• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Joe Biden wa Reta Zunze ubumwe za America Yatsembye kohereza ibikoresho byagisirikare Igihugu ca Ukraine ca sabye.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Political

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Joe Biden, President wa Reta zunze Ubumwe za Amerika yatsembye kohereza Ukraine indege z’intambara zomubwoko bwa F-16, mu gihe abategetsi b’ik igihugu bakomeza gusaba imfashanyo zintambara zomukirere.

Abajijwe n’umumenyamakuru ejo ku wa mbere tariki 30.01.2023, nimba Amerika izohereza izi ndege, Biden yishuye ati “oya”

Ukraine iravuga ko ikeneye indege kugira ngo igenzure ikirere mu ntambara yayo n’Uburusiya.

Indege F-16 zo mu bwoko bwa Falcon ni zimwe mu zifatwa ko ari indege z’intambara zizewe kuruta izindi kw’isi kandi zisanzwe zikoreshwa n’ibindi bihugu nk’Ububirigi na Pakistani.

Vice Minister wa Ukraine muri ministries y’ububanye n’Amahanga, Andrii Melnyk, arashima cane iyi mfashanyo ariko agasaba ibihugu by’incuti gushinga “urunani rw’indege z’intambara” rwotuma Ukraine ironka indege z’intambara Eurofighters, Tornados, French Rafales hamwe na Gripen zo muri Suède.

Mu kiganiro ku co kuriki cumweru, umukuru wa Reta y’Ubudagi yavuze ko “bisa n’amafuti” mukuja impaka ku byo kuhereza Ukraine iyindi mfashanyo ya gisirikare mu gihe bamaze kwiyemeza kohereza ama-chars yo mu bwoko bwa Leopard 2.

Avugana n’ikinyamakuru co mu Budagi Tagesspiegel, Olaf Scholz yavuze kandi ko ubumwe bwa OTAN/NATO butari mu ntambara n’Uburusiya kandi “ntirushobora kureka ngo ibintu biyangare gushika aho bigeze”.

Moscou (umugwa mukuru w’Uburusiya) urarega OTAN ko yayiteye iciye ku bihugu ikorana na yo, ibihugu bihuriye murishirahamwe harimwo Amerika n’Ubudagi, bikaba bifite amayeri yokohereza Ukraine imbunda zotuma ibintu biyangara muri ino ntambara.

Ejo ku wa mbere tariki 30.01.2023, President Emmanuel Macron w’Ubufaransa yasubiyemwo aya magambo avuga ko kuvuga ko n’aho “Nta kintu na kimwe kibujijwe” ku kibazo co gufasha Ukraine, ntibitegerezwa kandi guteza ikibazo cange ngo binanize Ubufaransa kurwanya umwanzi wabo.

Ibindi bihugu byo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburaya ntibiratanga igisubizo nimba hazoherezwa indege z’intambara.

Hagati aho, Pologne ivuga ko yiteguye kohereza Ukraine indege z’intambara ifatanije na OTAN.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

President Tchisekedi mubiganiro byabaye Ejo Ikinshasa y'ibasiriye imiryango mpuza Mahanga harimo AU.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?