Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Kenya yavuze icyo irimo gukora nyuma y’aho ku butaka bwayo haguye icyuma kivuye mu kirere.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 2, 2025
in Uncategorized
0
Kenya yavuze icyo irimo gukora nyuma y’aho ku butaka bwayo haguye icyuma kivuye mu kirere.
144
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kenya yavuze icyo irimo gukora nyuma y’aho ku butaka bwayo haguye icyuma kivuye mu kirere.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Byatangajwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’isanzure(KSA), aho cyagaragaje ko kirimo gukora iperereza ku cyuma giheruka guhanuka kivuye mu kirere kigwa ku butaka bw’iki gihugu cyabo.

Ni icyuma, KSA, ivuga ko kiri mu ishusho y’uruziga kandi ko gipima ibiro 500, kikaba cyaraguye neza mu gace ka Makuku gaherereye mu karere ka Makueni.

Nk’uko iki kigo kibisobanura kandi kivuga ko iki cyuma cyaguye giturutse mu kirere tariki ya 30/12/2024.

Amashusho akigaragaraza, ubona abaturage bagikikije basa naho bashaka kumenya impamvu yacyo.

Ikigo cya KSA cyagize kiti: “Ubwo twakiraga aya makuru tariki ya 31/12/2024, abakozi ba KSA bihutiye kujya aho cyaguye,dukorana n’itsinda ry’ibigo bitandukanye n’ubuyobozi bw’inzego zibanze, turinda umutekano waho, turagifata, tukijyana mu bubiko kugira ngo gikorweho iperereza ry’imbitse.”

Ariko mu makuru y’ibanze yatanzwe na KSA avuga ko iki cyuma ari igice cy’icyogajuru, ubusanzwe kiba kigomba gushwanyagurika ku Isi cyangwa se kikagwa ahantu hadatuwe nko mu nyanja.

Iki kigo kivuga ko abahanga bayo bari gusesengura kugira ngo bamenye byinshi kuri cyo, bamenye nyiracyo, banijeje kandi abaturage ko bazamenyeshwa ibizava muri iryo perereza cyangwa ubusesenguzi.

Tags: IcyumaKSA
Share58Tweet36Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
FARDC mu Minembwe yazindutse ikora icyashatse gutera abaturage ubwoba.

Ibyaranze umunsi w'ubunani mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?