Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 12, 2024
in Regional Politics
0
Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Hari mu kiganiro cyakozwe ubushize, gikozwe na perezida Joe Biden, aho yakigiranye n’abanyamakuru, maze yitiranya abakuru b’ibihugu, bituma Donald Trump bahanganye amuha inkwenene.

Nk’uko bivugwa n’uko Joe Biden yitiranije perezida wa Ukraine, Zelensky n’uw’u Burusiya, Vradimir Putin, ndetse na Visi perezida we n’uwahoze ari perezida wa USA, Donald Trump.

Ibi yabikoze n’ubundi mu gihe abo mu ishyaka rye bakomeje kumusaba kureka ibikorwa byo kwiyamamaza kuko ageze mu zabukuru.

Kandi bivugwa ko uko kwitiranya Vladimir Putin na Zelensky, yabikoze ubwo bari mu ihuriro rya Noto ryabereye i Washington DC muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Muri icyo kiganiro ari kumwe n’abanyamakuru, Joe Biden yabajije Kamala Harris niba yumva yamusimbura mu gihe byaba ari ngombwa.

Yagize ati: “Ntabwo nari guhitamo visi perezida Trump (ashaka kuvuga Harris) kugira ngo abe visi perezida, iyo nza kuba ntazi ko afite ubushobozi bwo kuba yaba perezida.”

Aha rero niho Donald Trump yahise asamira hejuru ibyo Joe Biden amaze gutangaza, maze atanga ibitekerezo bye akoresheje imbuga nkoranya mbaga, yandika ati: “Wakoze akazi keza, Joe!”

        MCN.
Tags: BahanganyeBamuhayeDonald TrumpInkweneneJoe Biden
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
LONI yagaragaje ibibazo biri guterwa n’intambara zibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n’inzara.

LONI yagaragaje ibibazo biri guterwa n'intambara zibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n'inzara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?