Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, ibi bombe byatewe mu bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, bigira abo byica n’ibyo byangiriza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 2, 2024
in World News
1
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, ibi bombe byatewe mu bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, bigira abo byica n’ibyo byangiriza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, ibi bombe byatewe mu bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, bigira abo byica n’ibyo byangiriza.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Hari igihe c’isaha z’igicamunsi, kuri uy’u wa Gatatu, itariki ya 01/05/2024, nibwo ibisasu biremereye bibiri byatewe mu gace ka Minova, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Epfo, nk’uko amasoko ya MCN abivuga.

Ay’amakuru avuga ko ibyo bisasu byituye neza na neza ahitwa Chimanga, ho mu mujyi wa Minova, bisiga bihitanye abasirikare ba biri, ndetse byangiriza n’inzu yari aho hafi yaho byaguye.

Byanatumye bamwe mu baturage bahunga bakizwa n’amaguru, aho bahunze ako gace.

Amakuru avuga ko Minova yahungiyemo abasirikare benshi bo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, nyuma yuko bahunze imirwano yarimo ibahanganisha n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga, bikarangira abo ku ruhande rwa General Makenga bafashe ibice byinshi harimo na Ngungu.

Iri huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zatsinzwe muri Rubaya no mu bindi bice byo muri grupema ya Ngungu, bahitamo guhungira mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Kugeza ubu FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC bakomeje guhunga berekeza i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

         MCN.
Tags: Byahitanye abantuIbi bombeIbisasuKivu Y'epfoMinova
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’Ingabo rya RDC, riri guhunga amasigamana, rihungira muri Kivu y’Epfo, abandi n’abo bari kubirukaho.

Ihuriro ry'Ingabo rya RDC, riri guhunga amasigamana, rihungira muri Kivu y'Epfo, abandi n'abo bari kubirukaho.

Comments 1

  1. Pingback: Sud-Kivu: Bombe zarashwe muri Minova Zihitana Abasirikare babiri – Rwanda Tribune

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?