• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuba Abanyamulenge, batararemye Isoko ya Gitoga, yo k’uwa Gatatu, byavuzwe ko imbarutso yavuye kuri Alexis Nyamusaraba.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byamaze kumenyekana ko uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, ko ariwe watanze itegeko kuri Maï Maï, ribuza Abanyamulenge kurema Isoko ya Gatatu, iremera mu bice byo muri Localite ya Gitoga, muri Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

K’uwa Kabiri, tariki 05/12/2023, Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, bakoranye ikiganiro n’abaturage bo mu bwoko bw’Abapfurero, n’ikiganiro cyabereye mu Rurambo, kiriya kiganiro cyari kigamije gushakira akarere k’imisozi miremire ya Rurambo amahoro n’u mutekano no kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo amasoko yongere areme maze abaturage bahahe.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, twahawe n’uko muricyo kiganiro ariya Moko y’umvikanye ko amasoko yongere akarema ahanini Isoko ya Gitoga irema k’umunsi wa Gatatu, niyo mu Buzuke irema k’umunsi wa Kane w’i Cyumweru.

Ibi ba byumvikanye nyuma y’uko ziriya Soko zifasha Abaturage guhaha i biribwa n’ibyambarwa zari zigize igihe zitarema, kubera umutekano muke ahanini uterwa n’intambara z’urudaca zibera muri aka karere .

Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ivuga n’uko k’umunsi w’ejo hashize, Abanyamulenge babwiwe ko ikiganiro cya Banyamulenge na Bapfulero cyo k’uwa Kabiri, bumvikanye ko abantu bose barema Isoko ya Gitoga.

Byavuzwe ko Abanyamulenge, bagiye bavuye mu duce twose twa Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, berekeza mw’Isoko ya Gitoga, aba mbere ubwo bari hafi kw’injira mw’Isoko ya Gitoga, ba hasanze i Bariyeri, yariho Inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï, rero ziriya Maï Maï, ba bwiye Abanyamulenge ko bo ba temerewe kurema ariko andi Moko yose yo yemerewe. Gusa ntakindi cyakurikiye ho usibye ko Abanyamulenge batigeze barema.

Bikaba byavuzwe ko ririya tegeko(Briefing), ryatanzwe na Colonel Alexis Nyamusaraba, ukuriye umutwe w’inyeshamba wa Gumino, usanzwe ukorana na Maï Maï ndetse na P5, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Mu gitero giheruka kugabwa ku Banyamulenge baturiye u muhana wa Nyakamungu, ubalizwa muri Localite ya Kahororo, Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, hemejwe ko kiriya gitero cyarimo Maï Maï, Gumino, P5, FDLR na FARDC. Ki kaba cyarakozwe kw’itariki ya 21/11/2023.

Nyuma y’icyo gitero kandi havuzwe amakuru ko hari abasirikare bo mu mutwe wa Gumino, bafatanwe Inka zabo m’ubwoko bw’Abanyamulenge zari ziheruka kunyarwa muribyo bitero byagabwe i Nyakamungu.

Aho ndetse bivugwa ko abo basirikare ba Gumino ko bahise bafungwa i b’Uvira, bafungwa n’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Byavuzwe ko imbarutso yavuye kuri Alexis NyamusarabaGuminoKuba Abanyamulenge batararemye Isoko ya Gitoga yo k'uwa GatatuMaï MaïP5
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'Ingabo muri RDC, Jean Pierre Bemba Gombo, y'ibasiriye Abakandida bahanganye na Tshisekedi mu matora ateganijwe muri iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?