• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Kurikiza inama abahanga batanga niba ushaka kubyara impanga(amahashya).

minebwenews by minebwenews
September 20, 2024
in Uncategorized
0
Kurikiza inama abahanga batanga niba ushaka kubyara impanga(amahashya).
159
SHARES
4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kurikiza inama abahanga batanga niba ushaka kubyara impanga(amahashya).

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Kubyara impanga ni byiza ariko rimwe na rimwe birarushya, imiryango myinshi yifuza kuzibyara, muri ubwo buryo twifuje kubasangiza inama yatanzwe n’ikinyamakuru cya U.S National Library of Medicine.

Iki kinyamakuru cyanavuze ko hari ubwoko bubiri bw’impanga, aho kivuga ko hari impanga zisa ni impanga zidasa.

Impanga zisa: Ni impanga zivuka bitewe n’uko Intanga ngore imwe yahuye n’intangangabo imwe, nyuma igi ryaremwe rikigabanyamo kabiri, izo mpinja ziba zisangiye nyababyeyi ndetse zihuje n’imiterere y’amaraso.

Impanga zidasa: Ni impanga zivuka bitewe n’uko agasabo k’intanga ngore karekuye intanga 2 icyarimwe maze buri yose igahura n’intangangabo ukwayo. Abo bana ntibaba bahuje imiterere y’amaraso ndetse buri wese aremerwa iye nyababyeyi kandi kenshi bashobora kutagira n’igitsina kimwe.

Hari impamvu nyinshi zishobora gutera umuntu kubyara impanga. Inkomoka yo mu muryango, niba warigeze kuzibyara, cyangwa mama wawe ndetse n’umwe mu bagize umuryango uvukamo yarigeze kuzibyara, umenyeko ufite amahirwe menshi yo kubyara impanga.

Impamvu ya kabiri n’inkomoko y’umuntu, inkomoko igira uruhare runini mu kuba yabasha kubyara impanga. Ubushakashatsi bugaragaza ko abantu bakomoka muri Afrika no ku mu gabane w’u Burayi bagira amahirwe menshi yo kubyara impanga ugereranyije n’abavuka muri Aziya ndetse no ku mu gabane wa Leta Zunze Ubumwe.

Icya gatatu, indeshyo n’ibiro, biri mu byatuma ubasha kubyara impanga, abagore bafite ikigero cy’ubunini kiri hejuru ya 30, baba bafite amahirwe menshi yo kuzibyara. Icya kane, umugore ugejeje imyaka 35 y’amavuko, umubiri we utangira kuvura ku bwinshi imisemburo y’uburumbuke, bigatera imirerantanga ishobora kurekurira rimwe intanga zirenze imwe, aribyo byongera amahirwe yokuba yabyara impanga.

Haricyo wakora ukaba wabyara impanga.

Dr Gary Steinman n’itsinda bakorana mu bushakashatsi bwabo, bavuga ko abagore bakunda kunywa amata cyane n’ibiyakomokaho bagira amahirwe menshi yo kubyara impanga. Bavuga ko n’umugore wahagaritse gukoresha ibinini byo kuboneza urubyaro umubiri we uvubura imisemburo myinshi, bityo akaba yasama inda y’impanga.

Ubundi kandi avuga ko umugore usama igihe asatira gucura, umubiri we utangira kurekura ku bwinshi umisemburo witwa prolactin; wongera amahirwe yo gusama inda y’impanga. Ndetse ko kandi umugabo ufite muri we ikinyabutabire cya Zinc, aba afite amahirwe yo gutera umugore we inda y’impanga, bityo abagore bakunda impanga abagira inama yo kugaburira abagabo babo amafunguro akungahaye ku kinyabutabire cya Zinc, nk’imboga rwatsi, kugira ngo byongere amahirwe yo gusama inda y’impanga.

Asoza avuga ko no mu miti karemano harimo imwe ifasha kuba umugore yasama inda y’impanga; urugero yavuze ko kwihereza amavuya y’ibimera kubera ko akungahaye kuri vitamin E no ku kinyabutabire cya Acide gamma linolénique. Iki kinyabutabire cyongera uburumbuke, ndetse n’ikorwa ry’umusemburo ukomeye wo mu bwonko ufasha mu kongerera ubushobozi bwo gutunga intangangabo, mu gihe na nyuma y’uburumbuke bw’umugore.

Usibye ibyo hari kandi n’imizi y’ikimera cya maca, kizwhiho kuba gikungahaye ku myungunge isaga 31 ndetse n’intungamubiri zisaga 60 zigira uruhare mu kuringaniza imisemburo mu mubiri w’umugore, kigizwe kandi n’ikinyabutabire cyitwa glucosinolates gifasha kongera uburumbuke ku mugore no ku mugabo.

         MCN.
Tags: AbahangaBatangaInamaNiba ushaka kubyara impanga
Share64Tweet40Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yohererejwe intumwa, mu gihe mu genziwe w’u Rwanda yakoranye ikiganiro na Lourenço wa Angola.

Perezida Tshisekedi yohererejwe intumwa, mu gihe mu genziwe w'u Rwanda yakoranye ikiganiro na Lourenço wa Angola.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?