• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Kitoko Bibarwa umunyamuzika, uheruka gusoza ishuri rya kaminuza, agiye kugirira uruzinduko mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
June 13, 2024
in Uncategorized
0
Kitoko Bibarwa umunyamuzika, uheruka gusoza ishuri rya kaminuza, agiye kugirira uruzinduko mu Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kitoko Bibarwa umunyamuzika agiye kugirira uruzinduko mu gihugu cy’u Rwanda.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Ni Kitoko Patrick Bibarwa wamenyekanye cyane mu ndirimbo zo hagati mu myaka ya 2005 na 2010, mu ndirimbo zirimo iyo yise ‘ifaranga, iyo yaje no gushira hanze muri uwo mwaka, ubwo yarimo kwitegura kugaruka i Kigali yaherukaga mu myaka itandatu yarishize icyo gihe.

Kitoko usanzwe abarizwa muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika afite indirimbo yise ‘Thank you Kagame’ yamamaye cyane mu matora y’umukuru w’igihugu mu 2017.

Kuva icyo gihe, yabaye icyamamare mu muziki, ahanini biturutse mu kuba igaruka kuri perezida Paul Kagame.

Iyi ndirimbo yacengeye mu gihe gito, kandi ikagaruka kubikorwa binyuranye perezida Kagame yagejeje ku banyarwanda n’amashimwe Abanyarwanda bafite kuri we.

Iyi ndirimbo yanagiye hanze mu 2017. Binavugwa kandi ko Kitoko kwariwe muhanzi wa mbere wafatiye amashusho ku gasongero ka Kigali Convention Center(Kcc).

Muri iyi ndirimbo hari aho aririmba ati: “Uri impano Imana yaduhaye amahirwe nk’aya si aya bose, humura Abanyarwanda turabazi, Paul Kagame turi kumwe nawe…. thank you Kagame, warakoze, urashoboye, tuyobore. Abanyarwanda ni twebwe tukuzi.

Ikomeza igira iti: “Uri impano Imana yaduhaye amahirwe nk’aya si aya bose humura Abanyarwanda turakuzi, Paul Kagame turi kumwe nawe…. thank you Kagame, warakoze, urashoboye, tuyobore. Abanyarwanda ni twebwe tukuzi, abandi bose bakumenye bucyeya, wakuye u Rwanda mu icuraburindi none ubu rwabaye ubukombe, imvugo yawe ni yo ngiro, kiragoye ni umuziro.”

Rero mu kiganiro Kitoko aheruka guha itangaza makuru rya Inyarwanda, yavuze ko mu gihe kidatinze azaba ari mu Rwanda, kandi ko azaba agenzwa no gusura umuryango we.

Kitoko azwi mu ndirimbo ninshyi izirimo ‘agakecuru kanjye kandekere na Rurashonga’ yasohoye mu 2018 ubwo kandi yari i Kigali, muri icyo gihe mbere y’uko asubira muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika yabanjye kuja inyanza ahabarizwa umuryango we.

Uyu munyamuziki agiye kuza i Kigali mu gihe aheruka gusoza amasomo ye ya Kaminuza mu ishami rya politiki. Mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka, yari yitabiriye Rwanda day yabereye mu mujyi wa Washington DC ho muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

              MCN.
Tags: AmerikaIndirimboKigaliKitoko BibarwaUmunyamuzika
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post
Kuri iyi tariki ya 13/06/2022, nibwo ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zigaruriye umujyi wa Bunagana, menya uko byari byifashye.

Kuri iyi tariki ya 13/06/2022, nibwo ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zigaruriye umujyi wa Bunagana, menya uko byari byifashye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?