Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Joseph Kabila Kabange, wahoze ayoboye Congo Kinshasa yahakanye ibirego aheruka kuregwa n’a Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari Perezida muri RDC, Joseph Kabila yahakanye ibirego aheruka kuregwa n’a Perezida wa Uganda.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 19/07/2023, saa 6:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Perezida wa kera wayoboye RDC kuva mu mwaka wa 2001 kugeza mumwaka wa 2019, Joseph Kabila, yahakanye ibyo aheruka gushinjwa n’a Perezida Yoweri Museveni wa Uganda ko ari we wateje ibibazo mukarere n’imugihe yashinjwaga gutera inkunga umutwe w’itera bwoba wa ADF.

Joseph Kabila ibi nibyo yatangarije ikinyamakuru ca Reuters asubiza Museveni uherutse gutangaza ko ubutegetsi bwe ari bwo bwatumye umutwe wa ADF wongera kwisuganya kandi wari warashegeshwe n’ingabo za Uganda mu mwaka wa 2007.

Perezida Museveni wa Uganda, tariki ya 13/07/ 2023, yagize ati: “Ubutegetsi bw’uwahoze ari Perezida muri RDC Joseph Kabila, bubifashijwemo n’abo mu karere n’abandi banyamahanga, bwahaye ikibanza umutwe wa ADF muri Kivu y’Amajyaruguru na Ituri.”

Umukuru w’igihugu ca Uganda yakomeje avuga ko abarwanyi ba ADF, “Bacukura zahabu, bagurisha Timber, basarura Cocoa y’abaturage, bakusanya imisoro, bambura abaturage amafaranga. Bateraga imbere n’ayo mafaranga. Banazamuye imikoranire n’ibindi byihebe nka Al Qaeda.”

Umunyamabanga Uhoraho w’ishyaka PPRD rya Kabila, Ferdinand Kambere, aherutse kwamagana amagambo ya Perezida Museveni, asobanura ubutumwa bw’uyu muyobozi wa Uganda burimo isebanya, kandi ko bugaragaza ko atewe ubwoba n’iherezo ry’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi.

Yagize ati: “Ni ubutumwa bugomba kumvikanamo kwerekana ubwoba. Bafite ubwoba bw’iherezo ry’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi bwabahaye amahirwe yose yo kwigarurira uburasirazuba bwa DRC.”

Joseph Kabila, kumunsi w’ejo hashize tariki 18/07/2023 yatangaje ko Perezida Museveni umushinja gufasha ADF kandi ko ari we wateje umutekano muke mu karere. Ati: “Ibirego by’ibinyoma bya Perezida Museveni, uri mu b’ingenzi bateje umutekano muke mu karere biteye isoni kandi bigamije kurangaza Abanyekongo no kubacamo ibice.”

Umutwe wa ADF washinzwe mu mwaka wa 1996, ukaba urwanya ubutegetsi bwa Perezida Museveni. Uyu mutwe Ukomoka mugihugu ca Uganda w’irukanwe kubutaka bwaho mu mwaka wa 2007, uhita werekeza muburasirazuba bwa RDC, arinaho washinze ibirindiro. Kuri ubu, uri ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba kubera ibikorwa byayo bihungabanya umutekano w’abasivili muri RDC n’a Uganda.

Tags: ashinjwaJoseph Kabilan'a Yoweli Kaguta Museveni wa Ugandayahakanye ibirego
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umunyamakuru w'umu Biligi Marc Hoogsteyns, yamenye ibanga ko ingabo za RDC ziri mumyiteguro ikomeye yokugaba igitero simusiga kumutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?