• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 31, 2025
in World News
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

You might also like

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Urukiko rw’ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na Hun Sen, uyobora Sena ya Cambodia, aho ngo yumvikanye amwita “nyirarume” kandi ibihugu byombi byari mu ntambara.

Ku wa gatanu tariki ya 29/08/2025, ni bwo urukiko rw’ikirenga rwafashe icyemezo cyo kweguza uriya minisitiri w’intebe.

Icyemezo cyo kumweguza abacamanza icyenda b’uru rukiko, batandatu bo muri rwo, nibo bemeje ko Poetongtarn yakoze ikosa rikomeye.

Bamushinja guca bugufi no gusuzuguza igisirikare cy’igihugu cye kandi kiri mu ntambara.

Urukiko rwanzuye ko ibikorwa bye byanyuranyije n’amahame yo kwitwara nk’umuyobozi, ndetse amagambo ye yatumye abaturage bibaza niba ibikorwa bye byari bigamije inyungu za Combodia kurusha iza Thailand.

Paetongtarn yemeye umwanzuro w’urukiko ariko avuga ko yashakaga kurengera ubuzima bw’abantu.

Mu minsi mike ishize, ni bwo hatangiye imirwano hagati y’Ingabo za Combandia n’iza Thailand.

Amakuru agaragaza ko iyi mirwano yatangiriye mu gace karimo urusengero rwa Prasat Ta Muen Thom nyuma y’aho abasirikare ba Thailand bakomerekejwe n’ibisasu byatezwe mu butaka bwaho.

Impande zombi zarahanganye bikomeye, ariko ziza kwemezanya guhagarika imirwano bigizwemo uruhare na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Tags: Minisitiri w'intebeThailandYegujwe
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by Bruce Bahanda
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by Bruce Bahanda
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?