Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Kenya, ikwiye kwisigura, ku kuvuka Kwa AFC,” ibi nibitangazwa na RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 16, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwuka mubi wakomeje gututumba hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Kenya, nimugihe byavuzwe ko uhagarariye igihugu ca Kenya, muri RDC ashobora guhamagazwa kwisobanura ku mutwe wa politike, Alliance Fleuve Congo(AFC), wavukiye k’u butaka bwa Kenya.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

George Masafu, niwe Ambasaderi, wa Kenya i Kinshasa, kumurwa Mukuru w’igihugu ca RDC, uyu yigeze kandi guhamagazwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, mu ntangiriro z’umwaka w’2021, mu gihe William Ruto wari visi perezida wa Kenya icyogihe yari yagereranije abanyekongo n’Inka.

Nk’uko bya vuzwe George Masafu, n’uko yarakwiye guhamagazwa n’aminisiteri y’u banye n’amahanga, ihagarariwe na Christophe Lutundula, gusa Lutundula ari muruzinduko hanze ya Congo Kinshasa. Ibi ngo byatumye baheza iki kiraka bwana minisitiri w’u mutekano w’imbere mu gihugu, Peter Kazadi.

Nyuma y’uko uriya mutwe wa Alliance Fleuve Congo, ugamije kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, utangajwe ku mugararo ko kandi uyobowe na Corneille Nangaa, wayoboye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora muri RDC, ahagana mu mwaka w’ 2018. Leta ya Kinshasa, yahise izamura amaranga mutima, habaho urwikwekwe hagati mu bategetsi ba Kinshasa, kuri Kenya.

Minisitiri w’itumanaho muri RDC akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, Patrick Muyaya, ari imbere ya Television y’igihugu kuri uyu wo ku wa Gatanu, tariki 15/12/2023, yavuze ko bamaganye umutwe wavutse ndetse ko kandi bagiye gufata Ingamba nshashya kuri uwo mutwe.

Ati: “Biratangaje kubona Kenya i Gihugu cyari munzira yo gushakira RDC amahoro kuba aricyo gihaye abanzi ikibanza abarwanya ubutegetsi bwa Kinshasa. N’ibintu bitumvikana. Gusa tugiye gushakira iki kibazo Ingamba zihuse. Kenya igomba ku bisobanuro.”

Uriya mutwe bivugwa ko ufite n’Ingabo wavutse kw’itariki 15/12/2023, uvukiye i Nairobi, mu gihugu ca Repubulika ya Kenya. Umuhango wo gutangiza uriya mutwe wari witabiriwe n’abanyapolitike benshi barimo na perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa.

Mu ntego nyamakuru uriya mutwe wihaye ngo ni “Ugashakira abanyekongo amahoro no kubagarurira agaciro kabo ndetse no kuvanaho ubutegetsi bwa Kinshasa,” nk’uko byatangajwe na Nangaa, bivugwa ko ariwe uyoboye uwo mutwe.

Nangaa, yanaciye amarenga avuga ko igihe kigeza ngo Tshisekedi, avanwe ku butegetsi ati kandi binaniranye hazifashishwa imbaraga za Gisirikare.

Bruce Bahanda.

Tags: AFCKenya ikwiye kwisiguraNangaa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Kinshasa, yahamagaje igitaraganya Ambasaderi wayo muri Kenya, n'uwu muryango w'Afrika y'Iburasirazuba (EAC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?