Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 11, 2024
in Regional Politics
0
Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ihuriro ry’imitwe ya politiki riyobowe na Martin Fayulu ryasabye Guverinoma ya Kinshasa gucana umubano na Uganda, ndetse no gusesa amasezerano yose ya gisirikare iki gihugu kigirana na Uganda.

Bije nyuma y’uko umuryango w’Abibumbye, ONU, uheruka gusohora raporo kuri Repubulika ya demokarasi ya Congo, igaragaza ko Uganda ifite uruhare runini mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Impuguke za LONI zagaragaje ko abayobozi ba M23 bagiye i Kampala, aho ngo bashoboye kugirana inama n’abandi bayobozi b’imitwe y’itwaje intwaro. Iriya raporo yemeza ko Uganda yagize uruhare muri ayo makimbirane mu gufasha M23, ikirego cyari kitarashyirwa ku mugaragaro Uganda yahise itera utwatsi iby’iyo raporo.

Nyuma y’iyi raporo, Lamuka, ihuriro ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, ryahise risaba Kinshasa guhagarika umubano w’ubabanyi n’amahanga na Uganda.

Iri huriro, binyuze ku muvugizi waryo, Prince Epenge, yatangaje ko Guverinoma ya Congo yirengagije nkana uruhare rwa Uganda.

Asaba ko iki gihugu cya RDC ko cyahita gisesa amasezerano yose cyagiranye n’iki gihugu cya Uganda.

Mu busanzwe leta ya Kinshasa yagiye uvuga ko M23 ifashwa n’u Rwanda, ibyo u Rwanda rwagiye rutera utwatsi inshuro nyinshi, ndetse rugashinja Kinshasa kuba ari yo ifasha byahafi Interahamwe, FDLR, izirimo abasize bakoze genocide mu Rwanda. Kimweho hari abanyapolitiki bamwe ba Kinshasa bagiye bavuga ko Uganda ifite uruhare mu gutera inkunga M23, nubwo nta bimenyetso bibigaragaza berekanye.

                 MCN.
Tags: Gucana umubano na UgandaIhuriroLamuka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Igitero kidasanzwe cyangirije ibibuga by’indege byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Igitero kidasanzwe cyangirije ibibuga by'indege byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?