• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 12, 2025
in World News
0
Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

You might also like

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu cyayo kidasanzwe mu birori yarifite byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 y’ishaka ry’abakozi.

Iki gisasu Koreya ya Ruguru yamuritse n’icyo mu bwoko bwa Hwasong-20, kikaba ari cyo cya mbere mu byo itunze.

Bivugwa ko gifite ubushobozi butangaje, ikaba yakimuritse ubwo ingabo zayo zari mu karasisi.

Ni igikorwa cyitabiriwe na perezida Kim Jong Un.
Amakuru akomeza avuga ko uyu muhango wakozwe ku wa gatanu tariki ya 10/10/2025, ukorerwa ku murwa mukuru w’iki gihugu wa Pyongyang.

Uretse kiriya gisasu cyamuritswe gikomeye, herekanwe kandi n’izindi ntwaro zigezweho za Koreya ya Ruguru, zirimo misile zifite ubushobozi bwo kurasa mu ntera ndende na drones z’intambara.

Umwanya w’ihariye muri ibi birori wari wahariwe igisasu cya Hwasong-20, bikavugwa ko ari igisasu cya kirimbuzi gikomeye mu byo Koreya ya Ruguru itunze.

Ibiro ntaramakuru bya Koreya ya Ruguru, KCNA, byanasobanuye ko kiriya gisasu cyamuritswe gitwawe mu mudoka ndende ya rukururana ifite amapini 11.

Binasobanura kandi ko gifite ubushobozi bwo kurasa mu ntera ndende y’ibirometero ibihumbi 15. Bigaragaza ko gishobora koherezwa ahariho hose muri Amerika. Bivuze ko cyo hagurukana umuvuduko nk’uwatoni 200, uyu muvudoko n’ink’uwohagurutsa imodoka 130 icyarimwe.

Tags: Howsong-20KirimbuziKoreya ya RuguruNorth KoreaNuclearYamuritse
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi Igihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel cyo muri uyu mwaka wa 2025, aho guhabwa perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, unamaze imyaka irenga ibiri afunzwe na leta y'iki gihugu, yagejejwe mu bitaro mu...

Read moreDetails

Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

Perezida Macron w'u Bufaransa yasabwe kwegura Perezida w'u Bufaransa Emmanuel Macron, yasabwe na bamwe mu bahoze mu buyobozi bwo hejuru muri iki gihugu kwegura, bavuga ko aricyo cyakemura...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu mijyi ikigenzurwa n’igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

Umwe mu mijyi ikigenzurwa n'igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?