Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kubara amajwi birakomeje muri RDC, k’umugoroba CENI, yongeye gutangaza amajwi y’imbere mu gihugu, Tshisekedi araza kwisonga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Mbere, tariki 25/12/2023, Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora(CENI), muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yakomeje gutangaza amajwi, y’imbere mu Gihugu, ku bakandida k’u mwanya w’umukuru w’Igihugu.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

N’amatora yakozwe ahagana tariki 20/12/2023. Mu majwi yatangajwe kuri uyu wa Mbere, n’ayabantu bangana na miliyoni z’ibiri(2), bikaba bizwi ko abatoye mu gihugu hose bangana na miliyoni 44 , nk’uko byatangajwe na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI.

Kandinda nimero 20 Félix Tshisekedi, akomeje kuza kwisonga haba ku majwi yabazwe rugikubita y’aba toreye hanze y’igihugu ca RDC, na yabazwe ku Cyumweru, ndetse na yabazwe k’umunsi w’ejo hashize (ku wa Mbere). Perezida Felix Tshisekedi, afite amajwi 80%, mugihe Katumbi Chapwe, uza k’umwanya wa 2 afite 15.18%.

Abandi baza munsi y’ibice bitanu, nka Martin Fayulu afite amajwi 1,2%, Mukwege we ni 1%.

Gusa kubara biracakomeje nk’uko CENI, yabishize mw’itangazo ryo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25/12/2023.

Hagati aho imvururu zirakomeje mu gihugu imbere, nimugihe na Kiliziya Katolika itemera ibirimo kuva mu matora, ibyo kandi abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje kwamagana ndetse ko kuri uyu wa Gatatu, tariki 27/12/2023, hateguwe imyigaragambyo simusiga ya magana ibirimo kuva mu matora.

Kurundi ruhande imirwano nayo yakamejeje mubice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Impande zihanganye n’ingabo za RDC, n’abambari babo aho bahanganye n’umutwe w’inyeshamba ukomeye kubaruta wa M23.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIKubara amajwiTshisekedi kwisonga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Ubwoba bwinshi bwafashe abaturiye u Mujyi wa Sake, nyuma y'uko Localite zibiri 2, zingenzi zigaruriwe na M23, k'u wa Mbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?