Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, perezida Félix Tshisekedi yerekeje i Addis Ababa muri Ethiopa, mu Nama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afrika yunze ubumwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 16, 2024
in Regional Politics
0
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, perezida Félix Tshisekedi yerekeje i Addis Ababa muri Ethiopa, mu Nama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afrika yunze ubumwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16/02/2024, yerekeje i Addis Ababa muri Ethiopa, aho yitabiriye i Nama isanzwe y’inteko rusange ya 37 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afrika yunze ubumwe.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Iy’i Nama biteganijwe ko izakogwa ku wa Gatandatu, tariki ya 17/02/2024, ikazarangira ku Cyumweru tariki ya 18/02/2024, nk’uko iy’inkuru tuyikesha RFI.

Bya vuzwe ko iy’i Nama y’abakuru b’ibihugu yabanjirijwe n’iy’abaminisitiri b’intebe b’i bihugu bigize umugabane w’Afrika w’irabura.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga n’uko muriyo Nama biteganijwe ko hazigirwamo ibintu bitandukanye harimo no kurebera hamwe umutekano, ndetse no kwigira hamwe intambara ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibindi bizigirwa muriyo Nama harimo ko abakuru b’ibihugu bazaganira kuri gahunda y’insanganyamatsiko y’umwaka w’2024 ku byerekeye uburezi, imyiteguro y’amatora y’abagizi ko misiyo y’amatora y’ umuryango w’Afrika yunze ubumwe (AU), amavugurura y’inzego z’u muryango ndetse n’ibibazo byerekeye ubuhinzi n’ubuzima.

Ni Nama bya vuzwe ko perezida wa Angola João Lourenço, azanayobora aka Nama gato ku bibazo byo muri RDC, bikaba bizwi ko João Lourenço ari we muhuza mu muryango w’Afrika yunze ubumwe, ku bibazo by’intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: 37Perezida Félix TshisekediYerekeje i Addis Ababa muri Ethiopa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwa garagaje impungenge ko akarere k’i biyaga bigari kogeramo amakimbirane y’intambara.

U Rwanda rwa garagaje impungenge ko akarere k'i biyaga bigari kogeramo amakimbirane y'intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?