• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuba Abanyamulenge, batararemye Isoko ya Gitoga, yo k’uwa Gatatu, byavuzwe ko imbarutso yavuye kuri Alexis Nyamusaraba.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byamaze kumenyekana ko uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, ko ariwe watanze itegeko kuri Maï Maï, ribuza Abanyamulenge kurema Isoko ya Gatatu, iremera mu bice byo muri Localite ya Gitoga, muri Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

K’uwa Kabiri, tariki 05/12/2023, Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, bakoranye ikiganiro n’abaturage bo mu bwoko bw’Abapfurero, n’ikiganiro cyabereye mu Rurambo, kiriya kiganiro cyari kigamije gushakira akarere k’imisozi miremire ya Rurambo amahoro n’u mutekano no kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo amasoko yongere areme maze abaturage bahahe.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, twahawe n’uko muricyo kiganiro ariya Moko y’umvikanye ko amasoko yongere akarema ahanini Isoko ya Gitoga irema k’umunsi wa Gatatu, niyo mu Buzuke irema k’umunsi wa Kane w’i Cyumweru.

Ibi ba byumvikanye nyuma y’uko ziriya Soko zifasha Abaturage guhaha i biribwa n’ibyambarwa zari zigize igihe zitarema, kubera umutekano muke ahanini uterwa n’intambara z’urudaca zibera muri aka karere .

Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ivuga n’uko k’umunsi w’ejo hashize, Abanyamulenge babwiwe ko ikiganiro cya Banyamulenge na Bapfulero cyo k’uwa Kabiri, bumvikanye ko abantu bose barema Isoko ya Gitoga.

Byavuzwe ko Abanyamulenge, bagiye bavuye mu duce twose twa Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, berekeza mw’Isoko ya Gitoga, aba mbere ubwo bari hafi kw’injira mw’Isoko ya Gitoga, ba hasanze i Bariyeri, yariho Inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï, rero ziriya Maï Maï, ba bwiye Abanyamulenge ko bo ba temerewe kurema ariko andi Moko yose yo yemerewe. Gusa ntakindi cyakurikiye ho usibye ko Abanyamulenge batigeze barema.

Bikaba byavuzwe ko ririya tegeko(Briefing), ryatanzwe na Colonel Alexis Nyamusaraba, ukuriye umutwe w’inyeshamba wa Gumino, usanzwe ukorana na Maï Maï ndetse na P5, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Mu gitero giheruka kugabwa ku Banyamulenge baturiye u muhana wa Nyakamungu, ubalizwa muri Localite ya Kahororo, Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, hemejwe ko kiriya gitero cyarimo Maï Maï, Gumino, P5, FDLR na FARDC. Ki kaba cyarakozwe kw’itariki ya 21/11/2023.

Nyuma y’icyo gitero kandi havuzwe amakuru ko hari abasirikare bo mu mutwe wa Gumino, bafatanwe Inka zabo m’ubwoko bw’Abanyamulenge zari ziheruka kunyarwa muribyo bitero byagabwe i Nyakamungu.

Aho ndetse bivugwa ko abo basirikare ba Gumino ko bahise bafungwa i b’Uvira, bafungwa n’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Byavuzwe ko imbarutso yavuye kuri Alexis NyamusarabaGuminoKuba Abanyamulenge batararemye Isoko ya Gitoga yo k'uwa GatatuMaï MaïP5
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'Ingabo muri RDC, Jean Pierre Bemba Gombo, y'ibasiriye Abakandida bahanganye na Tshisekedi mu matora ateganijwe muri iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?