Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y’Amajy’epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 15, 2024
in Regional Politics
0
Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y’Amajy’epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y’Amajy’epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni urubyiruko rwo muri teritware ya Walungu rwazindukiye mu myigaragabyo kuri uyu wa Kane tariki ya 15/08/2024, aho rusaba leta ya Kinshasa gusana umuhanda wa Bukavu-Walungu, nyuma y’uko wari wangiritse bikomeye.

Uru rubyiruko rw’Abanyekongo rwazindukiye mu myigaragabyo, rubarirwa mu bantu amagana, rwazindutse rwamagana ubutegetsi bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko umuhanda nimero 2(R N 2) wari utakiri nyabagendwa kubera wangiritse cyane.

Amakuru akomeza avuga ko aba bazindukiye mu myigaragabyo, baje bitwaje impapuro zirimo ubutumwa bugenewe abategetsi ahanini abagize intara ya Kivu y’Amajy’epfo ndetse n’abo hejuru mu butegetsi bwa leta y’iki gihugu, buvuga ko basaba leta yabo ku bakorera umuhanda kandi ko yahita iwukora vuba vuba.

Amafoto yaba bari mu myigaragabyo yashizwe hanze, agaragaza uru rubyiruko rwashize amabuye menshi muri uyu muhanda nimero 2 aho ndetse imodoka zose ubona zahagaritswe, ntayitambuka ariva Walungu cyangwa ahandi. Uy’umuhanda ukaba uhuza teritware ya Walungu n’ibindi bice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, harimo kandi kuhuza iyi teritwari na Bukavu, ahazwi nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Epfo.

Ntagihe kizwi, kigaragaza igihe uyu muhanda waba warangirikiye, kimweho gusa, abari mu myigaragabyo bavugaga ko bagize igihe barushye kubera umuhanda mubi.

Si uyu muhanda wonyine wangiritse muri Kivu y’Amajy’epfo, kuko n’indi niko imeze ahanini muri teritware ya Uvira, Fizi na Mwenge ndetse na Kalehe. Usibye ko muri Uvira leta imaze igihe kingana n’ibyumweru bitatu irimo gusanura no kubaka imihanda yari imaze kwangirika bikomeje.

          MCN.
Tags: Kwamagana leta ya KinshasaUrubyirukoWalungu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Bombori bombori muri shikama Bukavu, izwi nk’ubuyobozi bw’Abanyamulenge.

Bombori bombori muri shikama Bukavu, izwi nk'ubuyobozi bw'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?