Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y’Amajy’epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 15, 2024
in Regional Politics
0
Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y’Amajy’epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y’Amajy’epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni urubyiruko rwo muri teritware ya Walungu rwazindukiye mu myigaragabyo kuri uyu wa Kane tariki ya 15/08/2024, aho rusaba leta ya Kinshasa gusana umuhanda wa Bukavu-Walungu, nyuma y’uko wari wangiritse bikomeye.

Uru rubyiruko rw’Abanyekongo rwazindukiye mu myigaragabyo, rubarirwa mu bantu amagana, rwazindutse rwamagana ubutegetsi bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko umuhanda nimero 2(R N 2) wari utakiri nyabagendwa kubera wangiritse cyane.

Amakuru akomeza avuga ko aba bazindukiye mu myigaragabyo, baje bitwaje impapuro zirimo ubutumwa bugenewe abategetsi ahanini abagize intara ya Kivu y’Amajy’epfo ndetse n’abo hejuru mu butegetsi bwa leta y’iki gihugu, buvuga ko basaba leta yabo ku bakorera umuhanda kandi ko yahita iwukora vuba vuba.

Amafoto yaba bari mu myigaragabyo yashizwe hanze, agaragaza uru rubyiruko rwashize amabuye menshi muri uyu muhanda nimero 2 aho ndetse imodoka zose ubona zahagaritswe, ntayitambuka ariva Walungu cyangwa ahandi. Uy’umuhanda ukaba uhuza teritware ya Walungu n’ibindi bice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, harimo kandi kuhuza iyi teritwari na Bukavu, ahazwi nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Epfo.

Ntagihe kizwi, kigaragaza igihe uyu muhanda waba warangirikiye, kimweho gusa, abari mu myigaragabyo bavugaga ko bagize igihe barushye kubera umuhanda mubi.

Si uyu muhanda wonyine wangiritse muri Kivu y’Amajy’epfo, kuko n’indi niko imeze ahanini muri teritware ya Uvira, Fizi na Mwenge ndetse na Kalehe. Usibye ko muri Uvira leta imaze igihe kingana n’ibyumweru bitatu irimo gusanura no kubaka imihanda yari imaze kwangirika bikomeje.

          MCN.
Tags: Kwamagana leta ya KinshasaUrubyirukoWalungu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Bombori bombori muri shikama Bukavu, izwi nk’ubuyobozi bw’Abanyamulenge.

Bombori bombori muri shikama Bukavu, izwi nk'ubuyobozi bw'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?