• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Kenya, ikwiye kwisigura, ku kuvuka Kwa AFC,” ibi nibitangazwa na RDC.

minebwenews by minebwenews
December 16, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwuka mubi wakomeje gututumba hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Kenya, nimugihe byavuzwe ko uhagarariye igihugu ca Kenya, muri RDC ashobora guhamagazwa kwisobanura ku mutwe wa politike, Alliance Fleuve Congo(AFC), wavukiye k’u butaka bwa Kenya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

George Masafu, niwe Ambasaderi, wa Kenya i Kinshasa, kumurwa Mukuru w’igihugu ca RDC, uyu yigeze kandi guhamagazwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, mu ntangiriro z’umwaka w’2021, mu gihe William Ruto wari visi perezida wa Kenya icyogihe yari yagereranije abanyekongo n’Inka.

Nk’uko bya vuzwe George Masafu, n’uko yarakwiye guhamagazwa n’aminisiteri y’u banye n’amahanga, ihagarariwe na Christophe Lutundula, gusa Lutundula ari muruzinduko hanze ya Congo Kinshasa. Ibi ngo byatumye baheza iki kiraka bwana minisitiri w’u mutekano w’imbere mu gihugu, Peter Kazadi.

Nyuma y’uko uriya mutwe wa Alliance Fleuve Congo, ugamije kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, utangajwe ku mugararo ko kandi uyobowe na Corneille Nangaa, wayoboye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora muri RDC, ahagana mu mwaka w’ 2018. Leta ya Kinshasa, yahise izamura amaranga mutima, habaho urwikwekwe hagati mu bategetsi ba Kinshasa, kuri Kenya.

Minisitiri w’itumanaho muri RDC akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, Patrick Muyaya, ari imbere ya Television y’igihugu kuri uyu wo ku wa Gatanu, tariki 15/12/2023, yavuze ko bamaganye umutwe wavutse ndetse ko kandi bagiye gufata Ingamba nshashya kuri uwo mutwe.

Ati: “Biratangaje kubona Kenya i Gihugu cyari munzira yo gushakira RDC amahoro kuba aricyo gihaye abanzi ikibanza abarwanya ubutegetsi bwa Kinshasa. N’ibintu bitumvikana. Gusa tugiye gushakira iki kibazo Ingamba zihuse. Kenya igomba ku bisobanuro.”

Uriya mutwe bivugwa ko ufite n’Ingabo wavutse kw’itariki 15/12/2023, uvukiye i Nairobi, mu gihugu ca Repubulika ya Kenya. Umuhango wo gutangiza uriya mutwe wari witabiriwe n’abanyapolitike benshi barimo na perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa.

Mu ntego nyamakuru uriya mutwe wihaye ngo ni “Ugashakira abanyekongo amahoro no kubagarurira agaciro kabo ndetse no kuvanaho ubutegetsi bwa Kinshasa,” nk’uko byatangajwe na Nangaa, bivugwa ko ariwe uyoboye uwo mutwe.

Nangaa, yanaciye amarenga avuga ko igihe kigeza ngo Tshisekedi, avanwe ku butegetsi ati kandi binaniranye hazifashishwa imbaraga za Gisirikare.

Bruce Bahanda.

Tags: AFCKenya ikwiye kwisiguraNangaa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Kinshasa, yahamagaje igitaraganya Ambasaderi wayo muri Kenya, n'uwu muryango w'Afrika y'Iburasirazuba (EAC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?