• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Izo kwa Tshisekedi zirutse umutuno zita ibirindiro byabo, M23 irabifata.

minebwenews by minebwenews
May 24, 2025
in Conflict & Security
0
Izo kwa Tshisekedi zirutse umutuno zita ibirindiro byabo, M23 irabifata.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Izo kwa Tshisekedi zirutse umutuno zita ibirindiro byabo, M23 irabifata.

You might also like

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Amakuru aturuka muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aravuga ko mu nkengero za Parike ya Kahuzi-Biega, muri teritware ya Kabare, habereye imirwano ikomeye hagati y’ihuriro ry’ingabo za Congo n’umutwe wa M23, uyu mutwe urazirukana unafata uduce twinshi two muri iki gice.

Umusibo ejo ku wa gatanu ni bwo iyo mirwano yabaye hagati y’u ruhande rwa Leta n’uy’u mutwe wa M23 ugize igihe utigisa ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Ni imirwano amakuru avuga ko yasize Ingabo z’iki gihugu, FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo bayabangiye ingata, M23 ihita yigarurira uduce twinshi turi muri zo nkengero za Kahuzi-Biega.

Kamwe muri utwo duce uyu mutwe wahise ufata harimo akarimo ibirindiro bikaze by’iri huriro ka Kabushwa n’utundi turi hafi aho.

Nyamara amakuru amwe avuga ko uyu mutwe wa M23 ko ari wo wagabye iki gitero muri turiya duce, mu gihe ku rundi ruhande bivugwa ko uyu mutwe ko wabigabye mu gihe ruriya ruhande rwa Leta rwari rwabanje ku wucyokoza, bikawurakaza maze uzihimuraho zihunga ziri guhungura amatwi.

Aya makuru akomeza avuga ko kubera imirwano ikomeye yabereye muri icyo gice, abaturage benshi barahunze bahungira mu bice bitekanye.

Aka gace kabereyemo imirwano mu gihe katari gaheruka kuyiberamo kuva umutwe wa M23 wabohoza umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Hejuru y’ibyo, iyi mirwano ngo yanasize kandi abakoreshaga umutungo kamere mu buryo butemewe n’amategeko muri parike ya Kahuzi-Biega na bo bavuye muri ako gace, batatanira mu tundi duce.

Tags: KabushwaKahuzi-BiegaM23
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Ingabo z'u Burundi zahawe igisubizo nyuma y'aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke Nyuma y'aho Ingabo z'u Burundi zihaye umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu...

Read moreDetails

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Indege z'intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyateye ibisasu by'indege za Sukhoi-25 mu bice bituwe cyane byo muri teritware ya...

Read moreDetails

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Urusaku rw'imbunda z'irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n'impamvu yarwo Amakuru aturuka mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ugenzurwa n'ihuriro ry'ingabo za Repubulika...

Read moreDetails

Conflict Monitoring Report: Burundian Military Expansion and the Security Situation in the Mulenge Highlands

by minebwenews
October 19, 2025
0
Burundian Soldiers in Tshisekedi’s Plan to Wipe Out the Banyamulenge

Background Recent developments in the highlands of Mulenge, South Kivu Province (eastern Democratic Republic of the Congo), reveal a growing presence of Burundian soldiers operating in collaboration with elements of the Congolese national army...

Read moreDetails

Menya uduce turenga 4 Ingabo z’u Burundi zashyinzemo ibirindiro mu Cyohagati

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Menya uduce turenga 4 Ingabo z'u Burundi zashyinzemo ibirindiro mu Cyohagati Igice kizwi nko mu Cyohagati cyo mu misozi miremire y'i Mulenge mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo mu...

Read moreDetails
Next Post
Umukozi w’Imana yanenze icyo Ababiligi bakoze i Mulenge.

Umukozi w'Imana yanenze icyo Ababiligi bakoze i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?