• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

minebwenews by minebwenews
June 7, 2025
in Regional Politics
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Igihugu cy’u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y’aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye.

Uyu mwanzuro u Rwanda rwawufashe uyu munsi ku wa gatandatu tariki ya 07/06/2025, mu nama yawo yarimo ibera i Malabo.

Nk’uko amakuru abivuga u Rwanda nirwo rwari rugeze ku mwanya wo kuyobora uyu muryango, ariko RDC iza kubyitambikamo, iruburiza uburyo.

U Rwanda itangazo rwashyize hanze, rugaragaza ko RDC ifatanyije n’ibindi bihugu bimwe na bimwe bigize uyu muryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afrika yo hagati (CEEAC), yakoresheje nabi uwo muryango ku nyungu zayo bwite.

Rikavuga ko byongeye kugaragara no mu nama ya 26 y’abakuru b’ibihugu by’uyu muryango yaberaga i Malabo, ngo kuko uburenganzira bw’u Rwanda bwo kuyobora uyu muryango ku buryo buhererekanywa, nk’uko biteganywa n’ingingo ya gatandatu y’amasezerano shingiro y’uyu muryango, bwirengangijwe kubushake hagenderewe ku byifuzo bya RDC.

Mu kwezi kwa kabiri umwaka wa 2023, u Rwanda rwahejwe mu nama ya 22 y’uyu muryango yaberaga i Kinshasa muri RDC, biturutse ku mabwiriza ya perezida Felix Tshisekedi wayoboraga uyu muryango.

Ibibazo bishyamiranya impande zombi byakunze kugaragara mu nama za CEEAC, ndetse tariki ya 04/06/2025 hari habaye inama yo ku rwego rw’abaminisitiri yari igamije kunga u Rwanda na Congo, ariko iki gihugu gikomeza gutsimbarara ku mugambi wo kwitambika iby’uko u Rwanda rwahabwa ubuyobozi bwabwo. U Rwanda rwari rwavuze ko nibikomeza gutyo rugomba kuva muri CEEAC.

Ubundi uyu muryango ugizwe n’ibihugu birimo Angola, Congo-Brazaville, RDC, Cameroun, Gabon, Tchad, Guinee, Equatoriale, Centrafrique, u Rwanda, u Burundi, na Sāo.

Tags: CEEACRdcRwandaUmwanzuro
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abarenga batatu baguye mu gitero cyagabwe i Tsotso.

Abarenga batatu baguye mu gitero cyagabwe i Tsotso.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?