• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kayikwamba uri gushaka imbaraga zo kurwanya m23 yagaragaye no mu bindi bihugu nyuma y’i Burundi.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2025
in Regional Politics
0
Icyo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC yatangaje kubyo guhagarika ibitero kuri m23.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kayikwamba uri gushaka imbaraga zo kurwanya m23 yagaragaye no mu bindi bihugu nyuma y’i Burundi.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, ari muri Afrika y’Epfo nyuma yokuva i Burundi no muri Tanzania.

Tariki ya 25/03/2025, ni bwo Kayikwamba yakiriwe i Bujumbura, aho yakiriwe na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Icyo gihe ibiro by’umukuru w’iki gihugu cy’u Burundi, byatangaje ko minisitiri Kayikwamba wa RDC yazaniye ubutumwa Ndayisimiye bwa Tshisekedi.

Hashingiwe ku masezerano yashyizweho umukono mu mwaka wa 2023, Ingabo z’u Burundi n’iza leta y’i Kinshasa zifatanya mu kurwanya umutwe wa m23, kuri ubu ugenzura ibice bikomeye birimo icy’u mujyi wa Goma n’uwa Bukavu.

Ejobundi ku wa 26/03/2025, Kayikwamba yakomeje uruzinduko muri Tanzania, ageze i Dar es Salaam yakirwa na Samia Suluhu perezida w’iki gihugu, nawe amugezaho ubutumwa bwa perezida Felix Tshisekedi ku mutekano w’u Burasizuba bwa Congo.

Ntabyinshi byavuzwe kuri ubu butumwa, ariko bizwi ko Ingabo za Tanzania zari zisanzwe zifasha iza Congo kurwanya m23, binyuze mu butumwa bwa SADC.

Minisitiri Kayikwamba yakomeje uruzinduko muri Afrika y’Epfo ku munsi w’ejo ku wa kane, tariki ya 27/03/2025, aho yakiriwe na mugenzi we w’iki gihugu ushyinzwe minisiteri y’ubanye n’amahanga, Ronald Lamola.

Mu kiganiro n’abanyamakuru, minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashimiye ubufasha Afrika y’Epfo yahaye igihugu cye binyuze mu butumwa bwa SADC agaragaza ko Abanye-Congo bazahora babuzirikana.

Gusa, abikoze mu gihe abakuru b’ibihugu bya SADC bahagaritse ibikorwa by’ingabo za Afrika y’Epfo, Tanzania na Malawi muri RDC; minisitiri Kayikwamba yagaragaje ko ikibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo nubwo SADC yahagaritse ibikorwa byayo, ariko ko ibyo bibazo bigihangayikishije.

Kayikwamba yageze muri iki gihugu cya Afrika y’Epfo mu gihe na minisitiri w’ingabo za Congo, Guy Kabombo Muviamvita, yari ahafitiye uruzinduko kuva tariki ya 24 kugeza ku ya 27/03/2025, rwaganiriwemo ibirimo kongera ubufatanye bw’ingabo z’ibihugu byombi.

Hagataho, amakuru yo kuruhande avuga ko minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta y’i Kinshasa, Kayikwamba izi ngendo arimo zose zigamije ugushakira Leta y’i Kinshasa amaboko arwanya umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu cye.

Tags: AmabokoKayikwamba
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu nyayo ituma Ingabo za Congo n’abambari bazo batsindwa kubi n’abarwanyi bo mu mutwe wa m23.

Hamenyekanye impamvu nyayo ituma Ingabo za Congo n'abambari bazo batsindwa kubi n'abarwanyi bo mu mutwe wa m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?