read moreDetails

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga Umuvugabutumwa w’Itorero Philadelphie, Bwana Bujiriri, yagaragaje intimba ikomeye n’umujinya wuzuye impungenge mu butumwa...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y'u Rwanda n'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?