• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

minebwenews by minebwenews
August 31, 2025
in World News
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

You might also like

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Urukiko rw’ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na Hun Sen, uyobora Sena ya Cambodia, aho ngo yumvikanye amwita “nyirarume” kandi ibihugu byombi byari mu ntambara.

Ku wa gatanu tariki ya 29/08/2025, ni bwo urukiko rw’ikirenga rwafashe icyemezo cyo kweguza uriya minisitiri w’intebe.

Icyemezo cyo kumweguza abacamanza icyenda b’uru rukiko, batandatu bo muri rwo, nibo bemeje ko Poetongtarn yakoze ikosa rikomeye.

Bamushinja guca bugufi no gusuzuguza igisirikare cy’igihugu cye kandi kiri mu ntambara.

Urukiko rwanzuye ko ibikorwa bye byanyuranyije n’amahame yo kwitwara nk’umuyobozi, ndetse amagambo ye yatumye abaturage bibaza niba ibikorwa bye byari bigamije inyungu za Combodia kurusha iza Thailand.

Paetongtarn yemeye umwanzuro w’urukiko ariko avuga ko yashakaga kurengera ubuzima bw’abantu.

Mu minsi mike ishize, ni bwo hatangiye imirwano hagati y’Ingabo za Combandia n’iza Thailand.

Amakuru agaragaza ko iyi mirwano yatangiriye mu gace karimo urusengero rwa Prasat Ta Muen Thom nyuma y’aho abasirikare ba Thailand bakomerekejwe n’ibisasu byatezwe mu butaka bwaho.

Impande zombi zarahanganye bikomeye, ariko ziza kwemezanya guhagarika imirwano bigizwemo uruhare na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Tags: Minisitiri w'intebeThailandYegujwe
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails
Next Post
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?