• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.

minebwenews by minebwenews
July 11, 2024
in Regional Politics
0
Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ihuriro ry’imitwe ya politiki riyobowe na Martin Fayulu ryasabye Guverinoma ya Kinshasa gucana umubano na Uganda, ndetse no gusesa amasezerano yose ya gisirikare iki gihugu kigirana na Uganda.

Bije nyuma y’uko umuryango w’Abibumbye, ONU, uheruka gusohora raporo kuri Repubulika ya demokarasi ya Congo, igaragaza ko Uganda ifite uruhare runini mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Impuguke za LONI zagaragaje ko abayobozi ba M23 bagiye i Kampala, aho ngo bashoboye kugirana inama n’abandi bayobozi b’imitwe y’itwaje intwaro. Iriya raporo yemeza ko Uganda yagize uruhare muri ayo makimbirane mu gufasha M23, ikirego cyari kitarashyirwa ku mugaragaro Uganda yahise itera utwatsi iby’iyo raporo.

Nyuma y’iyi raporo, Lamuka, ihuriro ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, ryahise risaba Kinshasa guhagarika umubano w’ubabanyi n’amahanga na Uganda.

Iri huriro, binyuze ku muvugizi waryo, Prince Epenge, yatangaje ko Guverinoma ya Congo yirengagije nkana uruhare rwa Uganda.

Asaba ko iki gihugu cya RDC ko cyahita gisesa amasezerano yose cyagiranye n’iki gihugu cya Uganda.

Mu busanzwe leta ya Kinshasa yagiye uvuga ko M23 ifashwa n’u Rwanda, ibyo u Rwanda rwagiye rutera utwatsi inshuro nyinshi, ndetse rugashinja Kinshasa kuba ari yo ifasha byahafi Interahamwe, FDLR, izirimo abasize bakoze genocide mu Rwanda. Kimweho hari abanyapolitiki bamwe ba Kinshasa bagiye bavuga ko Uganda ifite uruhare mu gutera inkunga M23, nubwo nta bimenyetso bibigaragaza berekanye.

                 MCN.
Tags: Gucana umubano na UgandaIhuriroLamuka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igitero kidasanzwe cyangirije ibibuga by’indege byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Igitero kidasanzwe cyangirije ibibuga by'indege byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?