• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuva igihe c’amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Kuva igihe c’amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari  urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’i ngabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ry’ubuye ibitero mu duce two muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kugicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 22/03/2025, abarwanirira leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bongeye gusubukura ibitero mu bice bya Karuba, Mushaki no mu nkengero zaho, muri teritware ya Masisi.

Ibi byemejwe n’u muvugizi wa M23/AFC mu bya politique, Lawrence Kanyuka, aho yavuze ko ingabo za FARDC n’ababafasha mu rugamba rwo kurwanya M23 bongeye gutera ibisasu mu duce dutuwe n’abasivile benshi.

Yagize ati: “Igihe cy’isaha umunani z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, ihuriro ry’ingabo za Guverinema ya Kinshasa, zirimo FARDC, Abacanshuro, Wazalendo, FDLR n’Ingabo z’u Burundi na SADC, zagabye ibitero mu turere dutuwe cyane turimo Mushaki, Karuba, ndetse no mu nkengero zaho.”

Yakomeje agira ati: “Ingabo ziharanira impindura matwara ya Congo (ARC/M23), zikomeje kurwana ku baturage no kubyabo, kandi zirarwana kinyamwuga.”

Iy’i mirwano yongeye kubura mu gihe i Luanda hari ibiganiro biri guhuza abategetsi b’u Rwanda n’aba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bakaba bari kuganira ku ntambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Kimweho, ku munsi w’ejo hashize, i Masisi, Nyiragongo na Rutshuru hiriwe ituze, bitandukanye n’ibitero byabaye ku munsi ubanziriza uw’ejo, aho ibibombe biremereye byatewe i Minova bisiga byishe abasivile binasenya n’inyubako, zituwemo n’abantu n’izikorerwamo ibitandukanye.

Ni mu gihe no mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, M23 yafashe ibice birimo Kirumbu na Kalengera.

         MCN.
Tags: FARDC FDLRIbiteroIhuriro ry'i Ngabo za RDCKarengeraM23MasisiMushakiSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Guverinoma ya Nigeri zaguye muri Ambush y’inyeshamba z’abajihadiste, maze agahorero karaba.

Ingabo za Guverinoma ya Nigeri zaguye muri Ambush y'inyeshamba z'abajihadiste, maze agahorero karaba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?