• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuba Abanyamulenge, batararemye Isoko ya Gitoga, yo k’uwa Gatatu, byavuzwe ko imbarutso yavuye kuri Alexis Nyamusaraba.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byamaze kumenyekana ko uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, ko ariwe watanze itegeko kuri Maï Maï, ribuza Abanyamulenge kurema Isoko ya Gatatu, iremera mu bice byo muri Localite ya Gitoga, muri Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

K’uwa Kabiri, tariki 05/12/2023, Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, bakoranye ikiganiro n’abaturage bo mu bwoko bw’Abapfurero, n’ikiganiro cyabereye mu Rurambo, kiriya kiganiro cyari kigamije gushakira akarere k’imisozi miremire ya Rurambo amahoro n’u mutekano no kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo amasoko yongere areme maze abaturage bahahe.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, twahawe n’uko muricyo kiganiro ariya Moko y’umvikanye ko amasoko yongere akarema ahanini Isoko ya Gitoga irema k’umunsi wa Gatatu, niyo mu Buzuke irema k’umunsi wa Kane w’i Cyumweru.

Ibi ba byumvikanye nyuma y’uko ziriya Soko zifasha Abaturage guhaha i biribwa n’ibyambarwa zari zigize igihe zitarema, kubera umutekano muke ahanini uterwa n’intambara z’urudaca zibera muri aka karere .

Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ivuga n’uko k’umunsi w’ejo hashize, Abanyamulenge babwiwe ko ikiganiro cya Banyamulenge na Bapfulero cyo k’uwa Kabiri, bumvikanye ko abantu bose barema Isoko ya Gitoga.

Byavuzwe ko Abanyamulenge, bagiye bavuye mu duce twose twa Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, berekeza mw’Isoko ya Gitoga, aba mbere ubwo bari hafi kw’injira mw’Isoko ya Gitoga, ba hasanze i Bariyeri, yariho Inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï, rero ziriya Maï Maï, ba bwiye Abanyamulenge ko bo ba temerewe kurema ariko andi Moko yose yo yemerewe. Gusa ntakindi cyakurikiye ho usibye ko Abanyamulenge batigeze barema.

Bikaba byavuzwe ko ririya tegeko(Briefing), ryatanzwe na Colonel Alexis Nyamusaraba, ukuriye umutwe w’inyeshamba wa Gumino, usanzwe ukorana na Maï Maï ndetse na P5, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Mu gitero giheruka kugabwa ku Banyamulenge baturiye u muhana wa Nyakamungu, ubalizwa muri Localite ya Kahororo, Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, hemejwe ko kiriya gitero cyarimo Maï Maï, Gumino, P5, FDLR na FARDC. Ki kaba cyarakozwe kw’itariki ya 21/11/2023.

Nyuma y’icyo gitero kandi havuzwe amakuru ko hari abasirikare bo mu mutwe wa Gumino, bafatanwe Inka zabo m’ubwoko bw’Abanyamulenge zari ziheruka kunyarwa muribyo bitero byagabwe i Nyakamungu.

Aho ndetse bivugwa ko abo basirikare ba Gumino ko bahise bafungwa i b’Uvira, bafungwa n’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Byavuzwe ko imbarutso yavuye kuri Alexis NyamusarabaGuminoKuba Abanyamulenge batararemye Isoko ya Gitoga yo k'uwa GatatuMaï MaïP5
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'Ingabo muri RDC, Jean Pierre Bemba Gombo, y'ibasiriye Abakandida bahanganye na Tshisekedi mu matora ateganijwe muri iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?