• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
May 9, 2025
in Regional Politics
0
Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko perezida w’iki gihugu, Evariste Ndayishimiye, ko ashobora kwerekeza vuba mu Rwanda mu ibanga rikomeye, agamije gusaba imbabazi no gutangira inzira nshya y’u bwiyunge hagati y’ibihugu byombi, ninyuma y’aho umwuka ukomeje kuba mubi ku mibanire y’ibi bihugu.

Ni amakuru yashyizwe hanze mu gihe Repubulika ya demokarasi ya Congo iri mu rugendo rwo gushaka umuti w’intambara n’ibibazo by’u mutekano bimaze igihe biyogoje u Burasirazuba bwayo, ndetse ikaba imaze kwerekana ubushake bwo gukorana n’ibihugu bituranye, harimo n’u Rwanda.

Icyarushijeho gukomeza gusiga u Burundi mu rungabangabo ni icyemezo cy’umuryango wa Afrika y’Amajyepfo, SADC, cyo gutangira gukura ingabo zawo muri RDC, ibintu byatumye umubano w’akarere uhindura isura.

Mu gihe ibi byose bibaye, u Burundi bwakomeje gushinjwa n’inzego z’umutekano mu karere ko bukigira uruhare mu gufasha umutwe wa FDLR, ushinjwa iterabwaba n’ubwicanyi muri RDC no mu Rwanda.

Ni muri urwo rwego intumwa z’iperereza z’u Rwanda n’iz’u Burundi ziherutse guhurira mu ntara ya Kirundo tariki ya 10/03/2025, aho zaganiriye ku bibazo bikomeje gutuma umubano w’ibihugu byombi uguma mu makuba, harimo n’ikibazo cy’imipaka yafunzwe n’u Burundi kuva mu kwezi kwa mbere uyu mwaka.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko ibiganiro hagati y’impande zombi bigikomeje nubwo hari ibibindindiza byinshi harimo n’imvugo za perezida Ndayishimiye zibasira u Rwanda.

Yagize ati: “Rimwe na rimwe perezida w’u Burundi atanga ikiganiro mu bitangazamakuru mpuzamahanga ashinja u Rwanda, bikaba bitundindiza mu byo twifuza . Ntabwo ari Abanyarwanda gusa n’Abarundi bifuza ko twagarura umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi.”

Hari n’andi makuru avuga ko nyuma y’aho u Burundi bubonye ko ibindi bihugu bikomeye byo mu karere biri gushakira amahoro, ndetse n’igitutu mpuzamahanga gikomeje kwiyongera, byatumye perezida Ndayishimiye atekereza gukora uruzinduko rutungiranye i Kigali mu Rwanda, agamije gusaba imbabazi no kwiyegereza ubuyobozi bw’u Rwanda.

Ni mu gihe kubyerekeye ibyimibanire u Burundi bukomeje kwiyongera ku rutonde rw’i bihugu biri mu kato, ndetse umubano wabwo na SADC na EAC utameze neza nk’uko byahoze.

Hari impungenge ko gukomeza imvugo z’urwango n’ibikorwa bya gisirikare bihabanye n’ubufatanye bw’akarere bishobora gutuma u Burundi burushaho kwigizwayo mu biganiro by’amahoro mu karere.

Ku ruhande rw’u Rwanda, Leta yarwo ya garagaje ko ifite ubushake bwo gukomeza ibiganiro, ariko isaba ko imvugo zishingiye ku binyoma zibasira u Rwanda zihagarara, kugira ngo habeho icyizere cy’umutekano ushingiye ku kuri n’inyungu rusange.

Nyamara n’ubwo aya makuru yakomeje gusakazwa, ariko ntacyo u Burundi burayavugaho, ariko amakuru yizewe aturuka mu bantu ba hafi y’u butegetsi bw’iki gihugu avuga ko ibiganiro byimbitse bikomeje mu rwego rw’umutekano n’iperereza, mu gihe haramutse habonetse umutekano wuzuye ku mpande zombi zikumvikana ku buryo bwo gukomeza urugendo rwo kunga ubumwe.

Icyizere kiracyariho, ariko ibikubiye mu byo perezida Ndayishimiye azahitamo kuvuga uko bizagenda niba hagati y’u Rwanda n’u Burundi umubano ushobora kongera kugaruka, cyangwa niba urujijo rukomeza kuganza.

Tags: ImbabaziNdayishimiyeRwanda
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.

FARDC yahuriye n'akaga mu gitero yagabye mu Rugezi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?