• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.

minebwenews by minebwenews
July 25, 2024
in Regional Politics
0
Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, avuze ibanga rikomeye Amerika igenderaho.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Nyuma y’uko Joe Biden yivanye mu matora ateganyijwe kuba muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ukuri ku bategeka iki gihugu cya Amerika ari nabo batumye yikura muri ayo matora.

Iri jambo yarivugiye mu biro bya White House ahitwa neza “Oval Office” aho abakuru b’iki gihugu bakunze gutangira ubutumwa mu gihe baba bari mu bihe bidasanzwe.

Yagize ati: “Nubaha cyane ibi biro, ariko kandi nkunda igihugu cyanjye kurushaho.”

Yongeraho kandi ati: “George Washington yatweretse ko abaperezida atari abami. Abami n’abakoresha igitugu si bo bategeka, ni mwe rubanda mufite ubutegetsi.”

Maze avuga ko icyamuteye kwegura mu matora, avuga ko ari ejo hazaza ha Amerika.

Ati: “Nafashe icyemezo cyo kubisa abakiri bato mu nyungu z’igihugu. Hari umwanya n’igihe bigera kugira ngo humvikane amajwi mashya, amajwi y’abakiri bato. Ubu birageze.”

Perezida Joe Biden aza gusoza avuze ko visi perezida we, aza musimbura kuri uwo mwanya wo guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu. Kamala Harris azaba ahagarariye ishyaka ry’Abademocrates.

Yagize ati: “Ndashimira visi perezida wacu wigitangaza Kamala Harris. Arakaze. Afite ubunararibonye. Arashoboye. Dukorana neza munyungu z’igihugu. None rero ubu, amahitamo ni ayanyu mwebwe baturage b’Amerika.”

Ijambo rya Joe Biden ryasaga niryo gusezera abaturage b’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Biden yari amaze imyaka ine akiyoboye, ariko kandi akaba yaragiye akora n’indi mirimo itandukanye muri iki gihugu mbere y’uko aba perezida wacyo.

          MCN.
Tags: Ijambo ryo gusezeraJoe Biden
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku ruganda rwa mbere rw’Amata y’ifu rwa funguwe mu gihugu cy’u Rwanda.

Ibyo wa menya ku ruganda rwa mbere rw'Amata y'ifu rwa funguwe mu gihugu cy'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?