• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Kiliziya Gatolika yamaze kubona Papa mushya.

minebwenews by minebwenews
May 8, 2025
in Religion
0
Ibyo wa menya ku bimenyetso by’imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kiliziya Gatolika yamaze kubona Papa mushya.

You might also like

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

Abakaridinali bo mu ideni rya Gatolika batoye umushumba mushya uzayihagararira ku isi, akaba asimbuye Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana mu mpera z’ukwezi gushize.

Ni kuri uyu wa kane tariki ya 08/05/2025, batoye uyu Papa mushya, aho aje ari uwa 267.

Nk’uko biri yatorewe muri Chapelle ya sixtine iri i Vatikani ahagaragaye umwotsi w’umweru, nk’ikimenyetso cy’uko Papa mushya yamaze gutorwa.

Papa mushya amazina ye ataramenyekana yemejwe ku itora rya gatatu, nyuma yabiri yari yabanje agasiga hazamutse umwotsi w’umukara nkikimenyetso cyuko Papa mushya ataratorwa.

Abantu bazindutse hafi aho imbere ya Chapel ya sixtine iri i Vatikani ari benshi, nk’uko ubutumwa bw’amashusho bwagiye bubigaragaza.

Ariko ikimenyetso cy’umwotsi w’u mweru cyari kitaragagara kugeza ku manywa yo kuri uyu wa kane.

Bivugwa ko mu ba Cardinal 135 bari bemerewe gutora bari munsi y’imyaka 80, ba biri muri bo, uwo muri Espagne n’uwo muri Kenya, ntibitabiriye aya matora kubera ibibazo by’uburwayi, bivuga ko 133 ari bo batoye.

Uyu mubare akaba ari wo wa mbere utoye Papa mu mateka ya Kiliziya Gatolika.

Ikindi nuko abenshi muri abo bamerewe gutora bashizweho na Papa Fransisco, 108, mu gihe abandi bashyizweho n’abamubanjirije, barimo Papa Benedicto XVI na Papa Yohani Paul II.

Hagataho, amateka avuga ko Papa Fransisco, umupapa wa mbere washyizwe kuri uyu mwanya ukomoka muri Amerika y’Amajyepfo kuva mu kinyejana cya 8, ibyatumye ashyiraho aba Cardinali benshi mu rwego rwo kugira ngo ahindure byinshi muri Kiliziya Gatolika harimo no gutegura uza musimbura.

Uwatowe ntaramenyekana izina, ariko aramenyekana igihe bazaba bamaze kugera muri Chapel ya sixtine, nka nyuma y’isaha imwe.

Tags: Papa mushya
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails

CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
October 6, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

CEPAC na CADEC nyuma y'igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye Itorero rya 8ème CEPAC n'irya 37ème CADEC, amakanisa akorera mu misozi miremire y'i Mulenge ataracanaga uwaka...

Read moreDetails

Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y’Imana

by Bahanda Bruce
October 5, 2025
0
Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y’Imana

Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y'Imana Umushumba w'itorero rya All National Assemblies of God, rifite icyicaro gikuru i Nakivale mu majy'Epfo y'igihugu cya Uganda, Reverend Misigaro...

Read moreDetails
Next Post
Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?