Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Kalinda Dogo, wari umukandinda wiyamamariza gutorerwa kubudepite mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yishwe arashwe,i Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 3, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dogo Kalinda, wari umukandinda wiyamamariza gutorerwa kubudepite, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, yishwe arashwe.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nyakwigendera Kalinda Dogo, avuka muri teritware ya Masisi, amakuru avuga ko uyu Mugabo ko yishwe kumugoroba wo ku wa Gatatu, tariki 01/11/2023, araswa n’Abantu bikekwa kwari Wazalendo, bikaba byavuzwe ko yiciwe muri Quartier ya Ndosho, iherereye mu Mujyi Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Dog, yigeze kubaho umuyobozi uyoboye Quartier ya Lac-vert, mu Mujyi wa Goma, aha herereye mu Birunga.

Nk’uko Minembwe Capital News, yabwiwe ay’amakuru n’uko Kalinda Dogo, yarashwe amasasu menshi abona gupfa, nimugihe yaravuye kubitaro gusura umwana we warumaze i Cyumweru, arwariye mubitaro i Goma.

Umuturage watanze amakuru yagize ati: “Uyu mugabo yiciwe hafi y’ibitaro, yicwa n’Abantu ba biri bari bitwaje imbunda bakaba bari bicyaye kuri moto bamaze kumurasa amasasu bahise bahunga.”

Ay’amakuru kandi yanemejwe na Sosiyete sivile mu Mujyi wa Goma, aho iyo Sosiyete sivile yahise isabisha ubutegetsi bwa Kinshasa gukora iperereza ry’imbitse abarinyuma yamabi ba biryozwe.

Ati: “Turarambiwe turarambiwe! n’imfu zaburimunsi, kuki ubutegetsi butokora iperereza ?

Yakomereje agira ati: “Inzego zishinzwe umutekano i ngenzi nuko mwokora iperereza kuriz’imfu zaburimunsi.”

Amakuru dukesha abaturage baturiye ibyo bice n’uko mbere y’uko Dogo Kalinda apfa hari habanjye kwicwa Munyamariba nawe wishwe arashwe kugeza ubu iperereza rikaba ritarakorwa.

Bikavugwa ko muribyo bice hagiye haba nubushimusi bw’Abantu.

By Bruce Bahanda.

Tags: I GomaKalinda DogoYishwe Arashwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi w'igisirikare ca FARDC, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yijeje abaturage ba Goma ko M23 itazigera ifata uy'u Mujyi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?