• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Kuri iyi tariki niyo umusirikare wari uzwiho ubutwari bukomeye, Maj Kagigi yatabarukiyeho.

minebwenews by minebwenews
October 11, 2024
in sport & entertainment
0
Kuri iyi tariki niyo umusirikare wari uzwiho ubutwari bukomeye, Maj Kagigi yatabarukiyeho.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri iyi tariki niyo umusirikare wari uzwiho ubutwari bukomeye, Maj Kagigi yatabarukiyeho.

You might also like

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Imyaka icumi n’itanu irashyize major Robert Kagigi wari uzwiho ubutwari bukomeye mu basirikare ba Banyamulenge no mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri rusange y’itabye Imana.

Hari ku Cyumweru tariki ya 11/10/2009, nibwo major Kagigi yishwe arashwe, ubwo yari aturutse mu duce yakoreragamo two muri teritware ya Walungu yerekeje i Bukavu ni mu gihe yari yahamagawe na Gen Pacifique Masunzu wari uyoboye intara ya Kivu y’Amajy’epfo muri icyo gihe ku rwego rwa gisirikare. Kugeza ubu nta butabera burakorwa ngo abakoze ayo mabi babihanirwe.

Nyuma yiraswa rya Major Kagigi, uwo munsi umwijima wacuze mu bwoko bw’Abanyamulenge ndetse no mu gihugu hose, ahanini kubari bazi ubutwari bwe.

Igitangaje yishwe mu gihe intara ya Kivu y’Amajy’epfo yari itekanye, imitwe y’itwaje imbunda yari icecyetse idaheruka kudurumbanya akarere mu kugaba ibitero.

Intwari ku rugamba ziraberwa mu gihe ziharanira kurinda ubusugire bw’igihugu no kubungabunga amahoro n’umutekano mu gihugu cyabo.

Major Kagigi azwiho kuba yarakoze neza mu gihe cye, yarangwaga n’ishyaka n’ubutwari ku rugamba. Ari mu basirikare ba Banyamulenge barwaniriye benewabo n’Abanyekongo bose, kuko yarwanyije Maï Maï ku Ndondo ho muri Grupema ya Bijombo teritware ya Uvira, agarura amahoro muri aka gace mu gihe kari karayogojwe n’intambara z’urudaca.

Tumwe mu duce yagaruyemo amahoro two ku Ndondo ya Bijombo ahagana mu mwaka w’ 1999 nanyuma yaho, hari Magunda, Gihamba no mu bindi bice byo muri Localité ya Kajembwe.

Yagaruye amahoro kandi no mu bindi bice by’i Mulenge nka hitwa Mibunda, Minembwe ndetse kandi yarwanye n’intambara zo mu mishasha, Uvira, mu Kibaya Cya Rusizi, Baraka n’ahandi.

Kagigi yinjiye igisirikare ahagana mu mwaka w’ 1994, akaba yari njiriye mu gihugu cy’u Rwanda. Ubwo Inkotanyi zatabaraga Abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda mu 1996 nawe yarimo.

Minembwe Capital News yanamenye ko Kagigi yavutse mu mwaka w’ 1972. Se umubyara yitwa Rutonesha Thomas, nyina akitwa Reneya.

Uyu musirikare yasize abana 5, abahungu bane n’umukobwa umwe. Ababyeyi be bahoze batuye mu Gatanga ho ku Ndondo ya Bijombo ari naho major Kagigi yaboneye izuba. Kuri ubu aka gace kabaye amatongo kubera intambara zikunze kwibasira ubwoko bw’Abanyamulenge, izo bashorwaho na Maï Maï ku bufasha bw’ingabo za RDC.

                  MCN.
Tags: ItarikiMajor KagigiYatabarukiyeho
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend Weekend y’iki cyumweru yari yuzuyemo ibihe bishimishije muri shampiyona ya Premier League, aho amakipe menshi yakinnye imikino ishimishije, abakinnyi...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma ya perezida w’u Burundi undi muyobozi wo hejuru muri iki gihugu yahishyuye ibindi bikaze.

Nyuma ya perezida w'u Burundi undi muyobozi wo hejuru muri iki gihugu yahishyuye ibindi bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?