• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Kiliziya Gatolika yamaze kubona Papa mushya.

minebwenews by minebwenews
May 8, 2025
in Religion
0
Ibyo wa menya ku bimenyetso by’imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kiliziya Gatolika yamaze kubona Papa mushya.

You might also like

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Abakaridinali bo mu ideni rya Gatolika batoye umushumba mushya uzayihagararira ku isi, akaba asimbuye Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana mu mpera z’ukwezi gushize.

Ni kuri uyu wa kane tariki ya 08/05/2025, batoye uyu Papa mushya, aho aje ari uwa 267.

Nk’uko biri yatorewe muri Chapelle ya sixtine iri i Vatikani ahagaragaye umwotsi w’umweru, nk’ikimenyetso cy’uko Papa mushya yamaze gutorwa.

Papa mushya amazina ye ataramenyekana yemejwe ku itora rya gatatu, nyuma yabiri yari yabanje agasiga hazamutse umwotsi w’umukara nkikimenyetso cyuko Papa mushya ataratorwa.

Abantu bazindutse hafi aho imbere ya Chapel ya sixtine iri i Vatikani ari benshi, nk’uko ubutumwa bw’amashusho bwagiye bubigaragaza.

Ariko ikimenyetso cy’umwotsi w’u mweru cyari kitaragagara kugeza ku manywa yo kuri uyu wa kane.

Bivugwa ko mu ba Cardinal 135 bari bemerewe gutora bari munsi y’imyaka 80, ba biri muri bo, uwo muri Espagne n’uwo muri Kenya, ntibitabiriye aya matora kubera ibibazo by’uburwayi, bivuga ko 133 ari bo batoye.

Uyu mubare akaba ari wo wa mbere utoye Papa mu mateka ya Kiliziya Gatolika.

Ikindi nuko abenshi muri abo bamerewe gutora bashizweho na Papa Fransisco, 108, mu gihe abandi bashyizweho n’abamubanjirije, barimo Papa Benedicto XVI na Papa Yohani Paul II.

Hagataho, amateka avuga ko Papa Fransisco, umupapa wa mbere washyizwe kuri uyu mwanya ukomoka muri Amerika y’Amajyepfo kuva mu kinyejana cya 8, ibyatumye ashyiraho aba Cardinali benshi mu rwego rwo kugira ngo ahindure byinshi muri Kiliziya Gatolika harimo no gutegura uza musimbura.

Uwatowe ntaramenyekana izina, ariko aramenyekana igihe bazaba bamaze kugera muri Chapel ya sixtine, nka nyuma y’isaha imwe.

Tags: Papa mushya
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by minebwenews
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails
Next Post
Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?