Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kera kabaye, Tshisekedi yakaniye yiyama abamushinja kugurisha umutungo wa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 6, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kera kabaye, Tshisekedi yakaniye yiyama abamushinja kugurisha umutungo wa RDC.

You might also like

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yiyamye abamushinja kugurisha umutungo kamere w’igihugu kuri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ni mu kiganiro perezida Felix Tshisekedi yagiranye n’Abanye-kongo ku munsi mpuzamahanga w’ubwisanzure bw’itangazamakuru, yavuze ko adashobora guceceka mu gihe ibinyamamakuru bitangaza ibinyoma ku masezerano ya Congo na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Yagize ati: “Kugira ngo numvikanishe ingingo yanjye, ntabwo nakomeza guceceka kubera ibinyamamakuru byinshi bikomeza gutangaza ibinyoma kubufatanye bukomeye buri kunozwa hagati ya Amerika n’igihugu cyacu, bujyanye no gutunganya amabuye y’agaciro.”

Yakomeje avuga ko ayo makuru ari mu rwego rw’ubukangurambaga bugamije guca intege ubukungu bwa Congo no kugira ngo iki gihugu kinanirwe kugaragara ku ruhando mpuzamahanga.

Ati: “Ndagira ngo nshimangire nk’uko nahoze mbivuga , ko ntazigera ngurisha ubutunzi kamere bwa RDC. Nabirahiriye imbere y’igihugu kandi nzabishimangira kugeza ku iherezo.”

RDC na Amerika, mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka nibwo byatangiye kugirana amasezerano atavugwaho rumwe mu rwego rwo kugira Amerika ifashe iki gihugu kugarura amahoro mu Burasizuba bwacyo.

Ni nabwo perezida Felix Tshisekedi yemereye sosiyete z’Abanyamerika gucyukura amabuye y’agaciro ndetse no kuyatunganya, Amerika na yo imusubiza ko yemera iki cyifuzo mu nyungu z’impande zombi.

Kimweho kandi hari andi masezerano America iteganya kugirana na Leta y’i Kinshasa ariko ari mu mushinga mugari wo kwifatanya n’akarere ka Afrika y’ibiyaga bigari mu bikorwa by’iterambere hagamijwe inyungu z’impande zose.

Hagataho, Leta Zunze ubumwe z’Amerika zifite umushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi wa Lobito Corridor uzaca muri Angola, RDC na Zambia. Iteganya ko izajya iwunyuzamo ariya mabuye y’agaciro yenda kuzacukura muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: Amabuye y'AgaciroAmerikaRdc
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze. Umukuru w'igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Miseveni azongera yiyamamaze mu matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu umwaka utaha wa 2026. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria. Ni kuri uyu wa...

Read moreDetails

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y'Epfo, menya ikihamugenza. Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, asimburwa na Felix Tshisekedi uyoboye iki gihugu,...

Read moreDetails

Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

Leta y'u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye. U butegetsi bw'igihugu cy'u Rwanda bwasubije abagize igihe bavuga ko umukuru w'iki gihugu ko arwaye, ndetse hari...

Read moreDetails

Nyuma y’amasaha make Gen.Muhoozi avuye i Kinshasa, yavuze kuri perezida Kagame.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Auto Draft

Nyuma y'amasaha make Gen.Muhoozi avuye i Kinshasa, yavuze kuri perezida Kagame. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi akaba n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, Museveni, nyuma yuko...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.

Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w'ejo ku wa mbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?