Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 4, 2025
in Conflict & Security
0
Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.

You might also like

Abunganira Mutamba bagize icyo basaba urukiko.

AFC/M23 yambuye ihuriro ry’Ingabo za RDC uduce twinshi.

Hatowe ibisasu n’imbunda byari byarahishwe na FARDC n’Ingabo z’u Burundi.

Umubare w’abantu ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zimaze kwicira mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’aho umutwe wa M23 wirukanye izi ngabo mu bice byinshi byo muri iyi ntara na Kivu Yaruguru zigahungira muri uyu mujyi wa Uvira, n’abantu babarirwa 70.

M23 yafashe umujyi wa Goma muri Kivu y’Amajyaruguru ku ya 27/01/2025, icyo gihe ni bwo ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zatangiye guhungira i Bukavu na Uvira.

Ahagana ku wa 16/02/2025, uyu mutwe na bwo winjiye muri Bukavu urayifata, Ingabo za Leta zari ziyirimo hamwe n’izari zayihungiiyemo ziturutse i Goma, zahungiye i Uvira na Nyengezi kimwe na Kamanyola.

Nanone kandi Kamanyola na Nyangenzi, n’ibindi bice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo, byaje kwigarurirwa n’aba barwanyi bo muri M23, abahunze bo muri uru ruhande rwa Leta ya Congo bagahungira i Uvira.

Ibi byaje gutuma iki gice cy’umujyi wa Uvira cyaje no kwimurirwamo ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo ku rwego rwa Leta y’i Kinshasa, kibamo umutekano muke, abaturage batangira kwicwa kibandi no gusahurwa ibyabo.

Ababicaga bakanabasahura, ni FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo.

Itsinda ry’abaturage bake riherereye muri icyo gice cya Uvira amatohoza ryakoze, rirangije riha ubu butumwa ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, ryasanze abaturage bamaze kwicwa muri ubwo buryo bwavuzwe haruguru ari 64, ariko ko uyu mubare ushobora kuzamuka ukarenga 70 mu gihe boramuka bashizemo n’abasirikare bishwe n’abo muri ubwo buryo.

Ubutumwa bw’iri tsinda bwanditse bugira buti: “Uvira, guhera mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka kugeza uyu munsi, abantu 64 nibo bamaze kwicwa. Uyu mubare ushobora kwiyongeraho dushizemo n’abasirikare bishwe muri ubwo buryo.”

Muri aba baturage bishwe barimo Kinyungu Sangephar w’imyaka ikabakaba 60, wiciwe muri Quartier ya Mulongwe, yicwa arashwe igihe cijoro mu byumweru bitatu bishize.

Barimo kandi n’abandi bantu babiri bishwe ijoro rimwe muri Quartier ya Karmeli/Talatala, bicwa mu ijoro ryo ku itariki ya 19/05/2025.

Si abo gusa kuko no mu ijoro ryo ku itariki ya 11/05/2025, hishwe kandi undi mugabo wari uzwi cyane ku izina rya Angola, we yarasiwe muri Quartier ya Kabindula iherereye hafi no mu mujyirwagati wa Uvira.

Hanyuma y’ibyo hari
n’abandi bagiye bicwa mu bihe bitandukanye, uherereye mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Nk’uko iri tsinda ribisobanura abenshi muri aba bishwe, bazize gushigikira umutwe wa M23, abandi bakishwa igihe baje gusahurwa naziriya ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo bagira ngo bari rwanirira bakaraswa.

Kugeza n’ubu uyu mujyi wa Uvira uracyarimo umutekano muke. Benshi bizera ko ubwicanyi buwukorerwamo, buzarangira mu gihe uzaba wageze mu biganza by’abarwanyi ba M23 n’aba Twirwaneho.

Unarebye ibice aba barwanyi bamaze kubohoza birangwamo amahoro n’ituze, bitandukanye kure n’uduce ingabo za Congo n’abambari bazo bagenzura.

Tags: AbantuBishweUvira
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Abunganira Mutamba bagize icyo basaba urukiko.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Abunganira Mutamba bagize icyo basaba urukiko.

Abunganira Mutamba bagize icyo basaba urukiko. Mu rubanza Constant Mutamba wabaye minisitiri w'ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, abanyamategeko bamwunganira barubwiriyemo urukiko rusesa imanza rumuburanisha ko yarugejejwemo...

Read moreDetails

AFC/M23 yambuye ihuriro ry’Ingabo za RDC uduce twinshi.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

AFC/M23 yambuye ihuriro ry'ingabo za RDC uduce twinshi. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryafashe uduce twagenzurwaga n'ingabo za Congo, duherereye muri teritware ya Masisi mu ntara ya...

Read moreDetails

Hatowe ibisasu n’imbunda byari byarahishwe na FARDC n’Ingabo z’u Burundi.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Hatowe ibisasu n’imbunda byari byarahishwe na FARDC n’Ingabo z’u Burundi.

Hatowe ibisasu n'imbunda byari byarahishwe na FARDC n'Ingabo z'u Burundi. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatoraguye ibisasu n'intwaro zari zarahishwe mu bice byo mu mujyi wa Goma...

Read moreDetails

Kivu y’Epfo: Abakora ubutabazi bari kugerageza bashakisha abagwiriwe n’ikirombe.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Kivu y’Epfo: Abakora ubutabazi bari kugerageza bashakisha abagwiriwe n’ikirombe.

Kivu y'Epfo: Abakora ubutabazi bari kugerageza bashakisha abagwiriwe n'ikirombe. Mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, abakora ubutabazi bari gukoresha amaboko gusa hamwe n'ibikoresho biciriritse mu kugerageza...

Read moreDetails

Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

Leta y'i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw'igihugu. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko igiye gukora ibishoboka byose kugira ngo igarure amahoro...

Read moreDetails
Next Post
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?