• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kayikwamba uri gushaka imbaraga zo kurwanya m23 yagaragaye no mu bindi bihugu nyuma y’i Burundi.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2025
in Regional Politics
0
Icyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kayikwamba uri gushaka imbaraga zo kurwanya m23 yagaragaye no mu bindi bihugu nyuma y’i Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, ari muri Afrika y’Epfo nyuma yokuva i Burundi no muri Tanzania.

Tariki ya 25/03/2025, ni bwo Kayikwamba yakiriwe i Bujumbura, aho yakiriwe na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Icyo gihe ibiro by’umukuru w’iki gihugu cy’u Burundi, byatangaje ko minisitiri Kayikwamba wa RDC yazaniye ubutumwa Ndayisimiye bwa Tshisekedi.

Hashingiwe ku masezerano yashyizweho umukono mu mwaka wa 2023, Ingabo z’u Burundi n’iza leta y’i Kinshasa zifatanya mu kurwanya umutwe wa m23, kuri ubu ugenzura ibice bikomeye birimo icy’u mujyi wa Goma n’uwa Bukavu.

Ejobundi ku wa 26/03/2025, Kayikwamba yakomeje uruzinduko muri Tanzania, ageze i Dar es Salaam yakirwa na Samia Suluhu perezida w’iki gihugu, nawe amugezaho ubutumwa bwa perezida Felix Tshisekedi ku mutekano w’u Burasizuba bwa Congo.

Ntabyinshi byavuzwe kuri ubu butumwa, ariko bizwi ko Ingabo za Tanzania zari zisanzwe zifasha iza Congo kurwanya m23, binyuze mu butumwa bwa SADC.

Minisitiri Kayikwamba yakomeje uruzinduko muri Afrika y’Epfo ku munsi w’ejo ku wa kane, tariki ya 27/03/2025, aho yakiriwe na mugenzi we w’iki gihugu ushyinzwe minisiteri y’ubanye n’amahanga, Ronald Lamola.

Mu kiganiro n’abanyamakuru, minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashimiye ubufasha Afrika y’Epfo yahaye igihugu cye binyuze mu butumwa bwa SADC agaragaza ko Abanye-Congo bazahora babuzirikana.

Gusa, abikoze mu gihe abakuru b’ibihugu bya SADC bahagaritse ibikorwa by’ingabo za Afrika y’Epfo, Tanzania na Malawi muri RDC; minisitiri Kayikwamba yagaragaje ko ikibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo nubwo SADC yahagaritse ibikorwa byayo, ariko ko ibyo bibazo bigihangayikishije.

Kayikwamba yageze muri iki gihugu cya Afrika y’Epfo mu gihe na minisitiri w’ingabo za Congo, Guy Kabombo Muviamvita, yari ahafitiye uruzinduko kuva tariki ya 24 kugeza ku ya 27/03/2025, rwaganiriwemo ibirimo kongera ubufatanye bw’ingabo z’ibihugu byombi.

Hagataho, amakuru yo kuruhande avuga ko minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta y’i Kinshasa, Kayikwamba izi ngendo arimo zose zigamije ugushakira Leta y’i Kinshasa amaboko arwanya umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu cye.

Tags: AmabokoKayikwamba
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu nyayo ituma Ingabo za Congo n’abambari bazo batsindwa kubi n’abarwanyi bo mu mutwe wa m23.

Hamenyekanye impamvu nyayo ituma Ingabo za Congo n'abambari bazo batsindwa kubi n'abarwanyi bo mu mutwe wa m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?