
Joseph Makundi, umwe mubahoraga bategura imyigaragambyo yokwamagana ingabo za EAC, M23 na Monusco yapfuye afashwe na Gaz igihe bajaga gushingura abishwe basenya Amakanisa ndetse biravugwa ko uyu mugabo ashingurwa none kuwagatandatu.
Ubwo hakorwa imyigaragambyo muri Goma, ubushize tariki 06.02.2023, iyi myigaragambyo ikaza gusenya Amakanisa atatu(3), ayobowe nab’Atutsi(Abanyamulenge), bivugwa ko Joseph Makundi, ariwe warinyuma yibi.
Mugusenyaga aya Matorero, rimwe muraya Matorero ryakundukiye abarimo kurisenya haza kuviramo bamwe gupfa, hapfuye 6, abandi barakomereka, bigeze mugushingura abahitanwe niryosenya Imodoka imwe muzaherekeje imirambo yakoze impanuka hapfa babiri abandi batatu barakomereka, nkuko Minembwe Capital News, tubikesha bamwe mubaturage baturiye Goma,.
Joseph Makundi, bivugwa ko ariwe watanga ga ifaranga murubyiruko kugira bakore imyigaragambyo abandi akabagurira inzoga.
Mugihe Minembwe Capital News, yaganiraga nabarihafi aho bavugaga badashidikanya ati: “Ntagushidikanya Imana n’Imana ihora.”
Umuvugizi wa leta y’Ikinshasa Patrick Muyaya, yanditse kurukuta rwa Twitter ye yita Joseph Makundi, “Amwita Intwari kandi avuga ko akwiye kubyitwa, arangije amwifuriza iruhuko ridashira.”
Mumakuru twahawe kuri Minembwe Capital News, nuko, igitondo canone tariki 11.02.2023, Na 8h 30′ bazaba bari kubitaro,
gufata umurambo wa Joseph Makundi, baja Makao, aho bakunze gushingurira.