Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 25, 2024
in Regional Politics
0
Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Nyuma y’uko Joe Biden yivanye mu matora ateganyijwe kuba muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ukuri ku bategeka iki gihugu cya Amerika ari nabo batumye yikura muri ayo matora.

Iri jambo yarivugiye mu biro bya White House ahitwa neza “Oval Office” aho abakuru b’iki gihugu bakunze gutangira ubutumwa mu gihe baba bari mu bihe bidasanzwe.

Yagize ati: “Nubaha cyane ibi biro, ariko kandi nkunda igihugu cyanjye kurushaho.”

Yongeraho kandi ati: “George Washington yatweretse ko abaperezida atari abami. Abami n’abakoresha igitugu si bo bategeka, ni mwe rubanda mufite ubutegetsi.”

Maze avuga ko icyamuteye kwegura mu matora, avuga ko ari ejo hazaza ha Amerika.

Ati: “Nafashe icyemezo cyo kubisa abakiri bato mu nyungu z’igihugu. Hari umwanya n’igihe bigera kugira ngo humvikane amajwi mashya, amajwi y’abakiri bato. Ubu birageze.”

Perezida Joe Biden aza gusoza avuze ko visi perezida we, aza musimbura kuri uwo mwanya wo guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu. Kamala Harris azaba ahagarariye ishyaka ry’Abademocrates.

Yagize ati: “Ndashimira visi perezida wacu wigitangaza Kamala Harris. Arakaze. Afite ubunararibonye. Arashoboye. Dukorana neza munyungu z’igihugu. None rero ubu, amahitamo ni ayanyu mwebwe baturage b’Amerika.”

Ijambo rya Joe Biden ryasaga niryo gusezera abaturage b’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Biden yari amaze imyaka ine akiyoboye, ariko kandi akaba yaragiye akora n’indi mirimo itandukanye muri iki gihugu mbere y’uko aba perezida wacyo.

          MCN.
Tags: Ijambo ryo gusezeraJoe Biden
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku ruganda rwa mbere rw’Amata y’ifu rwa funguwe mu gihugu cy’u Rwanda.

Ibyo wa menya ku ruganda rwa mbere rw'Amata y'ifu rwa funguwe mu gihugu cy'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?