
Gaju Kerlene ufite ama muko i Mulenge homuri Republika ya Democrasi ya Congo, yatorewe guhagararira abana ba bakobwa muri Women Deliver.
Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 19/07/2023, saa 11:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umwana w’umukobwa ufite ama muko i Mulenge homuri Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, akaba afite ubw’enegihuhu bw’igihugu c’u Rwanda, Kerlene Gaju, niwe wagizwe Umuyobozi wabagenzibe muri Women Deliver.
Kumunsi w’ejo hashize n’ibwo Kerlene, ya toranijwe kuyobora uyu muryango mu rwego Mpuzamahanga, aho agiye guhagararira bagenzibe abana b’abakobwa. Iyinama Mpuzamahanga ihuza abantu barenga ibihumbi bitandatu (6000) bakaba bava ku m’igabane itandukanye y’isi binazwi ko y’itabirwa n’abakuru b’ibihugu n’abandi banyacyubahiro batandukanye.
N’inama izwi kwizina rya “Women Deliver,” kumunsi w’ejo hashize tariki 17/07/2023, yabereye i kigali ahazwi nkumurwa mukuru w’igihugu c’u Rwanda. Akaba arinabwo bwa mbere iyo nama ibereye kumugabane wa Afrika Afrika, nkuko tubikesha bamwe mubabashe kuyitabira.
Kerlene Gaju, amaze gutogwa yafashe ijambo maze ashimira Abanya Rwanda ndetse naba bashe kwitabira iyo nama hakaba harimo abayobozi b’ingeri zose ndetse n’a Madame, Perezida Paul Kagame.
Kerlene Gaju, ni umwana wa Pasteur Kibinda Emmanuel, ukorera mw’itorero rya Dr Apôtre Paul Gitwaza(Zion Timple). Yiga kukigo cy’isumbuye ca Gashora Girls Academy. Numwana uri mukigero c’Imyaka irimunsi yacumi numunani.
Uyumwana avuka mubwoko bwa b’Anyamulenge bo muri Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca Congo Kinshasa. Ababyeyi be bafite ubwene gihugu c’u Rwanda.
Courage turacyagera kure Tu nibashaka abaturwanya bitonde
Ni bande baba rwanya?
Na madame président Paul Kagame ndumiwe président yabaye madame ryari???
Uzabanze wige neza.
Ni madame wa président Paul Kagame ntabwo ari madame Président Paul Kagame.
Ikindi ushatse kwereka iki c ko ari umunyamulenge nibyo mwahezemo abandi bageze kure mu myumvire nawe uracyari mubyo gutandukanya abantu.
Mwirirwa muvuga ngo u Rwanda …
Uwo mwana iyo aza kuba ari aho o Bukavu yari kuzapfa ageze aharita muhumuke.