• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Kabila kuja kwe i Goma bivuz’iki kuri iyi ntambara ibera muri RDC, umusesenguzi.

minebwenews by minebwenews
May 29, 2025
in sport & entertainment
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kabila kuja kwe i Goma bivuz’iki kuri iyi ntambara Ibera muri RDC, umusesenguzi.

You might also like

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Umusesenguzi kuri Politiki ya Repubulika ya demokarasi ya Congo asesengura ko gusubira muri iki gihugu kwa Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wacyo kuba yakiriwe mu Burasizuba bw’iki gihugu, ari intambwe ikomeye ku ruhande rumwe ishobora gukurura intambara ndende cyangwa kurundi ruhande bikaba amahirwe menshi yo kuyirangiza vuba.

Umusesenguzi w’Umunyamerika, Simon Fraser, yabwiye itangazamakuru ko intambara ibera muri RDC ejo hayo hazagenwa n’ibiganiro hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa biyobowe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ni mu gihe binateganyijwe ko muri uku kwezi kwa gatandatu tugiye kwinjiramo impande zombi zizahurura i Washington DC zigashyira umukono ku masezerano y’amahoro yo kurangiza iyi intambara.

Ku wa mbere w’iki cyumweru umutwe wa M23 watangaje ko Joseph Kabila bamwakiriye i Goma mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Uyu munyamerika avuga ati: “Niba ibyo biganiro binaniranye, amasezerano ntagerweho, ntekereza ko kuhagera kwa Joseph Kabila kwaba ingenzi ndetse mu bigize amakuba yigihe kirekire bikabonerwa igisubizo kirambye.

M23 yakiriye uyu munyapolitiki w’imyaka 53 y’amavuko uri mu bakomeye wanayoboye iki gihugu cya RDC imyaka 18, wubuye imirwano mu mpera z’umwaka wa 2021 kubera ko abo mu Barasirazuba bw’iki gihugu cyabo batotezwaga bakanicywa, cyane cyane abo mu bwoko bw’Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bose muri rusange.

I Kinshasa bamaganye iki cyemezo cya Kabila cyo kuja i Goma, ndetse ubundi na Sena y’iki gihugu imwambura ubudahangarwa bwo kuba umusenateri ubuzima bwe bwose nk’uko amategeko agenga iki gihugu abikora ku wabaye umukuru w’igihugu.

Kabila yanenze bikomeye ubu butegetsi bw’i Kinshasa bwa mwambuye ubudahangarwa, agaragaza ko ari ubutegetsi bw’i gitugu kandi ko bugendera ku makuru y’ibihuha.

Anenga ubucamanza bwemeye gukoreshwa ku mugaragaro ku nyungu za politiki.

Ubwo yatangaga iri jambo yagize ati: “Nk’umusirikare, narahiriye kurinda igihugu kugeza kugitambo kiruta byose. Ubushize nari ku butegetsi, uyu munsi sindi ku butegetsi, ariko nkomeje kuba indahemuka kuri iyo ndahiro kurusha mbere hose.”

Nk’uko uriya musesenguzi we abibona, avuga ko mu gihe RDC n’u Rwanda byagera ku masezerano y’amahoro, icyo gihe Kabila azaba yarishize mu kaga.

Ariko ngo mu gihe ntamusaruro bizageraho, icyo gihe azaba yariteganyirje neza.

Yongeyeho kandi ko kuja i Goma kwe byemeje amakuru yavugaga ko afasha uyu mutwe wa M23.

Ku rundi ruhande avuga ko kuza kwa Kabila muri iki gice kigenzurwa n’umutwe wa M23, ari ngenzi kuri uyu mutwe, ngo kuko wari uhorana abawushigikiye bake, bityo ko uzahita ubona n’ibindi bihugu biwushigikiye byahoraga ari inshuti za Joseph Kabila.

Yagize ati: “Biragoye kuvuga ko M23 ifite abayishigikiye mu muryango mugari wa Banye-Congo no mu bindi bihugu. Ariko kubera Kabila wayoboye iki gihugu bagiye kubabona benshi.”

Avuga kandi ko Kabila yaba akunzwe cyangwa nta kundwe, ariko ko ari umuntu ukomeye muri politiki ya Congo no mu karere. Kubera ibyo bishobora guha andi mahirwe uyu mutwe wa M23 kugirirwa icyizere mu gihugu imbere no hanze yacyo.

Uyu Kabila uvugwa ni umugabo ufite imitungo minini cyane muri RDC, yaba iyimukanwa n’itimukanwa. Hari nk’inzuri nini afite, inyubako i Kinshasa n’i Lubumbashi n’ahandi muri iki gihugu.

Mu mwaka wa 1997, yari umusirikare ufite imyaka 26 y’amavuko, akaba yari umuntu wahoraga hafi ya se, Laurent Desire Kabila.

Mu mwaka wa 2021, Laurent Desire Kabila yarishwe uyu muhungu we Joseph Kabila afata ubutegetsi. Ubutegetsi bwe inshuro nyinshi bwarwanye intambara zitandukanye n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’uwari ukomeye cyane mu myaka yashize wa CNDP(Congere National Pour la Defense du peuple) wa Gen.Laurent Nkunda.

Rero kuza kwa Kabila i Goma bishobora kuzabyara amahoro n’ituze birambye, ari kandi ku rundi ruhande bishobora kuzakomeraho mu gihe amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC yagira umusaruro mwiza. Ariko mu gihe uwo musaruro ubuze kuri we no kuri uyu mutwe asanze harimo ibyiza byinshi.

Tags: Bivuz'ikiGomaKabilaKuza kwe
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails

RDC mu Kaga, Ibyiringiro byo Kugera mu Gikombe cy’Isi biri mu Rujijo

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
RDC mu Kaga, Ibyiringiro byo Kugera mu Gikombe cy’Isi biri mu Rujijo

RDC mu Kaga, Ibyiringiro byo Kugera mu Gikombe cy’Isi biri mu Rujijo Inkuru ivugwa mu ruhando rw’umupira w’amaguru ku Isi irerekana ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR-Congo)...

Read moreDetails
Next Post
Kabila arakomeje ibikorwa i Goma.

Kabila arakomeje ibikorwa i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?