• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ku Bwegera, hatoraguwe undi murambo w’u Mzalendo, bikaba byongeye kuzamura umwuka mubi.

minebwenews by minebwenews
November 6, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Undi Mzalendo basanze aho yaguye ku Bwegera, muri Groupement ya ka Kamba, Chefferie ya Barundi, ariyo isigaye yitwa Cheferie ya Plaine Dela Ruzizi, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Nk’uko byavuzwe, aha ku Bwegera, habyukiye agahenge kamahoro, nyuma y’imirwano yarimaze iminsi ibiri(2), ihuza Wazalendo na Barundi. N’imirwano yabaye kuri uyu wokuwa Gatandatu, tariki 04/11/2023 no ku Cyumweru. Ay’amakuru ahamya ko barwanye bakoresheje intwaro za Gakondo (Inkoni, Amacyumu, imipanga n’Amabuye), n’imbunda zarakoreshejwe bitari cane.

Iriya mirwano iva kugasuzuguro hagati ya Wazalendo na Barundi. Gusa ngo ingabo za RDC nazo zabigizemo uruhare kugira ngo iyo mirwano yongere kwaduka mugihe ayomoko abiri yari aheruka guhangana mu mwaka ushize w’2022.

Amakuru yokuri uyu wa Mbere, tariki 06/11/2023, avuga ko kuva igihe cy’isaha za mugitondo kugeza ubu isaha zigicamunsi, n’uko uko guhangana bitongeye nk’uko byabaye ejo hashize. Uwo Mzalendo batoraguye umurambo we basanze avuka mugace ka Gitemesho, munkengero za Bwegera.

Ibi byatumye Wazalendo benshi bakubita baruzura ku Bwegera, bavuye Gitemesho. Bikaba byongeye kongerera impungege abaturiye ibyo bice y’uko izo mvurura zakongera zikavuka isaha iyariyo yose.

Ingabo za RDC, zo zaraye zikora patrol muri utu duce twa Bwegera, naho Abaturage benshi bo m’ubwoko bwa Bapfulero bamaze guhungira kure mugihe Abanyamulenge bo bari bahungiye hamwe, kurusengero rwa CADC (kadeza). Kuri ubu benshi Mubanyamulenge bamaze guhunguka.

Twabibutsako zir’iya mvururu zasize zisenyeye benshi harimo n’iduka ry’umusore w’Umunyamulenge Wazalendo basahuye barongera bararisenya.

Hakaba hari n’Abagabo babiri, ba Banyamulenge,bakomerekejwe na Wazalendo, byavuzwe ko bazize ubwoko bwabo ndetse na Chef w’umurundi, yarakomeretse bikabije akubiswe na Wazalendo.

Kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 05/11/2023, hatoraguwe indi mirambo myinshi ya Wazalendo imyinshi muriyo mirambo yagaragaye ko yishwe n’inkoni n’Amabuye.

By Bruce Bahanda.

Tags: Hongeye gutoragugwa undi murambo w'u Mzalendo bikaba byongeye kuzamura umwuka mubi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

U Mujyi wa Goma, utuwe n'abaturage barenga miliyoni zibiri, bakupiwe amashanyarazi muwego rwokurinda ko M23 itawufata.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?