• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 30, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Kivu y’Epfo: Abarimu ba mashuri bahatiwe guhagarika kwigisha bagafata imbunda

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 11, 2025
in Conflict & Security
0
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kivu y’Epfo: Abarimu ba mashuri bahatiwe guhagarika kwigisha bagafata imbunda

You might also like

Ingabo z’u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n’icyo zigamije

Abaturage bari mu bice bigenzurwa na AFC/M23, Tshisekedi yabasezeranyije amahoro

Chef-Ndahinda yavuze ku bibazo Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo i Mulenge harimo n’ibyo baterwa n’Ingabo z’u Burundi

Abarwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo bakorana n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa AFC/M23/MRDP, bategetse abarimu bigisha ku mashuri ari mu bice byo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo bigenzurwa n’abo barwanyi, guhagarika ibikorwa byo kwigisha bagafata intwaro bakarwanya uriya mutwe wa AFC/M23/M23 urwanya ubutegetsi bwabo.

Kuva ku wa kabiri tariki ya 09/09/2025, ni bwo Wazalendo bahagaritse ibikorwa bya mashuri muri teritware ya Kabare na Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru akavuga ko hahagaritswe amashuri menshi, aho bikavugwa ko barimo binjira mu mashuri bagategeka abanyeshuri gusubira mu mago, abarimu na bo baburirwa gufata imbunda bakarwana, ngo kugira bategure amashuri y’ejo hazaza.

Aba barimu bahatiwe ku mbaraga gufata intwaro bakarwanya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Mu majwi yafashwe anaja hanze, humvikanye umwe muri Wazalendo agira ati: “Ndabivuze, kandi sindi mu mishyikirano, umunyeshuri buri wese iwabo, ushaka urupfu asubire mu ishuri. Abarimu bafate imbunda turwanye abateye igihugu cyacu. Kwiga turabyanze.”

Yanavuze kandi ko baziga amahoro n’agaruka, ariko ko ubu igihe kitaragera ngo kuko batarahashya uwo bita umwanzi.

Iki gikorwa cyamaganiwe kure n’uhaharariye sosiyete sivili ku rwego rw’igihugu, Jean Chrysostome Kijana, yavuze ko “kwiga ari uburenganzira bwa buri mwana wese w’Umunye-Kongo.”

Yakomeje avuga ko kandi”hakwiye gufatwa ibihano bikakaye kuri bariya avuga ko batubahiriza uburenganzira bwa muntu.”

Byamaganwe kandi cyane n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP, aho ryavuze ko ibi ari “ugucecekesha n’ubufatanyacyaha bw’abanyagihugu n’umuryango mpuzamahanga, harimo n’imiryango itabara imbabare, imbere y’icyo yise iterabwoba riterwa inkunga n’ubutegetsi bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ivuga ko ibimenyetso byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, harimo na videwo zerekana abigize ingabo z’u butegetsi bw’iterabwoba bwa RDC, cyane cyane imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo, ikangisha abarimu n’abanyeshuri kubica mu gihe badakora ibyo babasaba.

Uyu mutwe wa AFC/M23/MRDP usaba ko abakora ibyo bakwiye gufatirwa ibihano bikomeye.

Tags: AbarimuimbundaWazalendo
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n’icyo zigamije

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n’icyo zigamije

Ingabo z'u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n'icyo zigamije Amakuru aturuka muri Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails

Abaturage bari mu bice bigenzurwa na AFC/M23, Tshisekedi yabasezeranyije amahoro

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Abaturage bari mu bice bigenzurwa na AFC/M23, Tshisekedi yabasezeranyije amahoro

Abaturage bari mu bice bigenzurwa na AFC/M23, Tshisekedi yabasezeranyije amahoro Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yasezeranyije amahoro abaturage batuye mu bice bigenzurwa n'u mutwe...

Read moreDetails

Chef-Ndahinda yavuze ku bibazo Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo i Mulenge harimo n’ibyo baterwa n’Ingabo z’u Burundi

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Chef-Ndahinda yavuze ku bibazo Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo i Mulenge harimo n'ibyo baterwa n'Ingabo z'u Burundi Ndahinda Karojo, umwe mu ba-Chefs bagize akarere ka Minembwe, yagaragaje ibibazo Abanye-kongo...

Read moreDetails

AFC/M23 yashyizeho amabwiriza mashya agenga utubari mu duce igenzura

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
1
AFC/M23 yashyizeho amabwiriza mashya agenga utubari mu duce igenzura

AFC/M23 yashyizeho amabwiriza mashya agenga utubari Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashyizeho amasaha ntarengwa yo gufunga utubari, rivuga ko ibi bigamije gufasha abaturage kunywa inzoga nke zitabangamira...

Read moreDetails

AFC/M23 yaburiye FARDC ikomeje kugaba ibitero by’indege mu duce igenzura dutuwe n’abaturage

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

AFC/M23 yaburiye FARDC ikomeje kugaba ibitero by'indege mu duce igenzura dutuwe n'abaturage Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, rigamije ugushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Intumwa zivuye i Kinshasa zamaze kwakirwa i Uvira, inkuru irambuye

Intumwa zivuye i Kinshasa zamaze kwakirwa i Uvira, inkuru irambuye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?