
Joe Biden uyu munsi i Kyiv muri Ukraine.
Umukuru wa Reta zunze ubumwe za America Joe Biden , muburyo butunguranye, yasuye Kyiv, ahamaze igihe habera intambara imaze hafi umwaka, igabwe kuriki gihugu ca Ukraine, nuburusiya.
Uru ruzinduko rukaba rubaye kimunsi wa 362 habura iminsi 3 yumwaka, Ukraine imaze muntambara.
Ibikorwa remezo bifite agaciro ka miliyari 51 akaba byo bimaze gusenywa muri Ukraine kugeza uyu munsi joe Biden yasuye iki gihugu bwiwe bwambere .
Amakuru agera kuri Minembwecapital News nuko, ubwo Joe Biden yageraga muri Ukraine kuruyu munsi wanone, habaye kudurubana kwibisasu mukirere ariko bihita birangira.
Mumagambo Biden yavuze nuko u Burusiya buzakomezwa guhanwa ndetse hamwe nimishinga yose ifatanya nabwo muntambara bagabye muri Ukraine.
Biden nanone yagizati “ Reta zunze ubumwe za America zizakomeza gufatanya na Ukraine nkaba mbahaye ubundi bufasha bungana na million 500$ harimo amasasu , tank zintambara nibigenzura ikirere. “
Zelenisky yabwiye abaturage ko yaganiriye na Biden kubisasu birasa kure, ati yiyemeje ko tuzahabwa bimwe mubirwanisho tutigeze duhabwa kuva mberehose.
Amwe muyandi magambo yavuzwe na president Biden yagize ati “ Putin yagabye ibitero kuri Ukraine, yibwirako Ukraine araba nyantege nkeya anibwirako uburaya budafatitse ariko ibyo yibwiraga byose nibinyoma”.
Joe Biden akaba yagiye asura ahantu hatandukanye mu muryi wa Kyiv hagiye hagabwaho ibitero naba Rusiya.