• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kubara amajwi birakomeje muri RDC, k’umugoroba CENI, yongeye gutangaza amajwi y’imbere mu gihugu, Tshisekedi araza kwisonga.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Mbere, tariki 25/12/2023, Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora(CENI), muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yakomeje gutangaza amajwi, y’imbere mu Gihugu, ku bakandida k’u mwanya w’umukuru w’Igihugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’amatora yakozwe ahagana tariki 20/12/2023. Mu majwi yatangajwe kuri uyu wa Mbere, n’ayabantu bangana na miliyoni z’ibiri(2), bikaba bizwi ko abatoye mu gihugu hose bangana na miliyoni 44 , nk’uko byatangajwe na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI.

Kandinda nimero 20 Félix Tshisekedi, akomeje kuza kwisonga haba ku majwi yabazwe rugikubita y’aba toreye hanze y’igihugu ca RDC, na yabazwe ku Cyumweru, ndetse na yabazwe k’umunsi w’ejo hashize (ku wa Mbere). Perezida Felix Tshisekedi, afite amajwi 80%, mugihe Katumbi Chapwe, uza k’umwanya wa 2 afite 15.18%.

Abandi baza munsi y’ibice bitanu, nka Martin Fayulu afite amajwi 1,2%, Mukwege we ni 1%.

Gusa kubara biracakomeje nk’uko CENI, yabishize mw’itangazo ryo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25/12/2023.

Hagati aho imvururu zirakomeje mu gihugu imbere, nimugihe na Kiliziya Katolika itemera ibirimo kuva mu matora, ibyo kandi abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje kwamagana ndetse ko kuri uyu wa Gatatu, tariki 27/12/2023, hateguwe imyigaragambyo simusiga ya magana ibirimo kuva mu matora.

Kurundi ruhande imirwano nayo yakamejeje mubice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Impande zihanganye n’ingabo za RDC, n’abambari babo aho bahanganye n’umutwe w’inyeshamba ukomeye kubaruta wa M23.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIKubara amajwiTshisekedi kwisonga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ubwoba bwinshi bwafashe abaturiye u Mujyi wa Sake, nyuma y'uko Localite zibiri 2, zingenzi zigaruriwe na M23, k'u wa Mbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?