• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
June 4, 2025
in Conflict & Security
0
Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Umubare w’abantu ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zimaze kwicira mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’aho umutwe wa M23 wirukanye izi ngabo mu bice byinshi byo muri iyi ntara na Kivu Yaruguru zigahungira muri uyu mujyi wa Uvira, n’abantu babarirwa 70.

M23 yafashe umujyi wa Goma muri Kivu y’Amajyaruguru ku ya 27/01/2025, icyo gihe ni bwo ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zatangiye guhungira i Bukavu na Uvira.

Ahagana ku wa 16/02/2025, uyu mutwe na bwo winjiye muri Bukavu urayifata, Ingabo za Leta zari ziyirimo hamwe n’izari zayihungiiyemo ziturutse i Goma, zahungiye i Uvira na Nyengezi kimwe na Kamanyola.

Nanone kandi Kamanyola na Nyangenzi, n’ibindi bice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo, byaje kwigarurirwa n’aba barwanyi bo muri M23, abahunze bo muri uru ruhande rwa Leta ya Congo bagahungira i Uvira.

Ibi byaje gutuma iki gice cy’umujyi wa Uvira cyaje no kwimurirwamo ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo ku rwego rwa Leta y’i Kinshasa, kibamo umutekano muke, abaturage batangira kwicwa kibandi no gusahurwa ibyabo.

Ababicaga bakanabasahura, ni FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo.

Itsinda ry’abaturage bake riherereye muri icyo gice cya Uvira amatohoza ryakoze, rirangije riha ubu butumwa ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, ryasanze abaturage bamaze kwicwa muri ubwo buryo bwavuzwe haruguru ari 64, ariko ko uyu mubare ushobora kuzamuka ukarenga 70 mu gihe boramuka bashizemo n’abasirikare bishwe n’abo muri ubwo buryo.

Ubutumwa bw’iri tsinda bwanditse bugira buti: “Uvira, guhera mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka kugeza uyu munsi, abantu 64 nibo bamaze kwicwa. Uyu mubare ushobora kwiyongeraho dushizemo n’abasirikare bishwe muri ubwo buryo.”

Muri aba baturage bishwe barimo Kinyungu Sangephar w’imyaka ikabakaba 60, wiciwe muri Quartier ya Mulongwe, yicwa arashwe igihe cijoro mu byumweru bitatu bishize.

Barimo kandi n’abandi bantu babiri bishwe ijoro rimwe muri Quartier ya Karmeli/Talatala, bicwa mu ijoro ryo ku itariki ya 19/05/2025.

Si abo gusa kuko no mu ijoro ryo ku itariki ya 11/05/2025, hishwe kandi undi mugabo wari uzwi cyane ku izina rya Angola, we yarasiwe muri Quartier ya Kabindula iherereye hafi no mu mujyirwagati wa Uvira.

Hanyuma y’ibyo hari
n’abandi bagiye bicwa mu bihe bitandukanye, uherereye mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Nk’uko iri tsinda ribisobanura abenshi muri aba bishwe, bazize gushigikira umutwe wa M23, abandi bakishwa igihe baje gusahurwa naziriya ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo bagira ngo bari rwanirira bakaraswa.

Kugeza n’ubu uyu mujyi wa Uvira uracyarimo umutekano muke. Benshi bizera ko ubwicanyi buwukorerwamo, buzarangira mu gihe uzaba wageze mu biganza by’abarwanyi ba M23 n’aba Twirwaneho.

Unarebye ibice aba barwanyi bamaze kubohoza birangwamo amahoro n’ituze, bitandukanye kure n’uduce ingabo za Congo n’abambari bazo bagenzura.

Tags: AbantuBishweUvira
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?