• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Kivu y’Epfo: Umuturage yishwe arashwe azira 5000Fc

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 8, 2025
in Conflict & Security
0
Quartier zirenga zitatu ni zo zaraye zirasirwamo amasasu muri Uvira hamenyekana n’impamvu yayo
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kivu y’Epfo: Umuturage yishwe arashwe azira 5000Fc

You might also like

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

Amakuru ava muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko umugabo uri mu kigero cy’imyaka iri hejuru ya 30 yishwe arashwe na Wazalendo nyuma y’uko yabuze 5000Fc zokubariha kuri bariyeri.

Uyu muturage yishwe na Wazalendo ku wa gatandatu tariki ya 04/10/2025.

Bivugwa ko bamurasiye ahitwa i Koma muri cheferi ya Ngweshe, ahashyinzwe ibariyeri ya Wazalendo.

Icyo gice cyo muri teritware ya Walungu kiracyagenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo, aho kirimo Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, iza FARDC na FDLR.

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga, ubwo uyu muturage yarageze kuri iyo bariyeri ari murugando rukomeza, Wazalendo bamwatse amafaranga ibihumbi 5 by’amanye-kongo, ababwiye ko ari gutyo, niko guhita umwe muri abo Wazalendo amurasa arapfa.

Nyuma umurambo we wajanwe ku bitaro byaho hafi bya i Koma, kugira uhabwe banyirawo.

Umwe mu baturage uherereye muri ibyo bice yavuze ko Wazalendo bazamara abantu mu gihe hatogira igikozwe kuri bo ngo birukanwe ahantu hose.

Uyu yanasabye kandi ko umutwe wa M23 ubatabara ukaza ugufata ibice by’iwabo i Ngwshi.

Yagize ati: “Turacyarushwa kurenza ibi mubona; igihe cyose tukiri mubutware bw’aba basivili bigize abasirikare. Erega igihugu nticyoyoborwa n’abasivili bigize abasirikare ku ngufu, muzashyira mugira ngo ni bikino.”

Yakomeje ati: “M23 nitagira ngo idutabare, tuzakomeza kwicwa nk’isazi. Turasaba ko yaza ikatwirukanira aba Wazalendo perezida Felix Tshisekedi yahaye imbunda. Turashaka amahoro.”

Tags: 5000fcUmuturageWalunguWazalendo
Share26Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe Sio.Sebagabo Rwambara war'uzwi cyane ku izina rya Edinasi, yatabarukanye n'abandi i Lubumbashi mu cyahoze ari Katanga, kuri ubu...

Read moreDetails

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije Abarwanyi bashingikiwe na guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bo mu mitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai n'indi iyishamikiyeho ihurikiye mu...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyakozwe na Kinshasa biganisha kuri balkanisation, soma inkuru irambuye

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by'i Doha Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo budashobora guhunga ibiganiro bibera...

Read moreDetails

Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

Igihugu cy'igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR Igihugu cy'igihangange ku isi ari cyo Leta Zunze ubumwe z'Amerika cyavuze ku cyemezo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Umwe mu mijyi ikigenzurwa n’igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Umwe mu mijyi ikigenzurwa n’igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

Umwe mu mijyi ikigenzurwa n'igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP Umujyi wa Kamituga uherereye muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ukaba umaze iminsi...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye agace k’i Mulenge Ingabo z’u Burundi zashyinzemo ibirindiro n’akandi zavuyemo

Hamenyekanye agace k'i Mulenge Ingabo z'u Burundi zashyinzemo ibirindiro n'akandi zavuyemo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?