Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuva igihe c’amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Kuva igihe c’amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari  urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’i ngabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ry’ubuye ibitero mu duce two muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni kugicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 22/03/2025, abarwanirira leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bongeye gusubukura ibitero mu bice bya Karuba, Mushaki no mu nkengero zaho, muri teritware ya Masisi.

Ibi byemejwe n’u muvugizi wa M23/AFC mu bya politique, Lawrence Kanyuka, aho yavuze ko ingabo za FARDC n’ababafasha mu rugamba rwo kurwanya M23 bongeye gutera ibisasu mu duce dutuwe n’abasivile benshi.

Yagize ati: “Igihe cy’isaha umunani z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, ihuriro ry’ingabo za Guverinema ya Kinshasa, zirimo FARDC, Abacanshuro, Wazalendo, FDLR n’Ingabo z’u Burundi na SADC, zagabye ibitero mu turere dutuwe cyane turimo Mushaki, Karuba, ndetse no mu nkengero zaho.”

Yakomeje agira ati: “Ingabo ziharanira impindura matwara ya Congo (ARC/M23), zikomeje kurwana ku baturage no kubyabo, kandi zirarwana kinyamwuga.”

Iy’i mirwano yongeye kubura mu gihe i Luanda hari ibiganiro biri guhuza abategetsi b’u Rwanda n’aba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bakaba bari kuganira ku ntambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Kimweho, ku munsi w’ejo hashize, i Masisi, Nyiragongo na Rutshuru hiriwe ituze, bitandukanye n’ibitero byabaye ku munsi ubanziriza uw’ejo, aho ibibombe biremereye byatewe i Minova bisiga byishe abasivile binasenya n’inyubako, zituwemo n’abantu n’izikorerwamo ibitandukanye.

Ni mu gihe no mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, M23 yafashe ibice birimo Kirumbu na Kalengera.

         MCN.
Tags: FARDC FDLRIbiteroIhuriro ry'i Ngabo za RDCKarengeraM23MasisiMushakiSADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Guverinoma ya Nigeri zaguye muri Ambush y’inyeshamba z’abajihadiste, maze agahorero karaba.

Ingabo za Guverinoma ya Nigeri zaguye muri Ambush y'inyeshamba z'abajihadiste, maze agahorero karaba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?