• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2024
in Regional Politics
0
Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Hari mu kiganiro cyakozwe ubushize, gikozwe na perezida Joe Biden, aho yakigiranye n’abanyamakuru, maze yitiranya abakuru b’ibihugu, bituma Donald Trump bahanganye amuha inkwenene.

Nk’uko bivugwa n’uko Joe Biden yitiranije perezida wa Ukraine, Zelensky n’uw’u Burusiya, Vradimir Putin, ndetse na Visi perezida we n’uwahoze ari perezida wa USA, Donald Trump.

Ibi yabikoze n’ubundi mu gihe abo mu ishyaka rye bakomeje kumusaba kureka ibikorwa byo kwiyamamaza kuko ageze mu zabukuru.

Kandi bivugwa ko uko kwitiranya Vladimir Putin na Zelensky, yabikoze ubwo bari mu ihuriro rya Noto ryabereye i Washington DC muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Muri icyo kiganiro ari kumwe n’abanyamakuru, Joe Biden yabajije Kamala Harris niba yumva yamusimbura mu gihe byaba ari ngombwa.

Yagize ati: “Ntabwo nari guhitamo visi perezida Trump (ashaka kuvuga Harris) kugira ngo abe visi perezida, iyo nza kuba ntazi ko afite ubushobozi bwo kuba yaba perezida.”

Aha rero niho Donald Trump yahise asamira hejuru ibyo Joe Biden amaze gutangaza, maze atanga ibitekerezo bye akoresheje imbuga nkoranya mbaga, yandika ati: “Wakoze akazi keza, Joe!”

        MCN.
Tags: BahanganyeBamuhayeDonald TrumpInkweneneJoe Biden
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
LONI yagaragaje ibibazo biri guterwa n’intambara zibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n’inzara.

LONI yagaragaje ibibazo biri guterwa n'intambara zibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n'inzara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?