• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Kivu y’Epfo: Umuturage yishwe arashwe azira 5000Fc

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 8, 2025
in Conflict & Security
0
Quartier zirenga zitatu ni zo zaraye zirasirwamo amasasu muri Uvira hamenyekana n’impamvu yayo
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kivu y’Epfo: Umuturage yishwe arashwe azira 5000Fc

You might also like

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Amakuru ava muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko umugabo uri mu kigero cy’imyaka iri hejuru ya 30 yishwe arashwe na Wazalendo nyuma y’uko yabuze 5000Fc zokubariha kuri bariyeri.

Uyu muturage yishwe na Wazalendo ku wa gatandatu tariki ya 04/10/2025.

Bivugwa ko bamurasiye ahitwa i Koma muri cheferi ya Ngweshe, ahashyinzwe ibariyeri ya Wazalendo.

Icyo gice cyo muri teritware ya Walungu kiracyagenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo, aho kirimo Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, iza FARDC na FDLR.

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga, ubwo uyu muturage yarageze kuri iyo bariyeri ari murugando rukomeza, Wazalendo bamwatse amafaranga ibihumbi 5 by’amanye-kongo, ababwiye ko ari gutyo, niko guhita umwe muri abo Wazalendo amurasa arapfa.

Nyuma umurambo we wajanwe ku bitaro byaho hafi bya i Koma, kugira uhabwe banyirawo.

Umwe mu baturage uherereye muri ibyo bice yavuze ko Wazalendo bazamara abantu mu gihe hatogira igikozwe kuri bo ngo birukanwe ahantu hose.

Uyu yanasabye kandi ko umutwe wa M23 ubatabara ukaza ugufata ibice by’iwabo i Ngwshi.

Yagize ati: “Turacyarushwa kurenza ibi mubona; igihe cyose tukiri mubutware bw’aba basivili bigize abasirikare. Erega igihugu nticyoyoborwa n’abasivili bigize abasirikare ku ngufu, muzashyira mugira ngo ni bikino.”

Yakomeje ati: “M23 nitagira ngo idutabare, tuzakomeza kwicwa nk’isazi. Turasaba ko yaza ikatwirukanira aba Wazalendo perezida Felix Tshisekedi yahaye imbunda. Turashaka amahoro.”

Tags: 5000fcUmuturageWalunguWazalendo
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails

Panike Muri Uvira: Ingabo za FARDC n’iz’u Burundi Zirahunga, AFC/M23 Ikomeje Kwagura Ibirindiro Byayo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yigaruriye Umujyi wa Sange muri Kivu y’Amajyepfo

Panike Muri Uvira: Ingabo za FARDC n’iz'u Burundi Zirahunga, AFC/M23 Ikomeje Kwagura Ibirindiro Byayo Umwuka w’ubwoba n’impagarara ukomeje gufata intera ikomeye mu mujyi wa Uvira, uri mu ntara...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye agace k’i Mulenge Ingabo z’u Burundi zashyinzemo ibirindiro n’akandi zavuyemo

Hamenyekanye agace k'i Mulenge Ingabo z'u Burundi zashyinzemo ibirindiro n'akandi zavuyemo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?