Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Izindi Ngabo z’u Burundi, zabarizwaga mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, zoherejwe i Goma, kurwanya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongeye kuvugwa i Batayo, imwe yomungabo z’u Burundi yaraye igeze i Goma, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho ngoyoherejwe kurwanya u mutwe wa M23, urwanya leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko Minembwe Capital News, yahawe ay’amakuru n’uko iy’i Batayo, yaje iva mubice byomuri Kivu y’Amajy’epfo, ahar’ingabo z’u Burundi zomu mutwe wa Task Force, zabarizwaga mu misozi yo muri Groupemant ya Bijombo na Komine Minembwe, muri teritware ya Uvira na Fizi, aho zimaze igihe kingana n’umwaka umwe urenga. Iz’ingabo zageze k’ubutaka bwa Kivu y’Amajy’epfo zishaka kurwanya imitwe y’inyeshamba irwanya ubutegetsi bw’u Burundi, harimo Red Tabara na FNL ya Gen Aloys Nzabampema.

Ay’amakuru akomeza avugako ingabo z’u Burundi, ko zikomeje koherezwa muri Kivu yaruguru gufasha leta ya Kinshasa kurwanya M23. Hakaba ngo harindi Batayo ya 8 yamaze gutegurwa nayo koherezwa i Goma byavuzwe ko iteganijwe kugenda ir’ijoro ryo k’uwa Gatanu, tariki 27/10/2023, nk’uko Minembwe Capital News yabwiwe.

Umurundi utashatse ko izina rye rija hanze, y’atubwiye ati: “I by’ingabo z’u Burundi, koherezwa muri Kivu yaruguru, ntimubiharire izi Ngabo zikomeje koherezwa i Goma kurwanya M23.”

Y’unzemo kandi ati: “Batayo imwe, yabarizwaga muri Kivu y’Amajy’epfo kuri uyu wa Kane, yoherejwe i Goma. Bagiye n’ubwato. Ubu hateganijwe ko na Batoyo ya 8 igenda.”

Twabwiwe ko aba basikare b’u Burundi, bari mukwambikwa impuzakano(Uniform), zagisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC), bakabona koherezwa i Goma .

Nimugihe kandi ibice byose byo muri kivu y’Amajy’epfo, bipakanye n’u Rwanda, byamaze gushirwamo ingabo z’u Burundi, nka Ngomo, Kamanyola, Nyengenzi no kw’i Djwi.

By Bruce Bahanda.

Tags: Izindi Ngabo z'u Burundi zoherejwe i GomaKivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Imvura ivanze n'umuyaga w'igihuha, yasize yishe umuhungu w'imyaka 11 isenya n'Amazu menshi ku Bwegera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?