• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ku rwego rw’isi bya vuzwe ko M23, iri kwigarurira ibindi bice mu Burasirazuba bwa RDC, mu buryo butigeze bubaho kuva kera.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2024
in Regional Politics
0
Ku rwego rw’isi bya vuzwe ko M23, iri kwigarurira ibindi bice mu Burasirazuba bwa RDC, mu buryo butigeze bubaho kuva kera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intumwa y’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye, muri Congo, Bintou Keita yavuze ko umutwe wa M23 uri kwigarurira ibice mu buryo butigeze bubaho kuva kera kose.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu kiganiro Bintou Keita yagiranye n’itangaza makuru i New York ku cyicaro gikuru cy’umuryango w’Abibumbye(L’ONI). Iki kiganiro yagikoze hifashishijwe uburyo bwa video, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 27/03/2024.

Intumwa y’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuze ko kuva mu kwezi kwa Cumi nabiri, umwaka ushize intambara hagati ya M23 n’ingabo z’u butegetsi bwa Tshisekedi yafashe indi ntera mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Muri ubwo buryo Bintou Keita avuga ko L’ONI n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’isi, nk’Amerika n’ibihugu byo mu Burayi bya komeje gusaba ko imirwano ihagarara, ikibazo kigagemuka munzira za politike.

Bintou Keita avuga ko ibyo byanze ahubwo bikaba bikomeza guhinduka umunsi ku munsi ko ndetse bishobora gukomera kurushaho igihe icyaricyo cyose.

Uyu muyobozi uri mu butumwa bushinzwe ku bungabunga amahoro muri RDC, akomeza avuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa bugomba gukomeza kuba muri gahunda zigamije amahoro zo kurwego rw’akarere no mu gihugu.

Yagize ati: “Ibi bigomba kuzuzwa n’ivugurura ry’imbitse ry’urwego rw’u mutekano no gushyira mungiro kwa mbura imbunda no gusubiza mu buzima busanzwe imitwe yitwaje imbunda.”

Icyo kiganiro Bintou Keita kandi yabwiye abanyamakuru ko ikibazo cy’u mutekano muke cyateje akaga gakomeye ku baturage mu bijyanye n’imibereho.

Bintou Keita yabwiye kandi itangaza makuru ko no mugihe yarimo aha ikiganiro aka Nama gashinzwe umutekano ku Isi ka L’ONI, muri ako kanya yamenye amakuru ko imirwano yakomeje ko ndetse M23 irimo gukomeza gufata ibindi bice mu buryo butigeze bubaho.

Gusa avuga ko operation yahawe izina rya “springbok” ihuriweho n’ingabo zirimo iza FARDC na Monusco ko yakoze ibishoboka byose irinda ko u Mujyi wa Goma utajya mu maboko ya M23. Avuga kandi ko iyo operation ikora kandi mu kurinda abaturage intambara n’ibindi biza.

Operasiyo ya Springbok yashizweho ahagana mu kwezi kwa Cumi nabiri, umwaka w’2023. Ijaho Kugira ngo irinde Goma na Sake ntibifatwe n’ubwo centre ya Sake irimo ingabo z’u mutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

        MCN
Tags: Kwigarurira ibiceM23Mu buryo butarigera bubahoMuri Kivu y'Amajyaruguru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango w’Abibumbye, urashinjwa kurebera mu gihe Abatutsi bo muri Congo, bagiye gukorerwa Genocide.

Umuryango w'Abibumbye, urashinjwa kurebera mu gihe Abatutsi bo muri Congo, bagiye gukorerwa Genocide.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?