• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2024
in Regional Politics
0
Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Hari mu kiganiro cyakozwe ubushize, gikozwe na perezida Joe Biden, aho yakigiranye n’abanyamakuru, maze yitiranya abakuru b’ibihugu, bituma Donald Trump bahanganye amuha inkwenene.

Nk’uko bivugwa n’uko Joe Biden yitiranije perezida wa Ukraine, Zelensky n’uw’u Burusiya, Vradimir Putin, ndetse na Visi perezida we n’uwahoze ari perezida wa USA, Donald Trump.

Ibi yabikoze n’ubundi mu gihe abo mu ishyaka rye bakomeje kumusaba kureka ibikorwa byo kwiyamamaza kuko ageze mu zabukuru.

Kandi bivugwa ko uko kwitiranya Vladimir Putin na Zelensky, yabikoze ubwo bari mu ihuriro rya Noto ryabereye i Washington DC muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Muri icyo kiganiro ari kumwe n’abanyamakuru, Joe Biden yabajije Kamala Harris niba yumva yamusimbura mu gihe byaba ari ngombwa.

Yagize ati: “Ntabwo nari guhitamo visi perezida Trump (ashaka kuvuga Harris) kugira ngo abe visi perezida, iyo nza kuba ntazi ko afite ubushobozi bwo kuba yaba perezida.”

Aha rero niho Donald Trump yahise asamira hejuru ibyo Joe Biden amaze gutangaza, maze atanga ibitekerezo bye akoresheje imbuga nkoranya mbaga, yandika ati: “Wakoze akazi keza, Joe!”

        MCN.
Tags: BahanganyeBamuhayeDonald TrumpInkweneneJoe Biden
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
LONI yagaragaje ibibazo biri guterwa n’intambara zibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n’inzara.

LONI yagaragaje ibibazo biri guterwa n'intambara zibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n'inzara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?