• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ku murwa mukuru wa Ukraine, hagabwe igitero gikaze, gisa nicyo guhora.

minebwenews by minebwenews
March 21, 2024
in Regional Politics
0
Ku murwa mukuru wa Ukraine, hagabwe igitero gikaze, gisa nicyo guhora.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umurwa mukuru wa Ukraine wa gabweho igitero gikaze cy’Ingabo z’u Burusiya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni igitero Ingabo z’u Burusiya za gabye ku murwa mukuru wa Kyiv, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 21/03/2024.

Abantu barenga icumi nibo bahitanwe n’iki gitero, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na televisiyo ya Bafaransa ya BFM Tv.

Ivuga ko u Burusiya bwarashe muri uwo murwa ibibombe bya misile birenga 30, bisiga abaturage batari bake bakomeretse harimo nabo basanzwe bamaze kuhasiga ubuzima.

Iy’i televisiyo ivuga kandi ko icyo gitero cyakozwe mu gihe abantu bari bagisinziriye.

Umwe mu bategetsi b’u Burusiya, bwana Duma Pyotr Tolstoy, yabwiye iyi televisiyo ya Bafaransa BFMT ko “ingabo z’u Burusiya ziteguye gukora ibishoboka byose zikarasa abasirikare b’u Bufaransa biteguriye gutabara igihugu cya Ukraine.”

Ibi yabitangaje nyuma y’uko u Bufaransa buri kuja kohereza abasirikare babo gufasha igisirikare cya Ukraine, mu Ntambara gihanganyemo n’u Burusiya.

Muri iki Cyumweru, turimo igihugu cy’u Burusiya, cyari cyatangaje ko gifite amakuru ava mu butasi bw’i gisirikare cyabo, avuga ko “u Budage bwiteguye kohereza ingabo zabo gufasha igisirikare cya Ukraine.”

Ibi bikaba biri mubyatunye u Burusiya bwongera gukaza ibitero ku ngabo za Ukraine.

Kiriya gitero binavugwa ko “cyasenye inyubako zamazu, inganda ndetse n’imihanda yo mu Mujyi wa Kyiv.”

Intambara muri Ukraine imaze imyaka irenga ibiri, hari uguhangana gukomeye hagati y’ingabo z’igihugu cya Ukraine n’iza Barusiya.”

           MCN.
Tags: IgiteroIngabo z'u BurusiyaKyivUkraine
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’umunsi umwe gusa, afunguwe, umunyamakuru, uzwi cyane, Stanis Bujakera Tshiamala, yagize icyavuga, ariko anenga “ubutabera.”

Nyuma y'umunsi umwe gusa, afunguwe, umunyamakuru, uzwi cyane, Stanis Bujakera Tshiamala, yagize icyavuga, ariko anenga "ubutabera."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?