• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Kivu y’Epfo : Wazalendo basubiranyemo abatari bake bahasiga ubuzima abandi benshi barakomeretswa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 19, 2025
in Conflict & Security
0
Kivu y’Epfo : Wazalendo basubiranyemo abatari bake bahasiga ubuzima abandi benshi barakomeretswa
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kivu y’Epfo: Wazalendo basubiranyemo abatari bake bahasiga ubuzima abandi benshi barakomeretswa

You might also like

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko abarwanyi ba Wazalendo basanzwe bakorana byahafi n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu kurwanya ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, basubiranyemo icyenda muri bo bakahasigaye ubuzima naho ababarirwa mu mirongo barakomeretswa.

Iri subiranamo rya Wazalendo ryatangiye mu ijoro ryo ku itariki ya 17/09/2025, rigeza ku wa kane tariki ya 18/09/2025.

Amakuru agaragaza ko uku kurwana kwa bonyine kuri bonyine kwaberaga muri centre ya teritware ya Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa RDC.

Minembwe Capital News amakuru yizewe yamaze guhabwa ni uko harwanaga itsinda rya Wazalendo riyoboye n’uwitwa Foka Maike usanzwe wiyita General n’irindi tsinda nanone naryo riyoboye n’undi na we wihaye ipeti rya General witwa Nakiliba.

Byasobanuwe ko isubiranamo ryabo, ryatangiye mu ijoro ryo ku wa gatatu rikomeza ku gicamunsi cyo ku wa kane, aho muri iyo minsi humvikanye imbunda ziremereye n’izoroheje.

Buri mu yobozi wa buri ruhande, nk’uko aya makuru akomeza abivuga yashakaga kuyobora iyi centre ya teritware ya Mwenga, bityo biviramo guhangana hagati y’i mpande zombi.

Aya makuru ava muri ibyo bice agahamya ko hapfuyemo Wazalendo icyenda bo ku mpande zombi, n’aho ababarirwa mu mirongo bayikomerekeramo.

Hari andi makuru avuga ko mbere y’uko iryo subiranamo ritangira, hari hapfuye undi Mzalendo wapfuye arashwe kibandi. Uwo na we yarasiwe hafi aho naho imirwano yaberaga.

Bigeze ku mugoroba w’ahar’ejo nyine ku wa kane, iyi mirwano yarahageze, ni mu gihe impande zombi za sabwe n’ubuyobozi bwa Wazalendo ku rwego rw’intara n’igihugu kumvikana.

Kugeza muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, hongeye kubyukira ituze, usibye ko uza kugenzura iki gice hagati y’impande zari zihanganye ataramenyekana.

Mu busanzwe Wazalendo bahawe intwaro na perezida Felix Tshisekedi, mu rwego rwo kugira ngo bafatanye n’igisirikare cye ku rwanya umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubu butegetsi bwe(Tshisekedi).

N’ubwo bafatanya kurwanya uyu mutwe, ariko nyamara bagirana intambara zidashyira, kuko uretse kuba aba Wazalendo basubiranyemo hari n’ubwo kandi basubiranamo na FARDC.

Ibyo byagaragaye muri i Uvira, i Fizi n’aha muri Mwenga.

Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira Abanyamulenge bari batuye mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ikindi gitero gishobora gutungurana mu misozi y’i Mulenge

Havuzwe ikindi gitero gishobora gutungurana mu misozi y'i Mulenge

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?